Maniraruta Martin wamamaye nka Mani Martin bwa mbere yemeko ari mu rukundo n’umukobwa atifuje gutangaza amazina, ngo nawe azava mu busore age mu cyiciro cy’umugabo uhamye ubana n’umugore...
Umugabo witwa Habib wo mu gace ka Delta ko muri Nigeria, yitwikiye mu nzu nyuma yo gusanga umugore basezeranye kubana akaramata, bagakundana mu bibi no mu byiza ndetse ntibacane inyuma,...
Umunyamuziki Paul Okoye [ukunda kwiyita Rude Boy] ubarizwa mu itsinda rya P Square, yibarutse abana babiri b’impanga umuhungu n’umukobwa.
Aba bana bavukiye muri Leta ya Atlanta muri Leta zunze...
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse ku rutonde ngarukakwezi rw’ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi FIFA umwanya umwe aho yaje ku mwanya wa 127 ku rutonde rushya rwasohotse kuri uyu wa kane taliki...
Ikipe y’igihugu Amavubi yazamutse imyanya itandatu ku rutonde ngarukakwezi rw’ umupira w’ amaguru ku isi FIFA rugaragaza uko amakipe y’ibihugu mu mupira w’amaguru ahagaze. Kuri ubu u Rwanda rwicaye ku...
Wole Soyinka umwanditsi w’Umunyafurika wigeze no guhabwa igihembo cyitiriwe Nobel yameje ko yaciye ikarita imuha uburenganziraa bwo kuba muri Amerika nk’umunyamerika nyuma y’uko Donald Trump...
Ni kunshuro ya 66, Miss World 2016 iri kuba, biteganyijwe ko izasozwa kuwa 18 Ukuboza 2016 mu birori bizabera kuri Gaylord National Resort & Convention Center mu Mujyi wa Washington, D.C....
Manzi James uzwi ku izina rya Humble Jizzo umwe mu basore babarizwa mu itsinda rya Urban Boys riherutse kwegukana PGGSS6, aravuga ko ’gukoresha neza igihe’ ari isomo rikomeye yigishijwe n’umukunzi...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi ku ndwara z’ abantu muri Tanzania (NIMR), cyatangaje ko muri iki gihugu wabonetse abantu banduye Virus ya Zika.
Ni ibyatangajwe na Dr. Mwele Malecela uyobora...
Umunya Nigeria utoza ikipe ya Sunrise, Chibe Andrew yatangaje ko ikipe ye ari nziza cyane yakabaye ikora byinshi inatanga umusaruro kuruta uwo itanga muri iyi minsi, gusa bitewe n’uko hari ibyo...
Ayodeji Ibrahim Balogun [Wizkid] arataramira mu gihugu cya Uganda mu ntangiriro za 2017. Ni nyuma y’uko ashyiriwe impapuro zo kumuta muri yombi ashyinjwa ubuhemu n’ubwambuzi ku munota wa nyuma...
Umuririmbyi Tiwa Savage [Tiwatope Savage-Balogun] uherutse kwinjira muri Roc Nation ya Jay Z, agiye gutaramira i Kigali tariki ya 04 Werurwe 2017 mu birori byiswe Women Achievement Gala bizabera...
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya w’100 ku rutonde ngarukakwezi rukorwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi, Fifa.
U Rwanda rwari ku mwanya wa 93 mu kwezi gushize rwaje kuri uwo mwanya,...
Ikibuga mpuzamahanga cya Kigali Kigali International Airport giherereye I Kanombe mu mujyi wa Kigali cyashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afurika y’ uburasirazuba n’ uwa kabiri mu bibuga by’ indege...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare ’Team Rwanda’ yatangiye shampiyona nyafurika iri kubera mu Misiri itwara umudari wa Bronze nyuma yo kwegukana umwanya wa gatatu mu gace gafungura...