Umuyobozi w’ ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu PL ryatangiriye ibikorwa byo kwiyamamaza mu murenge wa Base mu karere ka Rulindo yizeje abanyarwanda ko bazabona impinduka muri...
Komisiyo y’amatora (NEC) yatangaje ko mu bantu 539 batanze kandidatire zabo bashaka kwiyamamaza mu matora y’Abadepite ateganyijwe mu kwezi gutaha, abagera kuri 521 ari bo babyemerewe, bivuze ko...
Dr Iyamuremye Augustin wari Perezida wa Sena yeguye kuri uyu mwanya no ku busenateri nkuko yabyanditse mu ibaruwa y’ubwegure bwe.
Mu ibaruwa yanditse yavuze ko yeguye ku mwanya w’ubusenateri...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Kanama 2017, Abanyarwanda baramukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika y’u Rwanda muri manda y’imyaka ndwi. Ni mu gihe hanze y’Igihugu baraye batoreye mu...
Paul Kagame wakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Gasabo ko mujyi wa Kigali, yavuze ko hari abibaza niba u Rwanda ruzagira amahoro igihe azaba atarikiri Perezida wa Repubulika.
Ku...