Kuri uyu wa Kane,tariki ya 21 Ukuboza,Kiliziya Gatolika mu Rwanda yemeje ko idashobora guha umugisha umubano w’ababana bahuje igitsina kuko byaba bivuguruza itegeko ry’Imana n’Umuco...
Myugariro Rwatubyaye Abdul yatangaje ko APR FC ayifata nka se mu gihe Rayon Sports ayifata nk’umugabo wa kabiri w’umubyeyi bityo ko APR FC ariyo iganje mu mutima we...
Musenyeri Christopher Saunders wo muri Australia yashinjwe icyaha cyo gufata ku ngufu mu rukurikirane rw’ibyaha bishingiye ku mibonano mpuzabitsina – bimwe muri byo byakorewe...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yagaragaje ko ku wa 07 Mata 1994, abari mu rugo rwa musaza we, Landouald Ndasingwa wari uzwi nka...
Umunyeshuri wigaga mu mwaka wa karindwi w’amashuri abanza muri Tanzania, ku ishuri ribanza rya Olomitu riherereye ahitwa Chekereni mu Mujyi wa Arusha, witwa Yusuph Zaphania w’imyaka 13 y’amavuko,...