Umugore wo mu gihugu cya Amerika muri New York Jessie Lipskin yafashe umwanzuro wo kubaka inzu y’akataraboneka yifashishije ikibisi cya shaje cyo mu bwoko bwa 1966 GMC yari amaze igihe kinini...
Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika nyarwanda yatangaje ko abarangazwa n’imyambarire y’umugore we ari ibisambo, ngo umukunzi we n’umunyamideli...
Kwizigira Jean Claude uzwiho kogeza umupira w’amagura kuri Radio Rwanda yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Umubyeyi Clarisse bamaze igihe bakundana.
Uyu munsi nibwo Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ryashyize hanze uko amatsinda ya UEFA Europa League ateye, aho amakipe akomeye mu Bwongereza Arsenal na Chelsea zamaze kumenya aho amakipe zigomba...
Umunyamukuru uzwi cyane mu kogeza umupira kuri Radio Rwanda Axel Rugangura yatangaje ko mu mwaka utaha agiye gutegura amarushanwa yo gushakisha impano z’abana bazi kogeza umupira kugira ngo...
Barack Obama umwirabura wa mbere yabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika yavuze ko Bush yari umuntu ukunda igihugu, avuga ko yifatanije mu kababaro n’ umuryango we anongeraho ko imitima y’...
Alexia uwera Mupende wari umunyamideli ukomeye mu Rwanda, yishwe ku mugoroba wo kuwa 08 Mutarama 2019, atewe icyuma bikekwa ko byakozwe n’uwari umukozi wo mu rugo n’ubwo ataratabwa muri...
Bwa mbere mu mateka amakipe 4 yo mu bwongereza agiye guhurira ku mikino ya nyuma y’ibikombe by’I Burayi kuko nyuma ya Tottenham na Liverpool zizahurira ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions...
Mu nkengero z’Ikiyaga cya Kivu ahitaruye Umujyi wa Rubavu niho habereye ibirori bibereye ijisho byo gusaba, gukwa no gusezerana imbere y’Imana hagati ya Manzi James [Humble Jizzo] n’umugore we Amy...
Imirwano y’imbunda ziremereye yumvikanye mu masaha yo ku wa gatandatu mu ntara ya Lower Shabelle mu majyepfo ya Somalia nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru byaho.
Umugore w’uwahoze ari umukinnyi wa filimi yamenyekanye cyane yitwa ‘Tarzan’ wamenyekanye yapfuye yishwe n’umuhungu wabo w’imyaka 30 y’amavuko ahita apfa ubwo bari bari mu rugo rwabo muri leta ya...
Benshi mu baturage bo muri Nigeria banenze perezida wabo Muhammadu Buhari wahaye umukobwa we indege ye akoresha mu ngendo ayijyana muri gahunda ze bwite mu gace kitwa...
Imyaka Igera Kuri 26 Ishize Habaye Jenoside Yakorewe Abatutsi, Hari Ibimenyetso Byinshi Bikomeje Kugaragara Bishimangira Ko Yari Yarateguwe, N’ubwo Hari Abakomeje Guhakana Ko...
Kuri uyu wa Gatanu nibwo hemejwe inkuru yari imaze iminsi ivugwa y’ifatwa rya Nsengimana Herman wahoze ari Umuvugizi w’Umutwe wa FLN, umwanya atamazeho kabiri nyuma yo gusimbura Nsabimana Callixte...
Hari imodoka nziza yo mu bwoko bwa Toyota Corolla iri kugurishwa. Iyi modoka ni automatic, yakorewe mu Bufaransa, ni nshyashya, ifite pulaki RAE.... n’ibindi byangombwa byose(assurance na controle...
Umugabo witwa Bunani Jean Claude wabaye icyamamare hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yagaragaye ari kurokora umwana wari uri gutwarwa n’amazi ya ruhurura I Nyabugogo mu karere...
Ibiro bya minisitiri w’intebe byatangaje ko kuri uyu wa 07 Gashyantare 2020, hashyizwe mu myanya abayobozi, mu Mujyi wa Kigali batacyitwa ba Meya b’uturere ahubwo biswe “Abayobozi Nshingwabikorwa...
Nyuma y’iminsi 14 mu Rwanda hagaragaye umurwayi wa mbere wanduye icyorezo cya Coronavirus, we na bagenzi be 60 bari kuvurirwa mu bitaro bya Kanyinya, mu Karere ka...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Mata 2020,Abadivantiste bavuguruye bo mu Kagari ka Kibirizi mu murenge wa Rubengera,mu karere ka Karongi, bafashwe bishe amabwiriza ya Leta yo kuguma mu rugo...
Nyuma y’aho umurwayi wa mbere wa Coronavirus agaragaye mu Rwanda kuwa 14 Werurwe 2020,amakuru meza nuko kuri iki Cyumweru abarwayi bane ba COVID-19 mu Rwanda basezererwe bagusubira mu miryango...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 05 Mata 2020, hagaragaye abantu bashya 2 bafite ubwandu bwa Coronavirus,bituma umubare w’abantu bamaze kwandura COVID-19 uba...