Uwimana Fransis uzwi nka Fireman yongeye kugaragara mu rukiko kuri uyu wa Mbere asaba kugirwa umwere ku cyaha cyo gukubita no gukomeretsa, mu gihe ubushinjacyaha buri gusaba ko igihano yahawe...
Uwimana Francis wamamaye mu muziki nka Fireman kuri uyu wa 31 Ukuboza 2019, yagejejwe mu Rukiko rwa Gisirikare aho yatangiye kuburanishwa ku cyaha cy’ubufatanyacyaha mu gukubita no gukomeretsa...
Umuraperi Uwimana Francis uzwi nka Fireman, wagiye yiyita Godson, Musirikare n’andi menshi mu muziki umwe mu baraperi bahoze mu itsinda rya Tuff Gang, nyuma y’umwaka yari amaze ari kugororerwa...
Abarema isoko rya kirambi riherereye mu murenge wa Nyagisozi ho mu karere ka Nyanza, baravuga ko babangamirwa n’uko iri soko nta bwiherero rusange rigira.
The CEO Big Talent one Edrisa Mussuza alias Eddy Kenzo while appearing on Spark TV refuted claims and allegations of wedding Rema Namakula when he disclosed that he has no intentions of making a...
Hannah Karema Tumukunde wegukanye ikamba rya Nyampinga wa Uganda 2023 na Eddy Kenzo bakomeje kuvusha benshi aho bivugwa ko baba bari mu rukundo rw’ibanga.
Umuraperi Fireman avuga ko agowe cyane no kubaho muri ibi bihe abantu basabwa kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Coronavirus bityo ko akwiye ubufasha kuko yabaho...
Ubu bukwe bwabaye nyuma y’amakuru atandukanye yagiye avugwa ko hari ubwumvikane buke mu muryango wa Eddy Kenzo n’umuhanzikazi Rema Namakula, bikaba ari nabyo byabaye intandaro yo guca ukubiri buri...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Adrien Misigaro atangaza ko yiyemeje kuba hafi umuraperi Fireman haba mu muziki we no mu buzima busanzwe ku buryo afite icyizere cy’uko azakira...
Umuraperi Uwimana Francis uzwi nka Fireman agiye kurangiza umwaka yari amaze agororerwa Iwawa ndetse we na bagenzi be bagera ku 2,151 bazarekurwa kuwa 20 Nzeri 2019 basubire mu buzima...
Indirimbo ‘This is Love’ ya Rema Namakula na The Ben iri guhatana mu byiciro bibiri by’ibihembo ‘Zzina Awards’ bitangwa na radiyo ikomeye muri Uganda ‘Galaxy...