Gusoza umwaka ugatangira undi, ni inzozi za buri wese ariko na none hari abatabasha kuzikabya Rurema akabisubiza kare. Ibyamamare hirya no hino ku isi, bikomeje gushimira Imana, bishimira ibyo...
Umuhanzi Bruce Melodie niwe uyoboye abahanzi b’Abanyarwanda kuri ubu nyumayo gukora amateka yo kuba umuhanzi Nyarwanda wa mbere utsindiye Trace Awards.
Umwana witwa Ishimwe Elve uwi mu kigero cy’imyaka 16 ari mu bana bane barohamye bagiye kurema isoko ry’ahitwa ku Cyome, mu Murenge wa Gatumba mu Karere ka Muhanga, ariko we akaba yaburiwe irengero...
Umwijima ni rumwe mu ngingo mbumbatira buzima ruherereye mu nda ahagana iburyo ,rukaba ari urugingo rufite akamaro karenga 500 mu mubiri wacu,harimo gusohora imyanda mu mubiri ,gukora indurwe...
Akenshi usanga ibyo abantu biyaturirah ariko bibagendekera ni byiza ko umuntu akwiye kwiyaturiraho amagambo meza mu kurema uwo ashaka kuba we kuko bimufasha kubaho ubuzima bwiza kandi...
Umugabo witwa Valens wari utuye Mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Gatunda mu mu Mudugudu wa Kabera mu Kagari ka Nyarurema yishwe bikekwa ko yaba yishwe ku kagambane k’abagabo yasambanyirizaga...
Umugore wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika yabaye umuntu wa gatatu ku isi ukize virus itera Sida (VIH),aba n’umugore wa mbere ukize iyi ndwara,hakoreshejwe uburyo bwo kumutera uturemangingo....
Vedasto Katologi wemeza ko ari se wa rutahizamu w’Amavubi na Simba SC yo muri Tanzania, Kagere Meddie, yasabye ko hakorwa ibizamini bya DNA (amasano abantu bafitanye hakoreshejwe uturemangingo...
Inzobere zivuga ko gusomana bifite akamaro kenshi mu buzima kuko birema ibyishimo mu mubiri w’abakundna. Ibice bikunzwe gukoreshwa muri iki gikorwa aribyo ni umunwa...
Umuhanzi w’icyamamare muri America no ku Isi mu njyana ya RnB, Tremaine Aldon Neverson uzwi nka Trey Songz yatangaje ko yanduye icyorezo cya Covid-19. Mu butumwa yatanze yasabye abantu kutamera...