skol
Kigali

Search: REMA (1541)

Reba imyitwarire mibi ugomba kwirinda kuko igabanya ubudahangarwa bw’umubiri wawe

Ubudahangarwa bw’umubiri wawe, bugira akamaro gakomeye ku buzima kuko bwitabazwa mu kurinda no kurwanirira umubiri ibyashaka kuwuhungabanya byose. Burinda ko mikorobe zose zagira aho zimenera,...
8 June 2017 6660 0

Eric Nshimiyimana yerekanye itandukaniro rya Karekezi Olivier, Jimmy Gatete n’abarutahizamu b’iyi minsi mu...

Eric Nshimiyimana umutoza wa AS Kigali avuga ko ikintu ba rutahizamu b’ubu batandukaniyeho n’abakera ari impano, kuko abatoza baratoza ariko ntibarema ngo bahe umukinnyi impano adafite. Ibi nibyo...
29 March 2017 4325 0

Evode Imena wari Minisitiri yarekuwe by’agateganyo

Kuri uyu mugoroba Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rwanzuye ko ku iburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo Evode Imena wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umutungo Kamere ushinzwe...
20 February 2017 1202 0

Abateretera kuri telefoni z’ butabazi bagiye gufatirwa ibihano

Minisiteri y’ubuzima na Polisi y’ u Rwanda bihanangiriye abakoresha nabi imirongo y’ ubutabazi yashyizweho ngo yifashishwe n’ abatabaza bari mu kaga cyangwa batabarizwa abari mu kaga. Inzego...
24 November 2016 416 0

Reba ibyo P Fla uri muri gereza yatangaje ku bivugwa ko nafungurwa azahita asubizwa muri Tuff Gang ndetse n’abahanzi...

Umuraperi Hakizimana Murerwa Amani uri muri Gereza ya Mageragere, aratangaza ko adashaka kunjya mu Itsinda iryo ariryo ryose yewe ahakana n’amakuru avugwa ko yaba agiye gusubizwa muri Tuff Gang...
10 July 2017 7972 0

Ese koko abagize itsinda rya Tuff Gang baba bagiye kongera gusenyera ku mugozi umwe nk’uko byahoze...

Jay Polly na Bull Dogg bahoze ari nk’ abavandimwe mu itsinda rimwe rya Tuff Gang batangaje ko aribo bayisenye kandi ko ari nabo bafite urufunguzo rwo kuyigarura bishyize hamwe. Tuff Gang itsinda...
22 August 2017 445 0

Ismaila Diarra ntari ku rutonde rw’abakinnyi ba Rayon Sports

Umukinnyi Ismaila Diarra ntari ku rutonde FERWAFA imaze gushyira hanze rw’abakinnyi amakipe yo mu Rwanda azakoresha mu mikino ya shampiyona y’u Rwanda Azam Rwanda Premier League 2017-2018. Uyu...
9 October 2017 2907 0

Aline yahojeje ababuze urubyaro, Priscillah amwifuriza kubyara agaheka

Aline Gahongaire, umugore mushya nyuma y’ibizazane by’urudaca yanyuzemo, ahamya ko nta hantu kure Imana itavana umuntu abikubira mu ijambo rimwe ajyanisha n’igihangano cye ‘niyo izabikora’. Aline...
27 November 2017 1908 0

Ikintu cyose umuntu ashobora gutekereza no kugikora yabishobora [VIDEO]

Abahanga mu by’ imitekererezo ya muntu bemeza ko mu bahanga bose babayeho bavumbuye ibyo bamwe tubona nk’ ibitangaza nta n’ umwe yigeze ashobora kubyaza umusaruro ubwenge Imana yamuhaye ngo ageze...
15 May 2018 2916 0

Dore umugambi wa Satani n’impamvu 7 ashaka ko abagore n’abakobwa bambara Amapantalo

Bibiliya, Gutegekwa kwa kabiri 22:5 Umugore cyangwa umukobwa ntakambarane n’umugabo, kandi umugabo ntakambarane n’umugore, kuko ukora atyo wese ari ikizira Uwiteka Imana yawe yanga urunuka. Si...
22 May 2018 6160 0

Uko Isi yiriwe tariki 1 Kamena 2018 [AMAFOTO]

Mu nshamake y’ uko Isi yiriwe tariki 1 Kamena 2018, muri Espagne Minisitiri w’ Intebe yatakarijwe icyizere, mu Rwanda Bernard Makuza yakiriye ambasaderi wa Ethiopia, mu karere ingagi zo mu birunga...
1 June 2018 2315 0

Menya ibidasanzwe ku isi dutuyemo hakurikijwe ibyo abahanga bagiye bavumbura

Imyumvire mishya ku bijyanye n’isanzure yaje muntangiriro z’ikinyejana cya 19 mu mateka y’isi azanywe na muntu. Gallille, Umutaliyani watangaje bwa mbere ko Isi izenguruka Izuba, ibintu byari...
5 June 2018 6300 0

Who Is The RPF Rebel And Baby In This Museum Photo? We Found Them

For four years back in 1990s, she donned the rare dotted green rebel uniform and gumboots – both of which were the signature attire of the Rwanda Patriotic Front/Army (RPF/A) rebels. Today, the...
3 July 2018 905 0

Why it’s not a tall order for Rwanda under Kagame

The towering, lithe man strode into the room stealthily, as if careful not to startle his guests. Although his entry snuffed out the hushed conversations, his presence lacked the imposing feel of...
22 July 2018 598 0

15 senators abandon Nigeria’s ruling party

Nigerian President Muhammadu Buhari’s ruling All Progressives Congress (APC) has suffered a setback with the defection of 15 senators to the opposition People’s Democratic Party...
24 July 2018 274 0

Umubyeyi utwite yemerewe gukomeza konsa umwana yazavuka agasangira ibere na mukuru we

Inzobere nyarwanda mu bijyanye no konsa zivuga ko umubyeyi ugize ibyago byo gusama umwana yonsaga akiri muto adakwiye kumukura ku ibere ahubwo ko aguma kumwonsa kugeza undi avutse bakaba...
5 August 2018 4472 0

Menya imibereho itangaje y’uruvu utari uzi

Uruvu rubarizwa mu nyamaswa z’ibikururanda. Aka gasimba kamabara nikamwe munyamaswa nke zishobora guhinduranya ambara y’uruhu rwazo. Gusa benshi bibeshyako uruvu cyangwa se chameleons zihindagura...
1 September 2018 3606 0

Umuntu waguye ku isi ufite amababa usa na Malayika akomeje guteza ururondogoro hirya no hino ku isi[AMAFOTO]

Ibi bintu bitamenyerewe na gato byabereye mu gihugu cy’ubwongereza ubwo hagaragaraga malayika mwishusho isa niy’abantu abatari bake bagacika ururondogoro.
3 October 2018 13537 0

Perezida Museveni yubahirije isezerano ubwo yasangiraga amafunguro ya ku manywa n’umukobwa wabahesheje ishema akegukana ikamba...

Ku mugoroba w’ejo, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni n’umuryango we bafatanye ifunguro na Quiin Abenakyo, Nyampinga wa Uganda uheruka kwegukana ikamba rya Nyampinga w’umugabane wa Afurika....
31 December 2018 5808 0

Kampala: Woman loses uterus after police assault

A human rights activist has had her uterus removed because of intense bleeding while giving birth following an alleged injury she suffered after police assaulted her. Ms Annette Nana Namata, a...
3 July 2019 3902 0

Moto zinywa Essence zigiye gucika mu Rwanda[AMAFOTO]

Mu kwezi gushize Perezida wa Repubulika Paul Kagame yateguje abamotari ko moto zinywa essence zigiye gusimbuzwa izitwarwa n’amashanyarazi, kandi ko icyo gikorwa nikirangira hazakurikiraho...
20 September 2019 3678 0

Reba ibintu 5 buri muntu wese wumva ko afite igitsina cy’umugore akwiye kumenya

Hari byinshi bitari ukuri bivugwa ku mbuga nkoranyambaga ku gitsina cy’umugore/umukobwa, hari umugore wihaye intego yo kubikosora.
9 November 2019 13651 0

Bebe Cool yatengushye umugore we

Umuhanzi wo muri Uganda Moses Ssali wamamaye nka Bebe Cool ubusanzwe azwiho gukunda by’ukuri umufasha we Zuena Kilema nk’uko akunze kubigaragariza abakunzi babo muri...
28 January 2020 4784 0

Polisi yahagaritse igitaramo cya Tuff Gangs cyacaga kuri You Tube kubera kwica amabwiriza Yo kwirinda...

Abaraperi bagize itsinda rya Tuff Gangs riri mu yazanye Hip Hop mu Rwanda batawe muri yombi na Polisi kubera igitaramo bakoze cyacaga kuri You Tube aho bashinjwa kwica amabwiriza yo kwirinda...
24 May 2020 1308 0

Isosi iboneka hatogoshejwe amagufa ifite akamaro gakomeye ku mubiri w’umuntu [UMUFA]

Umufa ni isosi iboneka hatogoshejwe amagufa y’inka, ihene, cg se inkoko, hari n’abakoresha amafi. Uyu mufa ni ingirakamaro cyane, kuko wuzuyemo intungamubiri...
9 September 2020 2743 0

Reba akamaro k’imbuto za watermelon ku buzima bw’umuntu

Akenshi ukunze gusanga abantu benshi barya watermelon, bakuramo imbuto zayo bakazijugunya. Aya ni amakosa akomeye cyane, kuko imbuto za watermelon zifitiye akamaro kanini ubuzima...
14 September 2020 4506 0

Reba ibyo kurya bituma usaza vuba[AMAFOTO]

Amafunguro ashobora gutuma usaza vuba, ukaba wagaragara nk’ushaje nyamara imyaka yo ikiri mike. Mu gihe urya cyane ibiryo byongera ububyimbirwe mu mubiri (high inflammatory foods) kenshi,...
19 September 2020 5220 0

Sobanukirwa byinshi ku binure n’akamaro kabyo[AMAFOTO]

Ibinure ni kimwe mu ntungamubiri z’ingenzi, kimwe na proteyine n’ibinyasukari (carbohydrates). Iyo bivuzwe benshi bumva ibintu bitandukanye; ni byiza birakenewe mu mubiri, ni bibi bitera...
20 September 2020 1511 0

Abega wari ushinzwe ubutasi muri FDLR yemeye bimwe mu byo aregwa birimo ubugambanyi

Abahoze ari abayobozi mu mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda batangiye kwiregura ku byaha by’ubwicanyi no gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda. Col Jean Pierre Nsekanabo wari ushinzwe...
1 October 2020 1424 0

Polisi yerekanye abasore 4 bakekwaho kwiba arenga miliyoni FRW sitasiyo za Peteroli

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 08 Ukwakira 2020,Polisi y’igihugu yerekanye abasore 8 muri 14 bakurikiranyweho ubujura bakoreye kuri za sitasiyo zicuruza ibikomoka kuri...
8 October 2020 1341 0
0 | ... | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | ... | 1530