Ikipe y’igihugu ya Brazil ihabwa amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi cy’uyu mwaka,ihagamwe n’Ubusuwisi banganya igitego 1-1 mu mukino wo mu itsinda E.
East African Community member states — Uganda, Tanzania, Kenya, and Rwanda — presented the 2018/2019 budgets before their respective parliaments on Thursday...
Supatra Sasuphan ni umwana w’umukobwa ukomoka mu gihugu cya Thailand, akaba yaraciye agahigo ko kuba afite imiterere yihariye aho afite ubwoya bwinshi cyane mu maso aho byanatumaga bagenzi be...
Umugabo witwa David Clark w’imyaka 49,yishe umugore we amuhoye ko yahoraga amutuka ko afite igitsina gito ndetse atamuryohereza iyo bari gukora imibonano...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane nibwo Urwego rw’Umuvunyi ku bufatanye na RIB (Urwego rw’Ubugenzacyaha) bataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyamagabe TWAYITURIKI Emmanuel...
Perezida wa Koreya ya Ruguru. Kim Jong Un yeretse abatuye Isi ko atizera umuntu uwari we wese mu muhuro wamuhuje na Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald...
Umugore n’umugabo we bari basohokeye ku mucanga wo muri Portugal,bashatse kwifata selfie bari kumwe bahagaze ku rukuta rurerure rwo kuri uyu mucanga barahanuka bikubita hasi bahita...
Umubano w’abantu ahanini ukomezwa no kuganira kenshi amagambo ukoreshya mu gihe uganira niyo atuma usubizwa neza cyangwa nabi ariko iyo bigeze ku bakundana ho biba akarusho dore ko ariho amagambo...
Benshi mu basore baterera ivi ahantu hisanzuye ndetse hari umutekano ariko umusore witwa Michael Beltrami w’imyaka 33 yakoze agashya ubwo yamanura umukunzi we mu kantu kameze nk’ikigega...
Mu gihe kingana n’amezi ane umuherwe Zari hassan ukunze kwiyita The Boss Lady adaca uwaka na Diamond Platnumz babanaga nk’umugore n’umugabo gusa kuri ubu baraca amarenga yo kuba basubirana nyamara...
Uruganda rwo mu murenge wa Gatsata akarere ka Gasabo rwafashwe n’ inkongi y’ umuriro mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 07 Kamena 2018 abanyerondo akaba aribo bashyirwa mu majwi kuba...
Umuhanzikazi wa Perrie Edwards usanzwe ari umukunzi w’umukinnyi Alex Oxlade Chamberlain ukinira ikipe ya Liverpool yifotoje amafoto menshi yiganjemo ayo yambaye utwenda tw’imbere ndetse...
Ikibazo gikunda kubangamira abasore benshi mu gutereta no kureshya abakobwa ni ukuba umufuka wabo udahagaze neza. Kuba ikofi y’umusore itarangwamo inoti zifatika, kuri konti ntacyibereyeho...
Aha bamwe ikibazo bakwibaza bwa mbere ni “ wowe se ibi urabivuga nka nde?” Mu gusubiza iki kibazo cyiza navuga ko ndi umusore, bityo ibiri buvugwe nanjye birandeba. Ntabwo ndi buvuge uko mbibona,...
Umuhanzikazi ukomoka muri Kenya witwa Akothee yibasiriwe n’abanya Kenya benshi kubera imyambariire ye mu gitaramo yakoreye I London muri weekend ishize.
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergey Lavrov uri mu ruzinduko mu Rwanda baganira ku mubano w’ibihugu...
Umuhanzi Qute Kaye ukomoka mu gihugu cya Uganda ari mu maboko ya Polisi yo mu gace ka Nateete mu gihugu cy’ubugande nyuma yo gufatwa arimo gucomora ibinyoteri by’imodoka y’abandi,ibi ngo akaba...