• Rayon Sports yatangaje ko iri mu biganiro n’umutoza w’umunya Romania Nedelcu Leonida Marian
• Rayon Sports izatangaza umutoza mushya mu cyumweru gitaha
• Karekezi aracyakurinywe n’ubugenzacyaha...
• Ronaldo yashyize hanze ifoto y’umwana we w’umukobwa aherutse kubyara
• Ronaldo yabyaye umwana wa kane muri uku kwezi
• Ronaldo yifuza kubyara abana 7
Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA Nzamwita Vincent uzwi nka De Gaulle yasuye abakinnyi b’ikipe y’igihugu ku munsi w’ejo taliki ya 28 Ugushyingo 2017 aho bari mu myiteguro...
Ikipe ya Tout Puissant Mazembe izwi ku kazina ka Englebert ituruka mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo mu mugi wa Lubumbashi aho yashinzwe mu mwaka wa 1939, kuri ubu imaze...
• Ndayisenga Valens na Niyonshuti Adrien nta makipe mashya barabona
• Niyonshuti Adrien ntiyagaragaye mu bakinnyi 27 Dimension Data izakoresha mu mwaka wa 2018
• Tirol Cycling izakinisha...
Umubyeyi wa Ryan Giggs wabaye igihangange mu ikipe ya Manchester United,yatangarije abanyamakuru ko nubwo hashize imyaka 7 uyu Giggs asambanyije umugore wa murumuna we,atigeze amusaba imbabazi...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea Antonio Conte ashobora gufatirwa ibihano bikarishye nyuma yo kwirukanwa ku ntebe y’ubutoza ku mukino aheruka gutsinda Swansea City 1-0,azize kubwira nabi umusifuzi. Uyu...
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yatangaje ko yahisemo kutajyana umukinnyi Buteera Andrew mu mikino ya CECAFA kubera gutinya ko yakongera kuvunika cyane ko amaze iminsi mike avuye mu...
FIFA imaze gutangaza uko amakipe yabonye itike yo gukina igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya umwaka utaha azahurira mu matsinda aho ikipe ya Portugal yisanze mu itsinda rimwe na Portugal rya B....
Abasore 2 b’abanyarwanda bakinaga mu ikipe ya Dimension Data yo muri Afurika y’Epfo bamaze kongera amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe nyuma y’aho ayo bari bafite yarangiranye na Tour du Rwanda...
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yasingije umunyezamu we David De Gea wamufashije gutsinda Arsenal ibitego 3-1,mu mukino yakuyemo imipira myinshi yagombaga kuba yabyaye ibitego....
Umusifuzi Ngabonziza Dieudonne wayoboye umukino wa Mukura VS na Miroplast FC ku munsi wa karindwi wa Azam Rwanda Premier League yahagaritswe by’agateganyo nyuma yo kwitwara nabi muri uyu mukino....