Ku mugoroba wo kuri uyu wa 01 Ukwakira 2017 nibwo habaye umuhango wo gusaba no gukwa aho Safi Madiba yasabye anakwa umukunzi we,Niyonizera Judithe bari bamaze iminsi babana mu inzu imwe.Ni nyuma...
Niyibikora Safi wamamaye nka Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys, kuri iki cyumweru tariki ya 01 Ukwakira yasezeranye imbere y’amategeko y’U Rwanda n’umukunzi we,Niyonizera Judithe bari bamaze...
Ibyo byabaye mu ijoro ryo ku wa gatanu tariki ya 18 Kanama 2017, mu gitaramo cyiswe “Intsinzi Concert” cyabereye kuri Petit Stade i Remera.
The Ben ubwo yahuraga n’uwo mukobwa ari...
Abahanzi barindwi bo mu Rwanda, bashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira ibihembo bikomeye bitangirwa mu gihugu cya Uganda byiswe ’HiPipo Music Awards’ bizatangwa kuwa 8 Gashyantare 2017 i...
Ruhumuriza James benshi bazi nka King James, umuhanzi umaze kuba ubukombe muri muzika nyarwanda, yatangaje abahanzi bazamurekereza mu karere ka Rubavu anavuga uko ibiciro bihagaze kugirango...
Mu mpera z’iki cyumweru, Umuririmbyi Karangwa Lionel uzwi nka Lil G ubwo yari atwaye imodoka yasinze, yari agonze abantu, ariko Imana ikinga ukuboko.
Umwe mu bamotari Lil G yari agonze yavuze ko...
Umuririrmbyi Mugisha Benjamin [The Ben] kuri uyu wa gatanu tariki ya 03 Mutarama 2017 mbere y’uko ataramira abaturage batuye mu Karere ka Rubavu yabanje gusura ishuri ryigisha umuziki rya Nyundo....
Umuraperi wo mu Burundi uzwi nka B Face yashyize ahagaragara video y’indirimbo yise “La Différance” (Itandukaniro) aho avuga ko yashakaga kugaragaza ko abaraperi bo mu Burundi barusha kure abo mu...
Itsinda rya Dream Boys ribarizwamo Paltini na Tmc nibo begukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi mu birori byasojwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya...