Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Ugushyingo 2017, amateka mashya aranditswe!Itsinda rya Urban Boys rigiye gukomeza urugendo rwa muzika ari babiri aho kuba batatu nk’uko byari bisanzwe ni nyuma...
• Ndayisenga Valens arifuza gutwara Tour du Rwanda ku nshuro ya 3
• Ndayisenga Valens yarahiriye kongera kwigaragaza muri iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 9
•Ndayisenga azakinira Tirol Cycling...
• Cassa Mbungo yatangaje ko yiteguye gukomereza ku ntsinzi yabonye kuri APR FC
• Kiyovu sports iracakirana na Gicumbi FC kuri uyu wa gatanu I Gicumbi
• Shampiyona y’u Rwanda iraza gukomeza ku munsi...
Abagororwa babiri batorokanye na Cassien Ntamuhanga muri Gereza ya Nyanza(Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira umwe yari afungiye ubuhotozi mugenzi we afungiye gusambanya ku gahato....
Nshimiyimana Muhammed wamamye nka Nizzo ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys yatangaje ko we na Humble Jizzo barambiwe by’ikirenga imyitwarire ya Safi Niyibikora Madiba akomeje kugaragaza, ngo...
Ubuyobozi bw’Itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bwafashe umwanzuroo guhinduranya abayobozi bari bahagarariye indembo n’uturere mu Rwanda.
UMURYANGO wamenye ko uyu muhango wabaye kuwa 25...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare FERWACY ryamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 15 bazahagararira u Rwanda mu irushanwa rya Tour du Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 9 aho izaba kuva...
Umusore Mugisha Samuel watwaye irushanwa rya Rwanda cycling Cup kuwa Gatandatu taliki ya 21 Ukwakira 2017 ubwo abasore 30 bazatorwamo 15 bazitabira Tour du Rwanda bahatanaga kuva Nyanza...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame niwe uzahabwa igihembo ‘World Tourism Award 2017’ ashimirwa ubuyobozi bwe bw’indashyikirwa mu guteza imbere ubukerarugendo, mu muhango uzabera mu nyubako ya ExCeL...
Umusore Mugisha Samuel uherutse kubura mama we niwe wegukanye irushanwa ry’abakinnyi 30 barimo 27 bari kwitegura Tour du Rwanda y’uyu mwaka aho abasore bavaga I Nyanza berekeza I Rubavu ku ntera ya...
Ikipe ya APR FC iraza gucakirana na AS Kigali ku mukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona ubimburira iyindi aho amakipe yombi araba arwanira kurara ku mwanya wa mbere by’agateganyo dore ko amakipe yombi...
Mu mpera z’iki cyumweru abakinnyi 28 bagomba kuzakurwamo abazitabira Tour du Rwanda 2017 igiye kuba ku nshuro ya 9 bagiye gusiganwa bimenyereza imwe mu mihanda izakoreshwa muri iri irushanwa....
Ingabire Gaby Irene Kamanzi, ni umwe mu bahanzikazi bakunzwe cyane mu Rwanda, ndetse no hanze mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana avuga ko kuba atarashaka ari umugambi w’Imana utarasohora....
Kuri uyu wa Gatandatu no ku cyumweru harakomeza imikino ya shampiyona y’ u Rwanda Azam Rwanda Premier League igeze ku munsi wayo wa kabiri aho amakipe atandukanye Hirya no hino araza gucakirana....
Umutoza Jimmy Mulisa aratangaza ko adatewe ubwoba n’ikipe ya Marines FC bazahura ku wa Gatandatu,nubwo umutoza wayo Rwasamanzi Yves azi byinshi ku ikipe ye cyane ko umwaka w’imikino ushize yawumaze...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare ryamaze gutangaza abakinnyi 28 bagomba kwitabira umwiherero wo kwitabira irushanwa ngarukamwaka ryo gusiganwa ku magare rya Tour du Rwanda aho...
Urukundo umukobwa yemereye Meddy mu gitaramo cyaberaga I Nyamasheke rukomeje gukemangwa niba ari ukuri cyangwa byari ugushimisha abafana bari bakitabiriye.
Meddy uri mu bitaramo bizazenguruka...
Akarere ka Rwamagana niko kabaye akambere mu kwesa imihigo y’ umwaka wa 2016/2017 kavuye ku mwanya wa 17 kariho mu mwaka wa 2015/17. Ubushize Rwamagana yari yagize amanota 74,26% ubu yagize 82.2%....
None ku wa Gatatu, tariki ya 04 Ukwakira 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Kuri uyu wa 30 Nzeri abahanzi bubashywe muri muzika Nyarwanda,Meddy na n’umuraperi Riderman bataramiye mu Karere ka Nyamashake. Ni muri Gahunga ya Airtel Muzika ihuriza hamwe abahanzi n’abafana...
Kuri uyu wa Gatandatu Taliki ya 30 Nzeri 2017, nibwo hateganyijwe gutangira imikino ya shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda aho ikipe ya APR FC iraza gutangira umuhigo w’igikombe cya...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Karekezi Olivier aratangaza ko ikipe yari imeze neza ku buryo iyo umuriro utabura bari gutsinda APR FC ibitego bigera kuri bine.
Uyu mutoza umaze gutwara...
Ikipe ya Rayon Sports imaze kwegukana igikombe kiruta ibindi mu Rwanda nyuma y’aho umukino wasubukuwe kuri uyu wa Gatatu taliki ya 27 Nzeri 2017 aho birangiye ari ibitego 2-0 cyane ko iminota 27...