Mu gihe kitageze ku kwezi rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang ageze mu Bwongereza mu ikipe ya Arsenal,yamaze kugura inzu y’akataraboneka yatangaje benshi kubera ubwiza bwayo n’ibikoresho biyirimo....
Rutahizamu w’ikipe ya Arsenal Pierre Emerick Aubameyang ari mu mazi abira kubera umugore ukomoka mu Budage uri kumushinja gushaka kumugonga ubwo yari agiye ku kibuga cy’imyitozo cya Dortmund atwaye...
Benshi mu bafana b’ikipe ya Chelsea batangiye kwibasira umutoza Antonio Conte kubera ukuntu Michy Batshuayi aherutse kurekura akerekeza mu ikipe ya Borussia Dortmund yaraye yitwaye ubwo yatsindaga...
Ikipe ya Arsenal yamaze gusinyisha rutahizamu Pierrre Emerick Aubameyang ukomoka mu gihugu cya Gabon imukuye mu ikipe ya Borussia Dortmund ku kayabo ka miliyoni 56 z’amapawundi.
Pierre Emerick...
FIFA imaze gutangaza uko amakipe yabonye itike yo gukina igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya umwaka utaha azahurira mu matsinda aho ikipe ya Portugal yisanze mu itsinda rimwe na Portugal rya B....
Umusore Ousmane Bembele umufaransa w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Borussia Dortmund, gusa wifuzwa cyane na FC Barcelona mu rwego rwo kumusimbuza Neymar Jr wifuza kujya mu ikipe ya PSG, yagaragaye...
Ikipe ya Chelsea iri muri gahunda yo gushaka rutahizamu mushya wo gusimbura Olivier Giroud na Tammy Abraham ikomeje kugorwa no kubona umunya Norway, Erling Haaland ukinira ikipe ya Borussia...
Ikipe ya Atletico Madrid na Borussia Dortmund zaraye zitwaye neza mu mikino ibanza ya 1/16 cya UEFA Champions League zari zakiriye ibgugu muri iri rushanwa gusa ntizibikiye impamba ihagije iziha...
Ikipe ya Real Madrid yeretse Ajax ko ari umwami wa UEFA Champions League ubwo yayisangaga ku kibuga cyayo iyitsinda ibitego 2-1,mu gihe Tottenham yandagaje Borussia Dortmund iyitsinda ibitego 3-0...
Rutahizamu w’ikipe ya Arsenal Pierre Emerick Aubameyang yifotoje ari kumwe n’imodoka ze zihenze maze yibasirwa na bamwe mu bakunzi be bamwita umwirasi.
Uyu musore yifotoje ari kumwe n’imodoka...
Umukwe wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump akaba n’ umujyanama we Jared Kushner, kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga yasubije ibibazo by’ abagize inteko ishinga amategeko...
Amakuru aravuga ko Kylian Mbappe yasizwe na bisi y’ikipe ya Paris Saint-Germain nyuma yo gutsindwa na Borussia Dortmund mu Budage mu mukino ubanza wa 1/2 cya UEFA Champions...
Ubwo intambara ya Russia na Ukraine irimbanije, niko nibihuha bikomeje kugenda bikwirakwira hirya no hino kumbuga nkoranyambaga ndetse bamwe mubadashishoza bakaba bakwemera ko ibivugwa...
Ikipe ya Paris Saint-Germain yabwiwe ko igomba gutegura umushahara wa miliyoni 43 zamapawundi ku mwaka niba ishaka gusinyisha umunya Norway,Erling Haaland ukinira muri Borussia Dortmund mu...
Mu gihe ikipe ya Chelsea iri mu rugamba rwo gushaka rutahizamu wo gufatanya nabo ifite,umunya Norway witwa Erling Haaland ukinira Borussia Dortmund arifuza kuyerekezamo muri iyi...
Kapiteni wa FC Barcelona,Lionel Messi,yemeye kongera amasezerano muri iyi kipe cyane ko ayo afite azarangira muri Kamena uyu mwaka gusa ngo yiyemeje kugabanya umushahara we kugira ngo afashe...
Ikipe ya Manchester City yamaze gutangaza ko umunyabigwi wayo Sergio Kun Aguero atazongererwa amasezerano ye azarangira mu mpeshyi ariyo mpamvu iri gushaka umusimbura we Erling Haaland ukinira...
Rutahizamu wa Manchester City witwa Sergio Aguero yatangaje ko abakinnyi bakinana banze kumuhereza umupira mu minota 15 yamaze mu kibuga ku mukino wa UEFA Champions League baraye batsinzemo...
Ikipe ya Chelsea yamaze kugura umukinnyi Christian Pulisic ukina asatira muikipe ya Borussia Dortmund akayabo ka miliyoni 58 z’amapawundi bemeranya ko azagera muri iyi kipe ikomeye mu Bwongereza...
Ubushakashatsi bwakorewe ku bagabo bagera ku 1,200 bakomoka mu bihugu bitandukanye nka Australia,USA, UK, Russia, New Zealand n’Ubudage bwagaragaje ko 40 ku ijana barakara cyane ndetse bakanicuza...
Ikipe ya Arsenal yaraye itangaje ko yasinyishije myugariro Sokratis Papastathopoulos imukuye mu ikipe ya Borussia Dortmund yo mu Budage ku kayabo ka miliyoni 16...