Ikipe y’Igihugu ya Eritrea yo gusiganwa ku magare yamaze gutangaza ko itazitabira Tour du Rwanda y’uyu mwaka kubera ibibazo by’ubukene ifite,bitungur benshi mu bakunzi bayo bayikundaga...
Murangwa Eric Eugene wahoze akinira ikipe ya Rayon Sports nk’umunyezamu ndetse wibukirwa ku kuba yarakinaga yambaye ingofero,yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kubera ko abashatse...
• Uwizeyimana Bonaventure niwe wegukanye agace ka 5 muri Tour du Rwanda 2017
• Uwizeyimana yegukanye agace ka mbere kuva yatangira gukina Tour du Rwanda
• Areruya Joseph niwe ugifite umwenda...
Akarere ka Rwamagana niko kabaye akambere mu kwesa imihigo y’ umwaka wa 2016/2017 kavuye ku mwanya wa 17 kariho mu mwaka wa 2015/17. Ubushize Rwamagana yari yagize amanota 74,26% ubu yagize 82.2%....
Ikipe ya Benediction y’I Rubavu niyo yegukanye irushanwa rya Muhazi Challenge aho yanikiye abasore ba Les Amis Sportifs cyane ko umusore wayo Byukusenge Patrick ariwe wegukanye aka gace ku munsi...
Umuhanzi Senderi International Hit, yakoze impanuka y’imodoka ubwo yerekezaga mu ntara y’Iburasirazuba, akomereka akaboka, imodoka ye irangirika ndetse ajyanwa mu bitaro bya Rwamagana ku mugoroba...
Kuri uyu wa gatatu nibwo ubuyobozi bwa FERWACY bumaze gutangaza inzira Tour du Rwanda izanyuramo aho hagaragaye imihanda mishya nka Musanze –Nyamata aho umugi wa Nyamata ari ubwa mbere ugiye...
Aba bakozi bari baryamye mu kazu ka shitingi gashinze mu irimbi ry’ abayisilamu i Nyamirambo
Abakozi bagera ku 9 bakoze igikorwa cyo kwimura imirambo bayikura mu irimbi ry’ abayisilamu I...
Ku itariki ya 11 Mata mu 2024, ni bwo Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwakatiye CG (Rtd) Gasana Emmanuel, gufungwa imyaka itatu n’amezi atandatu n’ihazabu ya miliyoni...
Kuri uyu waMbere tariki ya 22 Mata 2024,hamenyekanye amakuru avuga ko hari abacungagereza n’abayobozi babo batangiye imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara kubera ko bafungiwe ubusa mu gihe kigera...
Ikipe ya APR FC yabaye ikipe ya mbere yageze muri 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsinda Marines 4-2 no kuyisezerera ku giteranyo cy’ibitego 6-3 mu mikino yombi.
Marines FC yakiriye APR FC...
APR FC yongeye guhagamwa na Gasogi United, zinganya ubusa ku busa mu mukino w’Umunsi wa 26 wa Shampiyona.
Nkuko byagenze mu mukino uheruka kubahuza, Gasogi United yongeye guhagama APR...
Abaturage 15 bo mu Karere ka Kicukiro bahuye n’uruva gusenya nyuma yo kunywa ubushera mu bukwe bukabamerera nabi bigakekwa ko bwari bwahumanyijwe.
Aba baturage nabo mu Mudugudu wa Kagese mu...
Ikipe ya APR FC yanyagiye Rutsiro FC ibitego 6-1 bituma ikomeza gushimangira umwanya wa mbere Muri shampiyona mu gihe Kiyovu Sports yatsinze Police FC yari imaze iminsi ihagaze neza.
Mu mukino...
Akarere ka Nyagatare niko kabaye aka mbere mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, mu nkingi zitandukanye mu rwego rw’igihugu aho kagize amanota 81.64% .
Aka karere katsinze Huye yabaye iya...
Igitego cya Niyigena Clement ku munota wa nyuma w’inyongera cyahesheje APR FC intsinzi kuri Kiyovu Sports, ihita ifata umwanya wa mbere muri shampiyona,mu gihe Rayon Sports na AS Kigali zarangaye...