Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente Edouard yitabye abasenateri kuri uyu wa 25 Ukwakira 2018 abagezaho ibisobanuro ku kibazo cy’ amazi meza ataragera ku baturage n’ ingamba zihari,nabo...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, FERWACY,ryamuritse inzira Tour du Rwanda ya mbere ya 2.1 izacamo,zirimo agace karekare kazava Huye kerekeza I Rubavu ku ntera...
Umunyamakuru Nsengiyumva Gakwavu Sidick, uri mu bakunzwe cyane mu biganiro bitandukanye by’imikino kuri Radio/TV10 yarushinze kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Ukuboza 2018 n’umukunzi we witwa...
Abakuru b’ibihugu bitandukanye ku mugabane w’Afurika bakomeje kubwira Felix Tshisekedi watsinze amatora yo kuyobora Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ko bishimiye intsinzi ye ndetse...
Nyuma y’umuhango wo gusaba no gukwa Ingabire Ange Kagame umukobwa wa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, uyu mukobwa yavuguruje amwe mu makuru yatangajwe ku mukunzi we nyuma...
Umunyamideli ukomeye ku mugabane w’I Burayi Mimi Mirage ari gutegurira Mwiseneza Josiane akunda cyane igitaramo cyo guhura n’abafana yatumiyemo umwamikazi mu muziki wa Nigeria, Tiwa...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 24 Werurwe 2019 nibwo ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwagiranye inama ikomeye n’abayobozi b’amahuriro y’abafana aho bafashe ingamba zo kuzamura ikipe, zirimo gukorera...
Mu nsengero n’ahandi hantu habereye ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu duce dutandukanye tw’u Rwanda ku itariki ya 12 Mata 1994.Abatutsi barenga 6,000 bari bahungiye kuri...
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gutera intambwe itajegajega mu gikombe cy’Amahoro kuko yatsindiye Marines FC igitego 1-0 ku kibuga cya stade Umuganda I Rubavu kandi yahawe ikarita itukura mu gihe ku...
Ikipe yaAPR FC yari iteze amakiriro ku gikombe cy’Amahoro kugira ngo izaserukire u Rwanda,yamaze gusezererwa nyuma yo kunganya na AS Kigali igitego 0-0 mu mukino wo kwishyura cyane ko yatsinzwe...
Umukobwa umwe rukumbi wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, warushinze kuwa Gatandatu taliki ya 06 Nyakanga 2019, yifashishije amagambo yo mu gitabo cy’indirimbo ya Salomo ibice 3;4 yerekana...
Mu karere ka Nyarugenge ho mu mujyi wa Kigali,hatangiye gukoreshwa imashini abaturage bakoresha bagaragaza uko bakiriye serivisi bahawe, itu tumashini twashyizwe muri serivisi zikenerwa...
Kuri uyu wa 2 Kanama 2019 mu karere ka Nyanza habereye ibirori bisoza icyumweru cy’Umuganura cyatangiye tariki 29 Nyakanga 2019. Ibi birori byabereye mu karere ka Nyanza ku rwego...
Ikipe ya Bugesera FC ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, yemeje ko Nsaziyinka NOAH wayizamuye mu kiciro cya mbere yitabye Imana kuri uyu wa gatandatu.