Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu “Amavubi” Niyonzima Haruna ukinira Al Ta’awon SC yo mu cyiciro cya Mbere muri Libya,yavuze ko AL Hilal Benghazi ari ikipe nziza ariko ikinika ndetse ko umukino wayo na...
Umuhanzi Mugani Desire uzwi cyane nka Big Fizzo wo mu Burundi abinyujije ku rubuga rwa WhatsApp, yabwiye The Ben witegura gutaramira i Burundi ko akwiye kwibuka ko agace agiye gutaramiramo gafite...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Nzeri 2023 nibwo habayeho kuganira hagati y’ikipe ya Al Hilal Benghazi na Rayon Sports na komiseri w’umukino ukomoka muri Maroc,bemeranya ibijyanye n’amatariki...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yemeje amatariki y’umukino uzahuza Rayon Sports ifitanye na Al Hilal Benghazi mu mikino ya CAF Confederation...
Umukinnyi wa APR BBC,Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson wanabaye umukinnyi wahize abandi mu mikino ya Kamarampa (Playoffs), ari mu rukundo na Nkubito...
Umuyobozi w’Akanama nkemurampaka mu ikipe ya Rayon Sports, Bwana Rukundo Patrick yagaragaye yambaye umwambaro wa mukeba wabo ya APR FC,ubwo yanganyaga 0-0 na Pyramids FC yo mu Misiri, mu mikino...
Ikipe ya Kiyovu Sports yandikiye FERWAFA iyimenyesha ko irambiwe kurenganywa n’abasifuzi ndetse ko umusifuzi wayisifuriye ku mukino iheruka kunganya na Gasogi United igitego 1-1 yatanze penaliti...
Rukundo Patrick wari Perezida wa Komite Nkemurampaka ya Rayon Sports yeguye kuri uwo mwanya,nyuma yo kwitabira umukino wa APR FC na Pyramids FC yambaye umwambaro w’iyi Kipe y’Ingabo...
Ikipe ya Al Hilal Benghazi yandikiye CAF isaba ko umukino wayo ubanza izakiramo RAYON SPORTS FC kuri Kigali Pele Stadium ku ya 24 Nzeri 2023 ko nta mufana...
Mu kiganiro yagiranye n’Abanyekongo baba muri Amerika mbere yo kujya ku ruhimbi rw’Umuryango w’Abibumbye, yabanje gutanga ibisobanuro ku bijyanye n’intambara ya M23 mu burasirazuba bwa Repubulika ya...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’Afurika CAF yamenyesheje Al Hilal Benghazi izakina na Rayon Sports mu mukino w’ijonjora rya CAF Confederation Cup, ko uyu mukino ugomba kuba hari...
Mu ijambo yagejeje ku Nteko rusange ya 78 y’umuryango w’abibumbye i New York, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), Félix Tshisekedi, yasabye akanama k’umuryango w’abibumbye...
Umujyi wa Kigali watangaje ko uri guhagarika bimwe mu birori bikorerwa mu mahema hirya no hino ko bitagamije gukuraho amahema akorerwamo ibirori ahubwo bigamije gushyiraho kubahiriza amabwiriza...
Biravugwa ko hari abantu bamwe barimo abahoze ari abakunzi ba Rayon Sports n’abakiribo bashobora kuba basabye amafaranga ibihumbi 20 $ ngo bayanyanyagize mu bakinnyi ba Rayon Sports...
Perezida wa Kiyovu Sports Association, Ndorimana Jean François Régis ‘Général’, yavuze ko umunyamategeko w’ikipe ari gukurikirana ibijyanye n’ideni iyi kipe yishuzwa na IGITEGO...
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko umukinnyi Youssef Rharb yagarutse mu myitozo, akaba ashobora kwifashishwa kuri uyu wa gatandatu bakira Al Hilal Benghazi mu gushaka itike yo kwerekeza mu...
Abakunzi ba Rayon Sports bamereye nabi ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buri kubategeka gukorana na Urid Technologies mu kwishyuza umukino wayo na Al Hilal Benghazi kandi iyi kompanyi ishinjwa...