Ku nshuro ye ya mbere, Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu yagaragaye yambaye imyenda z’igisirikare cy’iki gihugu.
Ku wa Mbere tariki 16 Ugushyingo 2021, nibwo Samia Suluhu yagaragaye yambaye...
Leta ya Tanzania igiye gushaka ideni ry’amafaranga yo kubaka umuhanda wa gariyamoshi uva mu murwa mukuru w’ubukungu, Dar es Salaam, ukagihuza n’ibihugu bituranye birimo u Burundi,u Rwanda na...
Aba Perezida ba EAC bahuriye mu Nama i Nairobi mu kwiga ku kibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC aho Perezida Umwe gusa ariwe utabonetse akaba ari Madamu Samia Suluhu uyobora...
Perezida mushya wa Kenya , William Ruto warahiriye kuyobora iki gihugu ku ncuro ya 5 kuva kenya yabona ubwigenge mu 1963 ngo n’impano yahawe Afurika y’Uburasirazuba
Perezida Kagame yamaze kugera mu Burundi aho yitabiriye inama y’Abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC) biga uko ibintu byifashe mu burasirazuba bwa DR Congo.
Harabura...
Abasitari mu njyana y’umuziki wa Tanzania uzwi nka "bongo flava" barimo gushimisha imbaga mu bikorwa byo kwamamaza mu matora babinyujije mu ndirimbo bakoze.
Lazaro Mambosasa, umukuru wa polisi ya Dar es Salaam uyu munsi yatangaje ko bataye muri yombi bamwe mu bo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi barimo batatu mu bakuriye ishyaka CHADEMA....
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Gashyantare 2021 nibwo habaye inama ya 21 y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa EAC,yafatiwemo imyanzuro itandukanye.
Imwe mu myanzuro yafashwe irimoKwiga ku...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yegeze i Dodoma aho yagiye mu muhango wo gusezera k’uwari Perezida wa Tanzania,John Pombe Magufuli watabarutse mu cyumweru gishize azize uburwayi...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Werurwe 2021, ibikorwa byo gusezera kuri Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli uheruka kwitaba Imana mu cyumweru gishize, byakomereje mu mujyi wa...
Polisi ya Tanzania yemeje ko abantu 45 bapfuye naho abandi 37 barakomereka ubwo ababarirwa mu bihumbi babyiganiraga mu gikorwa cyabereye i Dar es Salaam cyo gusezera kuri John...
Ba Perezida w’u Burundi, Tanzania, Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Kenya ni bamwe mu bategetsi b’ibihugu by’amahanga bifatanyije n’Ubwongereza nyuma yuko Igikomangoma Philip atabarutse ku myaka...
Uganda na Tanzania byashyize umukono ku masezerano atatu y’ingenzi agamije guteza imbere urwego rwa Uganda rw’ubucukuzi bw’ibikomoka kuri Peteroli na gaz (gas), mu ruzinduko rwa mbere rwo mahanga...
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 4 Mata 2021, mu Rwanda abantu 10 bakize Covid-19. Abayanduye ni 40 bituma umubare w’abamaze kwandura bose hamwe uba abantu 25,351....
Freeman Mbowe ukuriye ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’iriri ku butegetsi CCM biravugwa ko yafashwe mu ijoro ryacyeye agafungwa.
Mbowe yakuwe mu cyumba cya Hotel yari arimo mu mujyi wa Mwanza...
Perezida Paul Kagame yifatanyije n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) mu nama ya 18 idasanzwe y’uyu muryango,yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga.
Yayobowe na...
Inama yahuzaga abayobozi b’ibihugu bigize AU na EU yaraye isojwe mu gihugu cy’u Bubiligi aho yaberaga, yasize igihugu cy’u Burundi gihawe inkunga ya Miliyoni 214 z’amayero azakoreshwa mu bikorwa...
Abanyeshuri umunani n’abantu bakuru babiri bikekwa ko ari abarimu ndetse n’umushoferi wabo baguye mu mpanuka ya bisi mu gitondo cy’uyu wa Kabiri ahitwa Mikindani, Mtwara muri Tanzania.
N’ubwo...
Haba ku bagenda n’amaguru, abari kuri moto cyangwa abahagaze mu modoka zirimo kugenda, bamwe mu mujyi wa Nakuru mu karere ka Rift Valley mu burengerazuba bwa Kenya ku wa mbere nimugoroba...
Guverinoma y’u Rwanda binyuze muri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yandikiye ubutumwa bushimira Nyakubahwa William Ruto watowe nka Perezida mushya wa Repubulika ya Kenya.
Mu butumwa...
Umukozi wa leta ya Tanzania yirukanwe ku kazi nyuma yo kwifashisha imbuga nkoranyambaga akamagana ishyirwaho ry’amafaranga (umusoro) (u)asabwa mu kohererezanya amafaranga kuri telefone zigendanwa,...