Kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Ukwakira 2021, nibwo habaye uyu muhango ngaruka mwaka ikipe ya Rayon Sports ikora wo kwerekana abakinnyi iba igiye gukoresha mu mwaka w’imikino uba giye gutangira...
Umuraperi uri mu ba mbere mu Rwanda Jay Polly yitabye Imana azize uburwayi mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane aguye mu bitaro bya Muhima.
Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa Kane nibwo inkuru...
Nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports yegukanye igikombe cy’Amahoro itsinze APR FC 1-0 , abakunzi bayo ndetse n’abakinnyi bakomeje kwishimira iyi tsinzi mu buryo budasanzwe aho uri gusanga benshi mu...
Mu igazeti ya leta yo kuwa 24 Nzeri 2018 hasohotsemo Itegeko n° 50/2018 ryo ku wa 13/08/2018 rihindura itegeko n° 31/2009 ryo ku wa 26/10/2009 rigamije kurengera umutungo bwite mu by’ubwenge, aho...
Amwe mu makosa yaranze PGGSS 8 turasangamo , kutubahiriza igihe , kwirengagiza amabwiriza , kujarajara kw’ abahanzi mu njyana.
Primus Guma Guma Super Star irushanwa riba buri mwaka aho rijyamo...
Ku wa Gatandatu tariki ya 10 Gashyantare, 2018 nibwo umuraperi wubashywe mu gihugu cya Tanzaniya , A.Y yasabye anakwa umunyarwandakazi Remy bamaranye imyaka umunani mu rukundo,benshi mu bakoresha...
Ibi ni bimwe mu bisa nk’udushya twaranze iki cyumweru dusoje kuko buri muntu wese wabonye aya mafoto twabahitiyemo byamuteye kuyavugaho byinshi.
Ku wa Gatanu tariki ya 9 Gashyantare 2018,nibwo...
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Blacy yasabye anakwa umukunzi we Uwase Liliane bamaranye umwaka mu rukundo.Uyu muhango wabereye mu Ntara y’Amajyepfo mu karere ka Kamonyi ahazwi...
Ibyo byabaye mu ijoro ryo ku wa gatanu tariki ya 18 Kanama 2017, mu gitaramo cyiswe “Intsinzi Concert” cyabereye kuri Petit Stade i Remera.
The Ben ubwo yahuraga n’uwo mukobwa ari...
Abanyarwanda n’inshuti zabo bitabiriye ibirori bitibagirana by’ukurahira kwa Paul Kagame bigiye kuba kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Kanama 2017. Ibyamamare nyarwanda bashyigikiye uyu mukuru...
Mu gihe abakandida bakomeje ibikorwa byo kwiyamamariza kuyobora igihugu cy’u Rwanda muri manda itaha, Abahanzi hafi ya bose ni bamwe mu bamaze kugaragaza ko bashyigikiye ku buryo bukomeye...
Nyuma y’imyaka igera kuri ine; Musabwa Bibarwa Patrick wamamaye nka Kitoko aragera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu w’iki cyumweru tariki ya 12 Nyakanga 2017.
Kitoko aherutse gushyira hanze Indirimbo...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Mata 2017 mu Rwanda hose habereye umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu rwego rwo gutangiza iki cyumweru cyo kwibuka ku...