Umubiligi Kevin de Bruyne uri mu bahetse ikipe ya Manchester City yatangaje ko mbere y’uko Coronavirus ihagarika Premier League,umukinnyi yabonye witwaye neza kurusha abandi bose ari umunya...
Rutahizamu wa Liverpool ukomoka muri Senegal,Sadio Mane,yasanzwemo Covid-19 bituma ashyirwa mu kato akurwa mu bakinnyi biteguraga guhangana na Aston Villa kuri iki cyumweru muri Premier...
Kuva muri Mutarama kugeza mu UKubuza uyu mwaka wa 2020 hari abagiye bitaba Imana benshi kandi batandukanye urupfu rwabo rushegesha imitima ya bamwe mu batuye isi tutibagiwe n’abahitanywe n’ikii...
Umukinnyi wa Liverpool,Sadio Mane yajyanywe mu bitaro ubwo yakomerekaga umutwe nyuma yo kugeza Senegal muri kimwe cya kane kirangiza mu gikombe cy’Afurika
Ikarita itukura yabonetse mu gice cya...
Ikipe ya REG Basketball Club ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Basketball Africa League,yatangiye neza itsinda umukino wayo wa mbere kuri iki cyumweru ikipe ya AS Salé yo muri Maroc.
Muri...
Hashize amasaha make Perezida wa Guinée-Bissau, Umaro Sissoco Embaló, ageze mu Rwanda aho ari mu ruzinduko rw’akazi ruri busige anagiranye ibiganiro na Perezida Paul Kagame. Perezida Umaro Sissoco...
Ikipe ya REG BBC yaraye itsinzwe umukino wa mbere mu mikino ya Basketball Africa League, iri gukinwa ku nshuro yayo ya 2 mu majonjora ari kubera muri Senegal.
Ikipe ya DUC BBC yari mu rugo,...
Umukinnyi w’icyamamare muri Liverpool, Sadio Mane, yatangaje ko azakora ibyo abaturage ba Senegal bashaka igihe abanyamakuru bamubwiraga ko ’60 kugeza 70%’ bizeye ko agomba kuva muri iyi kipe....
Nyuma y’uko ikipe y’igihugu Amavubi inaniwe kwihagararaho mu masegonda ya nyuma y’umukino igatsindwa na Senegal igitego kimwe cyinjijwe na Sadio Mane kuri penaliti,mu mukino w’umunsi wa 2 wo mu...
Umukinnyi Sadio Mane uri kuvugwa cyane mu binyamakuru kubera ko ashobora kuva muri Liverpool yerekeza muri Bayern Munich,yahishuye ko nyina umubyara yamubwiye ko yatakaje ibiro 7 kubera ubwoba...
Rutahizamu Sadio Mané akomeje kugaragaza ibikorwa bya kimuntu no kuzirikana bikomeye abamubaye hafi kuva mu bwana kugeza akuze aho kuri iyi nshuro yafashije inshuti ye magara, Désiré Segbé kubona...
Umunyezamu w’Umunya-Sénégal, Khadime Ndiaye,wakiniraga Guédiawaye FC yo mu Cyiciro cya Mbere muri iki gihugu, yageze mu Rwanda, aho aje muri Rayon Sports.
Ibihugu bihuriye muri Afurika y’u Burengerazuba (Ecowas), byiyemeje ko isaha iyo ariyo yose byiteguye kugaba igitero kuri Perezida wa Gambia Yahya Jammeh, nyuma yo kunangira kuva ku butegetsi....
Umuyobozi wa Basketball Africa League, Amadou Gallo Fall yatangaje ko Umujyi wa Kigali ari wo uzakira imikino ya nyuma y’irushanwa rihuza amakipe 12 yo muri Afurika rizaba kuba ku nshuro ya mbere...
Taliki ya 27 Mata 2021, Ambasaderi w’u Rwanda mu Bihugu bya Senegal, Guinea Bissau, Mali, Gambie na Cabo Verde, Nyakubahwa Jean Pierre KARABARANGA yashyikirije Nyakubahwa General Umaro Sissoco...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino wa Volleyball mu bagore yatangiye igikombe cya Afurika itsinda Morocco amaseti 3-1 mu mukino waranzwe n’ubuhanga bw’abakobwa bo muri Brazil bitabajwe n’u...
Ubwo Sadio Mane yari ari kuvurirwa mu bitaro byo muri Cameroon kubera gukomereka mu mutwe, yishyuriye ibihumbi 400.000 bya CFA umuryango w’umwana ufite igikomere gikomeye cyashoboraga kumuhitana...
Rutahizamu wa Senegal na Liverpool,Saido Mane, yavuze ko ubuzima bwo kuryoshya cyane bwa Neymar Jr na Cristiano Ronaldo atabushobora ariko atajya abanenga.
Mane umaze gutsinda ibitego 12 muri...
Umuyisilamu wahisemo gukina umupira mu ikipe ya PSG,Idrissa Gana Gueye amereewe nabi kubera ibivugwa ko yanze gukina umukino w’iyi kipe na Montpellier kubera ko iyi kipe ye yari yambaye imyenda...
Sadio Mane yasezeranyije abafana ba Liverpool "itangazo ridasanzwe" ku hazaza he nyuma yumukino wa nyuma wa Champions League, ariko hashize icyumweru kimwe iryo tangazo ritarasohoka nubwo...
Umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Senegal ashimangira ko u Rwanda rwagaragaye ko rutoroshye mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri nyuma y’uko ikipe ye yatsinze igitego 1-0 mu majonjora yo mu matsinda ya...