Itsinda ry’impunzi zivuga ko ziva mu Rwanda, u Burundi, Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, Uganda, na Tanzaniya barangwa n’imigirire mpuzabitsina inyuranye (LGBTI) rivuga ko ryirukanywe aho ryari...
Umuhanzi Diamond ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya ashobora kwisanga mu gahinda n’umubabaro mwinshi nyuma yo kumenya inkuru mbi y’uko Papa we agiye gucibwa...
Harmonize ni umwe mu bahanzi bakunzwe muri Tanzaniya no muri Afurika y’Iburasirazuba muri rusange, uyu musore usanzwe ukorera muzika ye mu nzu itunganya muzika ya Wasafi Record iyobowe na Diamond...
Wema Sepetu ni umwe mu bakobwa bakuze bo mu gihugu cya Tanzaniya, ahamyako byanze bikunze yari kwishima cyane iyo abana na Idris Sultan bigeze gukundana...
Diamond Patnumz ni umwe mu bahanzi bavuzwe cyane mu nkundo zitandukanye ku bakobwa b’ibyamamare biva hirya no hino mu bihugu by’abaturanyi bya Tanzaniya. Uyu muhanzi Diamond Platnumz umaze gufata...
Kuri uyu wa kane tariki 26 Nyakanga 2018 mu ishuli rikuru rya polisi y’u Rwanda (National Police College) riherereye mu karere ka Musanze hosojwe amasomo yari amaze umwaka ahabwa abapolisi bakuru...
Hari igishyika cyinshi mu cyaro cya Kogelo mu burengerazuba bwa Kenya aho umuhungu wabo w’ikirangirire, Barack Obama wahoze ari Perezida w’Amerika, yongeye kubasura nyuma y’imyaka...
Ibyavuye mu biganiro umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame na mugenzi we wa Tanzaniya John Magufuli n’uko uyu mwaka wa 2018 urangira ibihugu byombi bitangiye kubaka umuhanda wa gari...
Jomo Kenyatta University of Agriculture and Technology na Kenyatta University zakoreraga mu Rwanda na Tanzaniya zategetswe gufunga imiryango kubusabe bwa Leta ya Kenya.
Muri Nzeri uyu mwaka...
Umujyanama [Manager] w’Icyamamare muri muzika ya Tanzaniya Diamond Platnmuz, yatangaje ko umuhanzi we atari mu bashakishwa na Polisi anavuga ko itangazo rigenewe Abanyamakuru ryashyizwe hanze...
Polisi ikorera mu mujyi wa Dar es Salaam mu gihugu cya Tanzaniya, kuri uyu wa 8 Werurwe 2017, yataye muri yombi Vanessa Mdee ukurikiranyweho gucuruza no gukoresha ibiyobyabwenge.
Aman Tenga,...
Mico The Best arinubira ko Diamond Platnumz yamunanije ndetse akamuca akayabo k’amadorali kugira ngo bafate amashusho y’indirimbo Sinakwibagiwe aba bombi bakoranye nyamara we akaba avuga ko yari...
Mariya (ibumoso) na Consolata (iburyo) bitabira gusubiza mu ishuri
Impanga z’Abanyatanzaniya b’abakobwa bavutse bafatanye barateganya kuba abarimu igihe bazaba bageze ku ndoto zabo zo kurangiza...
Kuva kuri uyu wa 24 kugera kuwa 27 Kanama 2023.i Kigali harabera umwihero ku miyoborere uzamara iminsi itatu, urahuriramo bamwe mu bayobozi b’ibigo na Guverinoma...
Umunyarwandakazi ari mu bantu 19 bazize impanuka y’indege ya kompanyi ya Precision Air yo muri Tanzaniya,kuri iki cyumweru,tariki ya 06 Ugushyingo 2023.
Hanifa Hamza w’imyaka 29...
Umukinnyi wa filime wo muri Tanzania, Irene Uwoya wamamaye nka Oprah ari kwitegura ubukwe n’umugabo wa kane nyuma yo gutandukana na nyakwigendera Ndikumana Hamadi Katauti, Dogo Janjan ndetse n’uwo...