Mu kiganiro yahaye Sky News,yishimiye ko nyuma y’ibyumweru nta mwanzuro urafatwa,Ubudage bwemeye koherereza Ukraine ibifaru biasanzwe bya Leopard 2 tanks mu kuyifasha guhangana na Vladimir Putin....
Umunya Serbia, Novak Djokovic yatsindiye Umugereki Stefanos Tsitsipas kuri iki cyumweru,ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya Australian Open ahita anganya na Rafael Nadal ibikombe bikomeye muri...
Ikigo ntaramakuru AP cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika kiravuga ko kugeza ejo hashize, Abarusiya barenga 194,000 bari bamaze kwambuka imipaka. Hafi ya bose ni abagabo kandi bakiri bato. Bagenda...
Perezida umaze igihe kirekire kurusha abandi bose ku isi, Teodoro Obiang Nguema Mbasongo wa Gineya Equatorial azongera kwiyamamariza kuyobora icyo gihugu mu matora yo mu kwezi kwa cumi na kumwe...
Komisiyo ya Sena y’ Amerika ishinzwe imibanire n’Amahanga, kuri uyu wa gatatu yemeje ko Amerika iha Tayiwani intwaro zifite agaciro k’amamiriyaridi y’amadolari.
Imodoka yo mu bwoko bwa Cadillac Escalade ESV Platimun yakozwe mu mwaka wa 2017 niyo Perezida Kagame yagiyemo ubwo yasuraga abaturage bo mu karere ka Ruhango ko mu ntara y’Amajyepfo.
Ifoto y’iyi...
Ubushinwa bukomeje imyitozo ikaze ya gisirikare mu buryo budasanzwe mu mazi azengurutse ikirwa cya Taiwan, igihugu bufata ko kiri mu bigize ibice bisanzwe...
Umunya Ukraine uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera uburanga bwe by’umwihariko ubunini bw’amabere ye avuga ko abagabo benshi ku isi bari gukoresha intambara yo muri Ukraine nk’urwitwazo rwo...
Banki y’isi yavuze ko Afurika y’uburasirazuba n’ibice bimwe by’Uburayi ari byo byugarijwe mu buryo bw’umwihariko n’ikiguzi cy’imibereho cya mbere kiri hejuru.
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasabye abadepite b’iki gihugu kwita ku gushyira amafaranga mu gucunga umutekano w’amashuri aho kuyashora mu guha imfashanyo ya...
Ibiciro ku masoko mu Rwanda no mu karere bikomeje kuzamuka umunsi ku wundi ,arinako bikomeza kugora umuguzi usanzwe kutoroherwa n’ubuzima kubera umushahara utajyanye n’igihe no kubura akazi kuri...
Minisitiri w’intebe w’igihugu cya Finlande, Sanna Marin, yatangarije ikinyamakuru cyo mu Butaliyani mu kiganiro cyasohotse ku wa kane ubwo yasuraga i Roma, mu ihuriro ry’umuryango w’abibumbye ko...
Perezida wa Senegal, Macky Sall kuri uyu wa kabiri yatangaje ko agiye guha amafaranga imiryango y’abanyagihugu biwe babarirwa mu cyakabiri cya miliyoni.
Ikipe ya Chelsea yatangaje ko itsinda riyobowe na Todd Boehly, Clearlake Capital, Mark Walter na Hansjoerg Wyss bamaze kumvikana kuyigura kuri miliyari 2.5 z’amapawundi.
Mu itangazo iyi kipe...