Umugore w’umutetsi witwa Sam Sellars w’imyaka 46 n’umugabo witwa David Raw w’imyaka 45 usanzwe akora akazi gatandukanye karimo gukoropa no guhanagura ibiro byo kw’ishuli ryitwa De Aston state school...
Kuri uyu wa Gatandatu saa 15:30 kuri Stade Ubworoherane Ikipe ya Musanze FC irakira Rayon Sports mu mukino wa shampiyona igeze ku munsi wa 25. Menya amakuru avugwa mu makipe yombi na byinshi...
Abaturage bafite imirima mu gice kigiye kwegurirwa inganda mu karere ka Musanze banze gusinyira ingurane barimo guhabwa na minisitere y’ubucuruzi n’inganda, ngo kuko amafaranga babariwe ari make ku...
Mu muco w’i Rwanda n’ahandi henshi ku Isi usanga umusore ari we ufite inshingano zo kubwira umukobwa ko yamukunze bityo n’umukobwa akicyiriza yemera ko bakundana. Ku basore benshi, bagorwa cyane...
Kuri uyu munsi wa kabiri wo gukingira COVID-19 mu Rwanda, ku bitaro bikuru bya Ruhengeri mu Karere ka Musanze, habereye igikorwa cyo gukingira abakinnyi ndetse n’abayobozi b’ikipe ya Musanze...
Umuhanzi akaba n’umunyemari Kakooza Nkuriza Charles uzwi kandi nka KNC, yavuze ko atari asanzwe akurikirana hafi ibikorwa bya Miss Rwanda, ariko ko kuri iyi nshuro ya 10 ashyigikiye umukobwa witwa...
Hari ijambo rikunze gukoreshwa n’abantu aho baba bagira bati “kunda ugukunda kuko uwo ukunda akunda abandi” gusa abenshi usanga bakoresha aya magambo cyangwa se iyi mvugo ariko mu by’ukuri nta...
Umuhanzi wigaruriye imitima ya benshi mu jyana gakondo wamenyekanye nka Cyusa Ibrahim uherutse gutandukana n’umukunzi we Jeanine Noach yerekanye umwana yabyaye mu gihe bari mu munyenga...
Umuanzi ukunzwe na benshi mu njyana gakondo wamenyekanye nka Cyusa Ibrahim ari nayo mazina ye nyakuri aravugwa mu rukundo na Usanase Nadjima wahoze ari umugore wa Karim Nizigiyimana Makenzi...
Mu buzima bwacu bwa buri munsi nta gishimisha nko gukunda ugakundwa kuko uba wumva uri mu munezero no mu munyenga. Nyamara nubwo bimeze bityo hari gihe bibaho ko uwo wari wizeyeho urukundo...
Mu mukino winjiyemo ibitego 7, ikipe ya AS Kigali yisubije umwanya wa mbere w’agateganyo ku rutonde rwa shampiyona nyuma yo gutsinda Musanze FC ibitego 4-3.
Muri uyu mukino wari ubereye...
Umugore witwa Karen McDougal wahoze akora akazi ko gusohoka mu binyamakuru yambaye ubusa yavuze ukuntu yasambanye na perezida wa USA Donald Trump ndetse avuga n’akari imurori benshi bifata ku...
Mu ntangiro z’ uku kwezi kwa Werurwe 2018 mu itangazamakuru ryo mu Rwanda hatangajwe inkuru idasanzwe ivuga ko Minisitiri w’ Ibikorwaremezo James Musoni yasambanye n’ umugore wa Rtd. Captain Safari...
Ibifashijwemo n’abasore bayo bakomoka mu karere ka Rubavu,ikipe ya APR FC y’abakinnyi 10 ikuye amanota 3 kuri Musanze FC yari yayakiriye kuri Stade Ubworoherane mu mukino w’umunsi wa 25 wa...
Umugore w’imyaka 40 akaba atwite, nyuma yo gufata umugabo we ufite imyaka 44 areba amafoto y’abakobwa bambaye ubusa kuri interineti, yamuhanishije kwifotora amabere ye na we yambaye ubusa maze...