Nyuma y’uko atandukanye na Kadjala umuhanzi w’umunya Tanzania ukunzwe na benshi wamenyekanye nka Harmonize yatangaje ko atiteguye kujya mu rukundo kuko azi neza ko iyo ari mu rukundo agenda...
Umuvandimwe wa Lionel Messi yatangaje ko uyu munyabigwi atazigera yongera gusubira muri FC Barcelona yakoreyemo amateka keretse iyi kipe iramutse yirukanye Perezida wayo Joan Laporta.
Messi...
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe gusuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga mu kigo cy’i Remera mu karere ka Gasabo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Gashyantare, hafatiwe umushoferi washakaga gutanga...
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yashinje mugenzi Felix Tshisekedi wa DR Congo "kutubahiriza kenshi" ibyo yumvikanye n’abandi, “harimo na vuba aha i Bujumbura”.
Mu gihe ibihugu byombi bifitanye...
Umupolisikazi wari uzwi cyane muri Kenya, Linda Okello,kubera kwambara imyenda imufashe ari mu kazi mu muhango wari witabiriwe n’uwari Perezida Uhuru Kenyatta,yashyize hanze video ari kuzunguza...
Ikipe ya Manchester City iravugwaho ko yamaze gushyiraho umunyamategeko w’umuhanga cyane wahoze ari umwe mu bunganiraga uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza,Boris Johnson mu birego bya...
Kizigenza LeBron James yabaye umukinnyi watsinze amanota menshi kurusha abandi bakinnyi bakinnye muri shampiyona ya Basketball ya NBA kuva yabaho.
Ibi Lebron James yabikoze ubwo yatsindaga...
Abaturage batatu bapfuye mu gitero cyibasiye uruhererekane rw’imodoka z’ingabo za ONU kuwa kabiri nimugoroba ahitwa Munigi muri 7Km mu majyaruguru uvuye i Goma.
Ingabo za MONUSCO zatangaje ko aba...
Umuhanzi Niyo Bosco yongeye guca amarenga yo gutandukana na Sunday Entertainment, sosiyete yari iherutse kumusinyisha, nubwo nta ruhande na rumwe rurerura ngo ruvuge ukuri ku mikoranire...
Ikipe ya Manchester City yashinjwe na Premier League kwica amategeko ajyanye n’ubukungu birimo kugura no kugurisha abakinnyi n’amasezerano bahabwa fikuva 2009 kugeza 2018.
Bimwe mu bihano...
Nyampinga wa Tanzania 2006, Wema Isaac Sepetu wakanyujijeho mu rukundo na Diaomond aherutse gutangaza ko nubwo aryohewe n’urukundo ahangayikishijwe nuko atarabona...
Umusifuzi Bwiriza Nonath umaze iminsi avumwa n’abafana ba Rayon Sports kubera kubatesha amanota ku mukino wa Mukura VS banganyije igitego 1-1,yafatiwe ibihano.
Amakuru aravuga ko Bwiriza Nonati...
Mu mukino Rayon Sports yakiriyemo Kiyovu Sports kuri iki cyumweru tariki ya 05 Gashyantare 2023, habaye amakimbirane yavuyemo gufatana mu mashati hagati y’abakinnyi, kugeza ubwo Polisi y’Igihugu...
Leta zunze ubumwe za Amerika zarashe igipurizo cy’Ubushinwa zivuga ko kimaze iminsi gikora ubutasi ku bigo bya gisirikare ahatandukanye muri Amerika.
Minisiteri y’ingabo yemeje ko indege...
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we Evariste Ndayishimiye bahuriye mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Gashyantare 2023.
Ibiganiro byabaye nyuma y’inama yahuje abakuru...
Umujyanama wa Perezida wa Repububulika mu by’Umutekano, Gen James Kabarebe yavuze ko mu gihe cyo gutangira urugamba rwo kubohora igihugu,ingabo zigeze gucika intege hanyuma Perezida Kagame ageze...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yatsinze igitego cya mbere muri shampiyona ya Saudi Arabia yari igeze ku munsi wa 15 ubwo bahuraga n’ikipe ya Al Fateh SC banganya ibitego 2-2.
Ikipe ya Al-Nassr...
Ikipe ya Paris Saint-Germain yatangaje ko kizigenza wayo Kylian Mbappé atazakina umukino ubanza bafitanye na Bayern Munich muri 1/16 cya Champions League.
Mbappe uyobora ubusatirizi bwa PSG...
Amakuru aturuka muri RDC aravuga ko ingabo za M23 zamaze kuzenguruka umujyi wa Goma, ku buryo abantu bashaka kujya cyangwa kuva muri uyu mujyi mukuru w’intara ya Kivu ya ruguru, abakire bakoresha...
Kuri uyu munsi Abanyarwanda bizihiza umunsi w’intwari ku nshuro ya 29,Perezida Kagame yavuze ko Umunsi w’Intwari "utwibutsa ubushobozi bwacu bwo guhagarara ku kuri, kurinda igihugu cyacu, no kubaka...
Mupende Ramadhan wamamaye mu myidagaduro y’u Rwanda nka Bad Rama washinze sosiyete ifasha abahanzi ya ‘The Mane Music’, yahishuye ko arwaye indwara y’agahinda gakabije ndetse ku bwe asanga akeneye...