skol
Kigali

Search: Uburusiya (979)

ISIS yongeye kwibutsa abakinnyi n’abafana bazitabira igikombe cy’isi ko izabibasira

Umutwe w’iterabwoba umaze kumenyekana ku isi yose ISIS,wongeye kwibutsa abantu bose bazitabira imikino y’igikombe cy’isi ibura ukwezi kumwe ngo itangire,ko uzabibasira ndetse wafashe ifoto iriho...
6 May 2018 2033 0

Isiraheli yishe abasirikare 14 mu gitero yagabye ku birindiro bya Syria

Indege za Isiraheli zagabye ibitero ku birindiro by’abanya Syria byitwa T-4 biherereye mu ntara ya Homs, zica abasirikare 14 barimo ingabo za Iran zikomeje gufasha perezida Assad kuguma ku...
9 April 2018 1308 0

ISIS yatangaje ko izarasisha drones abafana b’Ubwongereza mu gikombe cy’isi

Umutwe w’iterabwoba wo mu idina ya Islam uzwi nka Islamic State (ISIS) wahaye isezerano abafana b’Ubwongereza ko uzabarasisha drones ubwo bazaba bari mu gikombe cy’isi giteganyijwe kubera mu...
2 April 2018 931 0

Trump yikomye FBI kubera umusore warashe abanyeshuri 17 bagapfa

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika yacyashye ibiro by’ Amerika bishinzwe ubutasi FBI abishinja igisa n’ uburangare bwo kuba bitaratahuye mbere umugambi w’ umusore warashe abanyeshuri akica 17...
18 February 2018 1608 0

Umugizi wa nabi yafashe ku ngufu umugore wari uvuye gushyingura aramwica

Umugore witwa Svetlana Sapogova ukomoka mu gihugu cy’Uburusiya yafashwe ku ngufu n’umugizi wa nabi ubwo yari avuye gushyingura incuti ye ahitwa Saratov mu majyepfo y’Uburusiya. Umwicanyi ukekwaho...
6 February 2018 2772 0

Perezida Kagame yavuze inyungu u Rwanda rufite mu nama iteraniye mu Busuwisi

Perezida wa Republika y’u Rwanda Paul Kagame arashima uburyo inama y’ihuriro ku bukungu bw’isi ifasha u Rwanda kwagura umubano n’ibindi b’ibihugu no kongera abafatanyabikorwa. Umukuru w’igihugu...
26 January 2018 335 0

Yakubise umugore we amakofe n’ imigeri afata amashusho ngo ayoherereze inshuti ze

Umugabo ukomoka mu gihugu cy’Uburusiya witwa Maxim Gribanov yakubise bikomeye umugore we witwa Anastasia Ovsiannikova, amuziza ko yashakaga gutandukana amufata amashusho agaragaza ibikorwa bya...
22 December 2017 855 0

Ikibazo cya Trump n’ Ubusiya: Umucamanza Mueller arashinjwa kubona email mu buryo butaribwo

Umunyamategeko washyizweho n’itsinda ryafashije Donald Trump mu nzibacyuho yashinje umushinjacyaha ukora iperereza Robert Mueller kubona ubutumwa bwa email mu buryo bunyuranye n’amategeko. Kory...
17 December 2017 422 0

Icyo wamenya kuri Tombola y’amatsinda y’igikombe cy’isi iraba uyu munsi

• Uyu munsi nibwo haramenyekana amatsinda y’igikombe cy’isi • Tombola irabera I Moscow saa kumi n’imwe
1 December 2017 338 0

Messi,Cristiano na Neymar batewe ubwoba n’umutwe witwaje intwaro abaha gasopo(AMAFOTO)

Umutwe witwaje intwaro ugendera ku mahame y’idini ya Islam ISIS watangiye gusohora ubutumwa buburira bamwe mu bakinnyi b’ibihangange muri ruhago ko nibibeshya bakitabira igikombe cy’isi bazahahurira...
31 October 2017 2970 0

ONU yemeje ibindi bihano kuri Koreya ya Ruguru birimo gufatira imitungo ya Perezida Kim

Abagize akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Nzeri uyu mwaka, bameje bidasubirwaho ibihano bishya kuri Koreya ya Ruguru byateguwe na Leta zunze ubumwe...
12 September 2017 885 0

Ubushinwa buraburira Amerika ku byo ikomeje gukora kuri Koreya ya ruguru

Ubushinwa burasaba Leta zunze ubumwe z’Amerika zo zakwikosora ku makosa zakoze zishyiriraho Koreya ruguru ibihano bikora ku bigo bikomeye Ubushinwa buhuriraho na Koreya ya ruguru. Euronews...
24 August 2017 3966 0

Umukwe wa Perezida Trump yasobanuriye Sena uko kwiyamamaza kwa Trump byakozwe

Umukwe wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump akaba n’ umujyanama we Jared Kushner, kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga yasubije ibibazo by’ abagize inteko ishinga amategeko...
25 July 2017 526 0

Ibyaranze tariki 17 Nyakanga mu mateka

Iminsi 198 irashize, naho indi minsi 167 niyo isigaye ngo uyu mwaka urangire, haribukwa inzirakarengane zicwanye n’umwami W’uburusiya Nicholas II. Turi tariki ya 17 nyakanga, ni umunsi w’198 mu...
18 July 2017 380 0

U Burusiya n’ u Bushinwa barasaba ko ikibazo cya Koreya ya Ruguru cyaca mu mahoro

Minisitiri w’ Ububanyi n’ amahanga w’ u Burusiya Sergei Lavrov, yavuze ko Uburusiya n’Ubushinwa badashigikiye ko ikibazo cya Koreya ya Ruguru cyakemurwa biciye mu ngufu za gisirikare. Minisitiri...
5 July 2017 1555 0

Tariki 5 Nyakanga: Ibihugu bitandukanye byabonye ubwigenge ibindi byinjira mu myigaragambyo n’ intambara

Turi tariki ya 05 Nyakanga ni umunsi w’186 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 179 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze tariki ya 05 mu mateka. 1295:...
5 July 2017 558 0

Taliki 4 Nyakanga: Bimwe mu byaranze uyu munsi birimo ibohorwa rya Kigali ndetse n’ibohorwa ry’abisiraheli bari bafashwe...

Turi tariki ya 04 Nyakanga, ni umunsi 184 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 180 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo. Bimwe mu bintu bikuru mu byaranze uyu munsi mu mateka 1776:...
4 July 2017 1262 0

Perezida Museveni yasobanuye iby’ uko yafashe Umwami akamugira Ambasaderi

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yasobanuye icyatumye afata Kyabazinga (William Nadiope Gabule IV) Umwami w’ umuco wa Busoga akamugira ambasaderi ufite inshingano zihariye mu biro bya...
12 February 2017 5137 0

Byinshi ukwiye kumenya ku gikombe cya FIFA Confederations Cup gitangira kuri uyu wa Gatandatu

Mu gihe dusigaje amezi 12 kugira ngo twihere ijisho igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu mwaka utaha wa 2018 kuri ubu ikigezweho ni irushanwa rigiye guhuza amakipe yatwaye ibikombe kuri buri...
16 June 2017 1443 0

Perezida Trump yavuze ko umushinjacyaha mukuru wungirije ari kumugendaho

Perezida Donald Trump yagaragaye nk’uwemera ko arimo gukorwaho iperereza rijyanye n’irindi perereza riri gukorwa ku birego by’uko Uburusiya bwivanze mu matora yo muri Amerika. Mu butumwa...
16 June 2017 1295 0

"Ingabo zacu zikoresha ibitwaro by’ubumara ziryamiye amajanja”-Perezida Putin aburira Uburengerazuba...

Akarasisi ka gisirikare kitiriwe umunsi w’Intsinzi uyu mwaka yari itandukanye n’isanzwe imenyerewe mu Burusiya.
10 May 2024 1294 0

Perezida Macron yabwiye Tshisekedi wamusuye amagambo yashakaga kumva

Kuri uyu wa kabiri, Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko u Rwanda rugomba guhagarika gushyigikira inyeshyamba za M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo...
30 April 2024 2834 0

Biden Yategetse ko Inkunga Yagenewe Ukraine Ihita Yoherezwa

Prezida Joe Biden, wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yasinye itegeko rigena inkunga ya miliyari 95 z’amadolari yo gufasha Isiraheri, Ukraine na Tayiwani.
25 April 2024 195 0

Ukraine Yahagaritse Gutanga Pasiporo Ku basore n’abagabo bari mu myaka yo gukora igisirikare

Ukraine yategetse ambasade zayo mu mahanga guhagarika gukomeza gutanga pasiporo ku basore n’abagabo bageze mu myaka yo gukora igisirikali, baba mu mahanga.
25 April 2024 176 0

Amerika yanze ko Palestina iba igihugu cyigenga nk’ibindi

Inteko y’Umuryango w’Abibumye ishinzwe umutekano kw’isi yari yateranye kuri uyu wa kane, itora umwanzuro wari ushyigikiwe n’ibihugu byinshi, wo kwemerera Palestina kuba umunyamuryango wa...
19 April 2024 724 0

Ubumwe bw’Uburayi bugiye gufatira Iran ibindi bihano nyuma y’igitero kuri Israel

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wemeranyijwe kongera ibihano wafatiye za kompanyi zikora indege nto z’intambara zitarimo umupilote (drone) n’izikora ibisasu bya misile, nyuma y’igitero cya Iran kuri...
18 April 2024 578 0

Inteko y’umutekano ya ONU igiye gutorera kwinjiza Palestina iherutse kubisaba

Inteko ishinzwe umutekano kw’isi ya ONU, yiteguye gutora kuri uyu wa gatanu ku busabe bw’abanyepalestina bwo kuba umunyamuryango wuzuye.
18 April 2024 434 0

RDC yongeye gusabira u Rwanda ibihano mu nama ya UN yabayemo guterana amagambo

Igihugu cya RDC cyongeye gusabira ibihano u Rwanda mu nama y’ibihugu bigize akanama ka ONU gashinzwe umutekano ku isi yateranye kuwa gatatu,tariki ya 27 Werurwe...
28 March 2024 2329 0

Ibyo wamenya ku munsi mpuzamahanga w’abagore

Mu gihe kirenga ikinyejana gishize, abantu ku isi bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abagore tariki 08 Werurwe.
8 March 2024 356 0

Alexei Navalny wahanganye cyane na Putin yapfiriye muri gereza

Alexei Navalny utavugaga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yitabye Imana kuri uyu wa Gatanu, tariki 16 Gashyantare mu 2024. Yapfiriye muri gereza yari afungiyemo, nyuma...
16 February 2024 853 0
0 | ... | 600 | 630 | 660 | 690 | 720 | 750 | 780 | 810 | 840 | ... | 960