Uburusiya bwatangaje ko bizaba ngombwa ko bufata "intambwe zo kwihimura" ku muturanyi wabwo Finland ushaka kwinjira muri OTAN.
Itangazo rya minisiteri y’ububanyi n’amahanga rivuga ko biriya...
Umukuru w’ubutasi bw’Ubwongereza bwo mu mahanga avuga ko Uburusiya buzagorwa no gukomeza igikorwa cya gisirikare cyabwo kandi ko Ukraine ishobora kuba yabugarukana (yabwigaranzura).
Umukuru wa...
Abakuru b’ingabo z’Uburusiya bo ku rwego rwo hejuru mu kwezi gushize baganiriye ku kuntu n’igihe bashobora gukoresha intwaro kirimbuzi ku rugamba muri Ukraine, nkuko abategetsi babiri bo muri...
Ambasaderi w’Amerika muri Afurika y’Epfo yashinje iki gihugu guha intwaro Uburusiya nubwo cyagiye kivuga ku mugaragaro ko nta ruhande kibogamiyeho mu ntambara yo muri Ukraine.
Reuben Brigety...
Amerika yitandukanyije n’igitero mu Burusiya – Uburusiya buvuga ko cyarangiye butsinze abacengezi bitwaje intwaro binjiye bavuye muri Ukraine.
Ibice bimwe by’akarere ka Belgorod ko mu Burusiya...
Ubwo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hajyagaho ingoma ya Trump, perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko yizeye kuzagirana umubano mwiza na Leta zunze ubumwe z’Amerika, ariko uko iminsi...
Ikigo cya USA gishinzwe iperereza FBI,cyatangiye gukeka ko Perezida Donald J.Trump yaba ari intasi y’Uburusiya muri White House cyane ko byavuzwe Abarusiya bibye amajwi bakamugira...
Uburusiya bwasinye amasezerano n’igihugu cya Uganda agamije kuyubakira ingufu za ‘nuclear’. Uganda ivuga ko izakoresha ingufu za ‘nuclear’ mu bijyanye n’inganda, ubuvuzi no mu bindi bikorwa...
Perezida wa USA,Donald Trump arahura na minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Uburusiya, Sergei Lavrov mu biganiro bikekwa ko bigamije gusasa inzobe ku mubano w’ibihugu byombi umaze igihe...