Sandrine Isheja numwe mu banyamakuru bamenyekanye cyane mu gisata cy’imyidagaduro hano mu Rwanda , akaba umwe mu bakunzwe cyane, uyu mugore atewe ishavu no kuba atarabona umubiri wa Se wishwe muri...
Nyina wa Cristiano Ronaldo witwa Dolores Aveiro,yasekeje benshi kubera ifoto yashyize hanze irimo amagambo avuga ko umuhungu we yazahuye Juventus yari imaze imyaka 20 idatwara shampiyona ya Serie...
Umugore witwa Danea Plasencia w’imyaka 28,yapfiriye mu bitaro byo mu mujyi wa Miami muri Leta ya Florida,ubwo yageragezaga kwiyongeresha ikibuno ku mafaranga...
Louise Victoire Nganyira, wamenyekanye cyane mu itangazamakuru kuri radiyo Rwanda, n’impanga ye Nganyira Louis Victor ni abana bavuka kuri Nganyira Augustin na Mukantagara Victoria wamenyekanye...
Mwiseneza Josiane wabaye Nyampinga ukunzwe mu mwaka wa 2019 (Miss Popularity 2019), yagize ibyago byo kubura Se witabye Imana ari mu gihugu cya Uganda.
Nyina wa Cristiano Ronaldo witwa Dolores Aveiro yabwiye abanyamakuru kuwa Gatanu w’iki Cyumweru ko mu mupira w’amaguru hari abajura biba amajwi y’umuhungu we bakamwima ibihembo by’umukinnyi witwaye...
Umwarimu wo muri kaminuza ya Calabar mu gihugu cya Nigeria yakoze benshi ku mutima ubwo yahaga ubufasha bukomeye umunyeshuli we wabyaye impanga wari uje gukora ikizamini amufasha umwana we umwe...
Rutahizamu wa Manchester United witwa Marcus Rashford yishimiye ko yamaze kugurira inzu mama we, Melanie ye yo kubamo kugira ngo nawe abone ubwigenge bwo...
Umuhanzi nyarwanda Nshimiyimana Naason wamenyekanye mu muziki nka Naason, ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura se umubyara, Jumaine Athanase, witabye Imana...
Nyina wa Pep Guardipla, Dolors Sala Carrió w’imyaka 82 yapfiriye mu bitaro byo mu mujyi wa Barcelona azize Corona Virus nkuko byatangajwe n’ikipe ya Manchester City atoza kuri uyu wa Mbere taliki ya...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo ukomoka muri Portugal yatunguye nyina umubyara Maria Dolores Aveiro ku munsi w’ababyeyi b’abagore muri iki gihugu,amugurira imodoka ihenze cyane yo mu bwoko...
Mugitondo cyo kuri uyu wa 14 gicurasi nibwo papa ubyara miss umunyana shanitah yitabye imana azize uburwayi aguye mu bitaro byitiriwe umwani faisal aho yari amaze igihe...
Umuhanzi ukomeye cyane mu gihugu cy’Uburundi witwa Big Fizzo yahawe inyito ya kibyeyi n’umuhanzi ukizamuka mu muziki w’u Burundi witwa Kirikou kubera ubufasha bukomeye yamuhaye mu iterambere rye...
Se wa Lionel Messi biravugwa ko ari gushaka inzu yo guturamo mu mujyi wa Milan mu rwego rwo gufasha umuhungu we kwerekeza muri iki gihugu gukinira ikipe ya Inter Milan yamwifuje kuva...
Mu gahinda kenshi n’amarira, umuririmbyi wo muri Repubulika iharanira demolarasi ya Kongo Koffi Olomide, abicishije kuri facebook yavuze ko nyina umubyara...
Abakinnyi bakomoka muri Brazil bakomeje kubura ababyeyi babo aho nyuma ya Ronaldinho watakaje nyina umubyara mu minsi ishize n’umunyezamu wa Liverpool,Alisson Becker,yabuze se umubyara warohamye...
Intumwa y’Imana, Dr Apotle Gitwaza, umuyobozi w’amatorero ya Zion Temple ku isi yashimiye abantu bose bamufashije muguherekeza umubyeyi we umubyara witabye Imana mu minsi...
Madamu Dolores Aveiro,nyina wa kizigenza Cristiano Ronaldo yavuze ko umwuzukuru we Cristiano Jr yamwegereye ubwo yari akize indwara ya Stroke aramubwira ati “Nyogokuru...
Nyina wa Adrien Rabiot witwa Veronique Rabiot,yavuze ko abona ababyeyi ba Mbappe na Pogba nta burere babahaye kubera ukuntu bitwaye mu mukino Ubufaransa buheretse gutsindwa...
Nyina wa Cristiano Ronaldo, Dolores Aveiro, yatangaje ko umwuzukuru we ’afite ubuhanga budasanzwe mu mupira w’amaguru kuruta ubwo se yari afite banganya imyaka’ kubera ko amureberaho nka mwarimu we...
I Nyamirambo hari umugore wacuruje umwisengeneza we bigera aho asama inda ku myaka 13, nyina w’umwana yitabaza inkiko. Uyu mubyeyi waburanye na muramukazi we avuga ko yabuze umwana we kuko...
Umugore wari mu ndege yavaga muri Ghana yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yafashwe n’ibise mu buryo butunguranye afashwa n’umuganga wari uyirimo abyara umwana we nubwo atari ashyitse....