Umuhanzi Tom Close akaba n’umuganga wabigeze umwuga yagize icyo avuka kuri Sebukwe akaba ari Papa w’umugore we Ange Tricia Niyonshuti , avuga ko ari gihombo ngikomeye kubura umubyeyi bari...
Abana bane babuze icya rimwe tariki 15/09/2018, umubyeyi w’umwe, abaturage, n’abategetsi baremeza ko ari bo babonetse kuwa mbere nijoro mu buvumo buri hafi y’iwabo mu burengerazuba bushyira...
Niyonshuti Ange Tricia umugore wa Ruyumbo Thomas wamenyekanye mu muziki nka Tom Close mu gahinda gakomeye yagaragaje agahinda n’intimba ahoraana kubwo kubura umubyeyi we umaze umwaka yitabye Imana...
Umuhanzikazi ukunzwe na benshi mu njyana Gakondo Clarisse Karasira yifurije isabukuru y’amavuko umugabo we avuga ko uretse kuba ari umugabo we ari n’umubyeyi nyagasani...
Umuryango wa Paul Rusesabagina wijyanye mu rukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika usaba indishi y’akababaro ya miriyoni 400 z’amadorari y’abanyamerika.
Uyu muryango wasobanuye ko iyo ndishyi...
Hamza Umuvandimwe wa Uwihoreye Jean Bosco wamenyekanye nka Ndimbati uri muri Gereza yahishuye ubuzima bwe n’uko yakiriye ifungwa ry’umuvandimwe we ndetse avuga n’ubizima abana ba Ndimbati barimo...
Umuturage ari mu gahinda gakabije nyuma y’uko itsinda ry’inkende ryambuye umubyeyi uruhinja rwe mu gihe yaruhaga ibere mu giturage cya Mwamgongo I Kigoma mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa...
Umunyamakuru Moses Iradukunda uzwi mu biganiro by’imyidagaduro wari umaze iminsi afunzwe, yavuze ko mugenzi we Phil Peter bigeze gukorana, yagaragarije inzego ko atifuzaga ko arekurwa ndetse ko...
Prossy Mayanja umubyeyi wa Weasel Manizo umugabo wa Sandra Teta banabyaranye yashimangiye ko gutandukana k’umuhungu we Weasel na Sandra ari nk’inzozi bidashoboka bitewe n’uko ubuzima bwa Sandra...
Wema Sepetu wigeze kuba nyampinga muri Tanzaniya, yongeye kugaragaza ko anyotewe no kuba umubyeyi nyuma yo gukorwa mu nkovu n’abafana bamwibutsa ko akwiye kubyara...
Myugariro Rwatubyaye Abdul yatangaje ko APR FC ayifata nka se mu gihe Rayon Sports ayifata nk’umugabo wa kabiri w’umubyeyi bityo ko APR FC ariyo iganje mu mutima we...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yagaragaje ko ku wa 07 Mata 1994, abari mu rugo rwa musaza we, Landouald Ndasingwa wari uzwi nka...
Ku itariki nk’iyi ya 20 Mata mu 1994, ni wo wabaye iherezo ry’ubuzima bwa Gicanda wari wararongowe n’Umwami Mutara III Rudahigwa, Intwari y’Imena mu Ntwari z’u...
Umunyeshuri witwa Uwineza Diane wari ugiye kwiga mu kigo cy’amashuri yisumbuye cya T.T.C Zaza mu mwaka wa kane yahuye n’uruva gusenya ubwo yari ageze kuri iri shuri banga kumucumbikira kubera ko...
Umwarimu witwa Nzuwonemeye Apollinaire n’umunyeshuri, Umubyeyi Flora basanzwe mu nzu yakodeshejwe n’umwarimu mu Murenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke bari mu bikorwa...
Bi Sandra umubyeyi w’icyamamare muri muzika mu gihugu cya Tanzania, Diamond Platnumz yishimiye kwakira umwana mushya w’umuhungu mu muryango we wabyawe na Tanasha Donna ukomeje kuryoherwa n’urukundo...
Umuhanzi akaba n’umuganga Dr Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close,we n’umufasha we Tricia biyemeje kurera umwana w’uruhinja watawe n’umubyeyi we ku muhanda i Nyagatare amaze ibyumweru 3...
Umugabo wo mu Buyapani washinze kompanyi ikodesha ababyeyi, abavandimwe cyangwa inshuti, yabwiye BBC ko ubu amaze kugira abana 35 n’abamwita abavandimwe cyangwa babyara be 25, ariko bose nta we...