Hari ibintu umukobwa wese yitaho cyane mbere yo kwemera kujya mu rukundo n’umusore runaka, nyamara abasore bo bibwira ko nta gaciro bifite ndetse abenshi...
Uwimbabazi Sharifa wahoze ari umugore wa nyakwigendera Jay Polly yerekanye umusore bari mu munyenga w’urukundo yasimbuje undi waherukaga kumwambika impeta.
Umukobwa ukora umwuga wo kwicuruza wo mu Mujyi wa Kigali ahazwi nko mu Murenge wa Kimisagara yafashe umwanzuro wo kwiruka ubwo yari mu gikorwa cyo kwinezeza n’umusore wari wamwishyuye bitewe...
Umusore w’imyaka 22 y’amavuko wafatiwe na Polisi mu Kagari ka Kabuga I mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo, ubwo yari amaze kwiba ibihumbi 119 Frw Koperative yamuhaye akazi, yanze kugorana...
Mu rwego rwo kurinda no gusigasira umubano w’urukundo rwanyu ni byiza ko umusore yirinda amagambo n’ibibazo abaza umukunzi we kuko bishobora kurwangiza mu gihe we yibwiraga ko ari...
Umusore w’imyaka 24 yafatiwe mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Nyamata muri gare afite ibikoresho byo munzu birimo na Television ndetse n’amafaranga agera ku bihumbi 96 rwf yari yibye mu rugo...
Mu karere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru, ubuyobozi bw’akagari ka Birira mu ako karere buvuga ko ku kiraro ka Cyasusa habonetse umurambo w’umusore ukiri muto gusa hakaba hataratangazwa icyo yaba...
Umusore w’imyaka 23 wo mu Murenge wa Kabare mu Karere ka Kayonza yateye icyuma mugenzi we mu mutwe aramukomeretsa mu buryo bukomeye bapfa amafaranga 1000.
Umukobwa wari ukirangiza amashuri yisumbuye wo mu murenge wa Muhoza, akarere ka Musanze, avuga umusore wamuteye inda yahise ashaka undi mugore, agiye kuri RIB bamusubiza ko yujuje...
Umusore w’umunya-Angola yahigitse abasore 19 barimo n’umunyarwanda yegukana ikamba rya Mister Mister Africa International 2021 , mu birori byabereye mu mujyi wa Abidjan muri Côte d’Ivoire ku munsi...