Ku itariki 15 Mutarama uyu mwaka Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rubavu yafashe moto ebyiri zibwe mu Mujyi wa Kigali; abagabo babiri bazifatanwe bakaba bafunzwe.
Umwe ni Niyonkuru Japhet w’imyaka...
Umusore witwa Bimenyimana Reverien w’imyaka 28 mu kagari ka Kagano Umurenge wa Kitabi yafashwe na polisi y’ u Rwanda yihambiriye ku mubiri we ibiro 10 by’urumogi arenzaho...
Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera, ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko, Me Evode Uwizeyimana, yavuze ko kugeza uyu munsi hari ba noteri batagira aho bakorera avuga ko usanga...
Igihugu cya Uganda cyamaze guha Pasiporo Charlotte Mukankusi ushinzwe ibijyanye na dipolomasi mu mutwe w’iterabwoba wa RNC,washinzwe na Kayumba Nyamwasa ushinjwa gushaka guhungabanya umutekano w’u...
Mu karere ka Nyarugenge ho mu mujyi wa Kigali,hatangiye gukoreshwa imashini abaturage bakoresha bagaragaza uko bakiriye serivisi bahawe, itu tumashini twashyizwe muri serivisi zikenerwa...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Ugushyingo, ku bufatanye bwa Polisi ikorera mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Mageragere n’inzego bafashe abagabo batatu biyitaga abasirikari bakaka amafaranga...
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 24 y’amavuko ukomoka mu Murenge wa Nyange ho mu Karere ka Musanze,yafashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa 27 Gicurasi 2020, yiyambitse nk’abagore nyuma yo gutobora inzu...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko Kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Gicurasi 2020,habonetse abarwayi 7 ba Coronavirus hakira umuntu umwe.Abanduye bose hamwe bamaze kugera kuri 346.Hamaze...
Ku gicamunsi cyo kuwa Gatatu tariki ya 10 Kamena abapolisi b’u Rwanda bo mu ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) bafashe abagore babiri bafite udupfunyika 1,339 bari bagiye kurucuruza mu...
Perezida Donald Trump avuga ko yumvise ko Kamala Harris wo mu ishyaka ry’abademokarate uziyamamazanya na Joe Biden akaba yamubera visi perezida "atujuje ibisabwa" byo kuba visi...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Murambi uherereye mu Karere ka Gatsibo bufatanyije n’inzego z’umutekano bataye muri yombi abaturage 60 bitabiriye imihango yo gusaba no gukwa barenze ku mabwiriza yo...
Umuraperi Papa Cyangwe n’umuhanzikazi Ariel Wayz bari mu bantu 113 bafashwe na Polisi y’Igihugu barenze ku mabwiriza yo kurwanya Covid-19 aho bafatiwe mu Kabari barimo gukora amashusho ndetse...
Umuturage wo mu Kagari ka Nyamagana mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango, yagerageje gutwika imodoka y’Umunyamabanga Nshingwakorwa w’Umurenge wa Ruhango ashaka kwihimura ko yamusenyeye inzu...
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano n’abaturage mu Karere ka Gicumbi, mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 1 Ugushyingo, yagaruje moto yari yibwe, hafatwa abantu babiri...
Inzego zishinzwe Umutekano mu karere ka Muhanga, zarashe umujura wari witwaje inkota n’ipiki yikoreye na Televiziyo yari yibye Umuturage mu rukerera rwo kuri uyu wa 08 Mata 2023.
Ibi byabereye...
Ihuriro rigizwe n’ imiryango itegamiye kuri Leta rigiye guhabwa miliyari y’ amafaranga y’ u Rwanda ngo ibe ariyo ishyira mu bikorwa gahunda ya Girinka.
Kuri uyu wa Kane tariki 11 Gicurasi 2017,...
Umuyobozi w’akarere ka Burera Uwambajemariya Florence
Abaturage bo mu karere ka Burera bafite amatsiko menshi yo kureba ejo hazaza, harangwa n’iterambere batabasha kwiyumvisha bahereye ku ryo...