Umugore wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika yabaye umuntu wa gatatu ku isi ukize virus itera Sida (VIH),aba n’umugore wa mbere ukize iyi ndwara,hakoreshejwe uburyo bwo kumutera uturemangingo....
Gufata mu mutwe no kwibuka biri mu bintu by’ingenzi dukenera mu buzima bwa buri munsi. Ku bantu benshi, uko bagenda bakura ni uko ubushobozi bwo kwibuka no gufata mu mutwe bugenda bugabanuka,...
Vitiligo ni ni indwara ifata uruhu ,ikarutera iyangirika aho usanga umuntu afite amabara atandukanye ku mubiri we ,niba yari umwirabura ukabona afite amabara y’umweru ku ruhu...
Wari uzi ko amaribori(striae) ari ikibazo cy’ubuzima cyibasira uruhu? Amaribori rero bamwe bakunze kuvugako ari utarangabwiza ku gitsinagore abandi bakavugako ari ubusembwa, akaba rero agaragazwa...
Kuri uyu wa 4 Gicurasi 2017, mu karere ka Kamonyi mu ntara y’ Amajyepfo umubyeyi yabyaye umwana ufite amaguru atatu ahita agwa mu kantu kubyakira biramugora kubera agahinda.
Uyu mwana w’ umukobwa...
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 04 Kanama 2017 nibwo abakunzi b’imikino ngororamubiri bategerezanyije amatsiko shampiyona y’isi y’iyi mikino iraza kubera mu mugi wa London aho izasozwa ku italiki ya 13...
Sebarinda Leonard n’ umuryango batuye mu murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera bari mu byishimo nyuma yo kongera kubona umukobwa wabo baherukaga mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi.
Uyu...
Hari igihe uburemba abantu bibwiraga ko buba ku bagore gusa. Ubushakashatsi bwagaragara ku mu ngo 100 zibura urubyaro 50 muri zo biba byaraturutse ku buremba bw’...