Ku ncuro ya mbere Papa Francis azemerera abagore gutora mu nama ikomeye y’abakuriye Kiliziya ku isi izaba mu Ukwakira(10) – ikintu cyakiriwe neza nk’amateka mashya.
Itegeko rishya ryatangajwe kuwa...
Turi tariki ya 15 Kamena, ni umunsi w’ 166 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 199 ni yo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ibyaranze uyu munsi mu mateka
• -763: Abassyriens bafashe neza...
Minisitiri w’Ububanyi n’ amahanga akaba n’umuvugizi wa Leta y’u Rwanda yatangaje ko bitashoboka ko Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi agenda asaba imbabazi buri munyarwanda mu rugo rwe....
Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda yashimiye Kiliziya gatolika kuba yemeye gusaba imbabazi ku ruhare yagize muri jenoside yakorewe abatutsi.
Nk’ uko bigaragara ku rukuta rwa Perezida Kagame...
Umushumba Mukuru wa Kiliziya gatolika ku Isi Papa Francis yakomoje ku bakiristo biyoberanya bakiyita abakirisitu kandi banyunyuza abaturage, bakanakora ubushabitsi burimo uburiganya avuga umuntu...
Kuri uyu munsi wa noheli, abakiristu ku isi bibuka ivuka rya Yezu, umushumba mukuru wa kiliziya gatolika Papa Francis, yifurike abatuye isi amahoro, asaba ko intambara zishyingiye ku iterabwoba...
Ibyaranze tariki ya 23 Nyakanga birimo kuba Autriche-Hongrie yarahaye gasopo ubwami bwa Serbia kubera ibyaha by’iyicwa ry’igikomangoma Francois Ferdinand byanabaye intandaro y’intambara ya mbere...
Umushumba wa Kiliziya gatolika ku Isi Papa yifashishije inkuru ya Yosefu na Mariya iboneka muri bibiliya yasabye abatuye Isi kutirengagiza akababaro k’ abimukira.
Ubu butumwa yabutangiye mu...
Muri uyu mwaka wa 2017 urimo kugana ku musozo havuzwe byinshi muri politiki y’ u Rwanda, UMURYANGO ugiye kukugezaho amakuru y’ ingenzi yaranze politiki y’ u Rwanda mu mwaka wa 2017.
Uyu mwaka...
Ntibukunze kubaho ko umuntu atangariza mu ruhame ko ari hafi gupfa gusa Benoît XVI wigeze kuba Papa akava kuri uyu mwanya yeguye ku mpamvu ze bwite yatangaje uko amerewe mu minsi avuga ko ari iya...
Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yahinduye inyigisho z’ukwemera kwa Kiliziya Gatolika, avuga ko igihano cy’urupfu kitemewe mu buryo ubwo ari bwo...
Mu ntangiriro z’umwaka utaha Papa Francis arateganya gukorana inama n’abayobozi b’Inama z’Abepisikopi bazaturuka hirya no hino ku Isi kugirango baganire ku bibazo byugarije Kiliziya Gatolika bijyanye...
Hirya no hino ku isi, hari abantu bakomeye mu nzego zitandukanye kandi bafite ububasha ku mubare munini w’abatuye isi, haba mu bya Politiki, mu by’ubukungu, kuba bavuga rikijyana cyangwa ibindi...
Papa Francis yatabawe n’abashinzwe kuzimya umuriro nyuma yo guhera muri ascenseur [lift] iminota 25 yose ubwo yari agiye gusoma misa yo kuri iki cyumweru muri bazilika ya mutagatifu...
Mu gihe isi yose yizihiza umunsi mukuru wa Noheli, umunsi Umwami n’Umukiza wacu Yesu Chirist (ku bamwemera) umushumba wa kiliziya Gatolika ku isi Papa Francis yageneye ubutumwa abakristo bose...
Umubikira yasomwe ku itama na Papa Francis kuri uyu wa Gatatu taliki ya 08 Mutarama 2020 ibyishimo birenga uyu mugore yitera hejuru avuza induru abari aho bifata ku...
Buri gitondo saa kumi zurukerera I Dallas padiri Josh ajya mu miisa ya twibature amaze kunywa ikawa ye,agaterera ijisho kubana be aho baryamye yarangiza agasoma umugore we akamusezera agafata...
Umushumba wa kiriziya Gatorika ku isi yose,Papa Francis, kuri iki Cyumweru yifatanyije n’umunyamabanga mukuru wa ONU Antonio Guterres mu gusaba ihagarikwa ry’intambara zose ku isi kugira ngo...
Visi Perezida wa Sudani y’Epfo Riek Machar yatangaje kuri televiziyo y’igihugu ko bamupimye bakamusangamo coronavirus, kimwe n’abandi bantu benshi mu bo hafi...
Muri iki gihe, umwambaro wa Bikini wambarwa nabakobwa n’abagore bagiye mu bikorwa byo kwidagadura,koga, no kumurika imideri. Uri mu myenda ikunzwe cyane ndetse abantu biganjemo abaririmbyi...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye Misa ya mbere Arikiyepisikopi wa Kigali,Kardinali Antoine Kambanda yasomeye muri Kigali Arena,nyuma yo kwimikwa na Papa Francis mu kwezi...
Nyirubutungane Papa Francis yagize Arikiyepisikopi wa Kigali, Karidinali Antoine Kambanda umwe mu bashinzwe iyogezabutumwa muri Kiliziya Gatolika ku Isi yose nyuma y’iminsi mike amugize...
Umwaka umwe nyuma yo kwemera ko yatwitse Katederali, nyuma y’uko kandi tariki 29 z’ukwezi gushize avuye mu bitaro by’indwara zo mu mutwe, ku wa mbere yishyikirije polisi yemera ko amaze kwica Padiri...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi Papa Francis azasura Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR Congo) na Sudani y’Epfo mu kwezi kwa karindwi, nk’uko byemejwe n’abamuhagarariye.
Ettore...