Mu rubanza mu rukiko rwisumbuye i Kigali aho Paul Rusesabagina yaje kujuririra icyemezo cyo gufungwa byagateganyo, yavuze ko ’bashinze umutwe wa FLN’ utagamije ’gukora iterabwoba’ ahubwo ’gushaka ko...
Abana 10 bapfiriye mu muriro watwitse inzu bararamo mu gicuku cy’uyu munsi kuwa mbere mu majyaruguru ashyira uburengarazuba bwa Tanzania nk’uko abategetsi...
Uyu munsi kuwa kane tariki ya 27 Kanama 2020, ikiciro cya mbere cy’impunzi z’Abarundi cyazindutse gicyurwa ku bufatanye bwa leta y’u Rwanda n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi,...
Umugore w’imyaka 52 wo muri Zambiya, uzwi ku izina rya Yvonne Banda, yeruye ku mugaragaro ko aryamana n’umuhungu we mu rwego rwo gukomeza ubutunzi bwe.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Kanama 2020,Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru kiyoborwa na Minisitiri Dr Vincent Biruta, akaba ari na we muvugizi wa...
Since the worldwide COVID-19 outbreak started, Africa’s leading digital TV operator StarTimes has been taken many actions. These actions were all guided by the “4 Healthy initiatives” set by...
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika n’uwa 37 ku Isi yose muri raporo ngarukamwaka igaragaza ishusho y’uko ibihugu bigendera ku mategeko ( Rule of Law Index2020). Igihugu cya Denmark ni...
Ashingiye ku biteganywa n’ltegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku itariki ya 26 Gashyantare 2020, Nyakubahwa...
Tombola y’uko amakipe azahura mu mikino ya nyuma ya CHAN 2020 izabera muri Cameroon yamaze kurangira aho ikipe y’Igihugu Amavubi yisanze mu itsinda rikomeye rya C hamwe na Morocco,Uganda na...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Gashyantare 2020, nibwo mu mujyi wa Yaounde muri Cameroon harashyirwa mu matsinda ibihugu 16 byabonye itike yo kwitabira CHAN 2020 izabera muri iki gihugu kuwa 04...
Ku bwiganze busesuye, Perezida Kagame yatorewe kuba Umuyobozi w’Akanama k’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’Ikigega cy’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe gishinzwe...
Umupasiteri wo mu gihugu cya Ghana witwa, Nigel Giasie, yemeje ko ashobora gukora ibitangaza umukinnyi wa Basket, Kobe Bryant n’umukobwa we Gianna baguye mu mpanuka y’indege bakongera bakaba...
Umupasiteri wo muri Afurika y’Epfo witwa Mboro yavuze ko yageze i Kuzimu akica satani akanatangazwa no kubona abantu babayeho neza cyane hano ku isi bari bari ku rutonde rw’abo satani yari agiye...
Kuri uyu wa 27 ukuboza 2019 ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryashyize ahagaragara uburyo amakipe y’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika azaba agabanyije muri tombola ya kabiri yo...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane taliki ya 19 Ukuboza 2019,Nyakubahwa perezida Kagame yitabiriye umuhango wo kumurika ikirango cy’imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Basketball ya...
Myugariro wa Rayon Sports akaba na kapiteni wayo, Rutanga Eric, yanyomoje amakuru yavugaga ko yamaze kumvikana na Yanga Africans yo muri Tanzania aho yemeje ko ibi ari...
Rayon Sports yatangiye gukoresha igeragezwa rutahizamu Mamady Barry wakiniye ikipe y’igihugu ya Guinée-Conakry y’abatarengeje imyaka 20 mu gikombe cy’isi cya 2017,waje mu Rwanda avuye mu...
Kuri uyu wa 25 Ugushyingo 2019 i Kigali hatangirijwe amahugurwa y’iminsi itanu y’abayobozi ba tekinike (Directeur Technique) n’abanyamabanga bakuru b’amashyirahamwe baturutse mu bihugu bitandukanye...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika,CAF,ryemeje ko igikombe cya Afurika gikinwa n’abakina imbere mu bihugu byabo [CHAN] kizaba kuva kuwa 4 Mata kugeza kuwa 25, aho bizahurirana n’igihe u...
Rutahizamu wa Algeria,Riyad Mahrez,ntabwo azagaragara mu mukino iki gihugu gifitanye na Botswana kuri uyu wa mbere kubera gusezera mu ikipe y’igihugu kubera impamvu bwite ze ariko biravugwa ko...
Ibintu ntabwo byifashe neza kuri Igiraneza Paulette Ndekwe uhagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Miss Earth 2019 kuko aherutswe gutsindwa mu gice cyo kwiyerekana bambaye bikini none no mu...
Rutahizamu mushya wa Gasogi United,Tidiane Kone,yavuze ko nubwo yaje mu ikipe izamutse mu cyiciro cya mbere vuba,yiteguye kubabaza ikipe ya Rayon Sports yamurekuye akagenda mu ntangiriro z’umwaka...