Nkuko bitangazwa n’ikinayamakuru Forbes cyo mu mwaka wa 2021 ari nacyo dukesha uru rutonde, ubutunzi bw’abaherwe bo ku mugabane wa Afurika bwariyongereye cyane.
Mu myaka 10 yikurikiranya, Aliko...
Umuhanzi wo muri Tanzania Diamond Platnumz yavuze ko ubukwe yateganyaga gukora mu mpera z’umwaka ushize n’umukobwa byavugwaga ko ari umunyarwandakazi bwaje gupfa biturutse ku...
Amarira n’agahinda nibyo byaranze umunsi wishyingurwa rya Frank Rubaduka wari waratangije irushanwa rya Miss Career Africa ryari rimaze kuba inshuro ebyiri...
Uhiriwe Yasipi Casmir uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Africa Calabar 2020, we na bagenzi be bahatanye baserutse mu mwambaro wo kogana ariko umukobwa wo muri Solamia...
Umugore wa Kobe Bryant, Vanessa Bryant, muri ibi bihe by’iminsi mikuru ya Noheli yahaye impano bamwe mu bantu akunda cyane barimo umunyamideli Kim Kardashian na nyina wa Kim Kardashian with Kris...
Uko iminsi iza indi igataha, irushanwa rya Miss Rwanda rigenda rikura umunsi kuwundi, haba muburyo bwamikoro ndetse no muburyo rikomeza kwigwizaho abakunzi. Ni irushanwa kandi ritanga amahirwe...
Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko u Rwanda ruhagaze neza mu rugamba rwo kurwanya icyorezo cya COVID19, kandi ko bitarenze tariki ya 7 z’ukwezi gutaha ruzaba rwamaze gutanga ubusabe bw’inkingo za Covid...
Agathe Kanziga Habyarimana, umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana , kuri uyu wa kabiri tariki 3 Ugushyingo yagejejwe mu rukiko rw’i Paris kugira ngo abazwe ku ruhare...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ni umwe mu bakatiwe igihano cyo gupfa n’urukiko rwo mu gihugu cya Yemen ashinjwa ibyaha by’intambara.
Amashusho y’indirimbo INDEBAKURE bivugwa ko ari iya King Ruganzu yafatanyije na Sintex akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga n’abantu batandukanye bayivugaho ibitandukanye bitewe...
Umwana wavutse Perezida Bizimungu yatawe muri yombi ubu yujuje imyaka 18
Mu Mwaka w’2000, Pasteur Bizimungu yeguye ku mwanya wa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, ariko ataha atanyuzwe.
Mu mwaka...
Abakobwa babiri harimo uwitwa ISIMBI Belinda wahamije ko azwiho kuba ateye neza akanaseka neza kurusha abandi bakobwa bo mu Rwanda ndetse na Rabia washimangiye ko mu Bwiza nta mukobwa wo mu...
Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United akaba na nyirayo, Kakoza Nkuriza Charles [KNC]yabwiye Rayon Sports ko ishobora gukomeza guterateranya amafaranga yo kugura Hakizimana Muhadjiri igashiduka...
Nyuma y’umwaka umwe ageze mu ikipe ya Rayon Sports,Rugwiro Herve yagizwe kapiteni mushya wa Rayon Sports asimbuye Rutanga Eric wagiye muri Police FC mu kwezi...