Azanian abinyujije kuri Twitter yavuze ko umukobwa kuri ubu udafite ikibuno ndetse n’amabere biteye neza ko kuri ubu ari ikiremwa kituzuye kubera ko abagabo aribyo...
Vatican ni umugi uherereye mu wundi mugi wa Rome mu Butariyani ndetse ukaba n’icyicaro cya Kiliziya Gatolika ku isi na Leta yayo Vatican ikanagira n’umwihariko wo kuba igihugu gito mu isi ku buso...
Mu buzima hari ibintu utapfa kwiyumvisha ko bibaho. Nari mfite imyaka 15 ubwo umukunzi wa mukuru wanjye yansambanyirizaga mu bwogero bw’ akabari ko mu mujyi wa Kigali. Maxime yantwariye ubusugi...
Paris Jackson umukobwa wa Michael Jackson, yahaye ubutumwa abakunzi be barenga miliyoni n’ibihumbi magana ane bamukurikirana kuri Instagram, aho yababwiye ko ubwambure ari ikintu...
Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma mu Karere ka Rwamagana, rwakatiye igifungo cya burundu Ntezimana Jean Damascène wiyemereye imbere y’urukiko n’imbaga y’abaturage mu Murenge wa Karenge ko yishe umugore we...
Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli yavuze ko imfungwa n’ abagororwa bo mu gihugu ayoboye bagomba kujya bakubitwa amanywa n’ ijoro abanebwe badashoboye ako kazi...
Hari abasore bamwe bajya mu rukundo icyo bagamije ari ukwikorera imibonano mpuzabitsina nta rukundo rubarangwaho ugasanga ntibakozwa ibyo gushinga urugo.
Ikirego cy’abakobwa batatu bo mu gihugu cya Zimbabwe cyagejejwe imbere y’urukiko cyibashinja guhohotera umupasiteri wo mu gace k’ahitwa Cowdray Park suburb, muri Bulawayo, ubwo yari aje gufata...
Ikinyamakuru cyo muri Nigeria cyakoze ibyafashwe nko gushotora Kiliziya Gatolika abandi bavuga ko byari bikwiye ko hamenyakana ukuri ko hari Abapadiri n’ababikira basoma ku nzoga nyuma yo kuva mu...