Bruce Melodie nk’umwe mu bahanzi bakomeye mu bagezweho muri iyi minsi yahakanye amakuru avuga ko yatumijeho imodoka ihenze igura agera kuri miliyoni 700 itunzwe n’ibyamamare birimo na Cristiano...
Umuraperi w’umutinganyi Lil Nas X ugenzweho muri Reta Zunze Ubumwe za America yongeye guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’aho yasohoye amafoto atandukanye atwite ateguza abakunzi be album...
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda Mbabazi Chadia,wamamaye kuri Shaddy Boo yishingoye kuri benshi bamucaga intege none ubu akaba ari bo bakiriya be bamuha ibiraka byo kubamamariza...
Urubuga rwa WhatsApp mu nzira yo gutakaza umubare munini w’abayikoresha dore ko benshi batangiye kuyoboka izindi mbuga nka Signal ndetse na Telegram, ni nyuma y’aho tariki ya 6 Mutarama 2021, ikigo...
Nyuma y’amakuru avugwa ku mbuga nkoranyambaga ko Bruce Melodie na Uwase Hirwa Honorine uzwi nka Miss Igisabo bashobora kuba bari mu rukundo, ubu Bruce Melodie, uherutse gushyira hanze indirimbo...
Uruganda rwenga inzoga zisembuye rwa SKOL rwamaze kumvikana na Rayon Sports ku masezerano mashya y’imikoranire aho rwemeye kuzajya ruha iyi kipe akayabo ka miliyoni 217 buri mwaka zikubiyemo...
Komisiyo ishinzwe gutegura ibiganiro mpaka yavuze ko izahindura uko bizajya bikorwa kugira ngo ibiganiro bibiri bisigaye hagati ya Donald Trump na Joe Biden ntibizabe nk’igiheruka...
Ikinyamakuru France Football cyo mu Bufaransa gisanzwe gitanga Ballon d’Or cyashyize hanze urutonde rw’abakinnyi bahembwe agatubutse ku isi muri 2019 barangajwe imbere na kizigenza Lionel...
Umurusiyakazi witwa Kinsey Wolanski uheruka kuvugwa cyane mu binyamakuru ubwo yirukaga mu kibuga ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League yambaye ubusa,yakomwe mu nkokora n’umurinzi ubwo...
Bimwe mu byamamare nyarwanda birimo abanyamakuru ndetse n’abandi bakurikiranira hafi muzika nyarwanda banenze itsinda rya Sauti Sol riherutse gukorana indirimbo n’umuhanzi Mani Martin ntihagire...
Ikipe ya Rayon Sports ishobora gufashwa na SKOL kwerekeza mu Bwongereza gusura Arsenal FC muri Kamena uyu mwaka,bitewe n’ubufatanye iyi kipe ifitanye n’uru...