Duherukana ubwo bwari bukeye musaza wacu Vena ameze nabi ngafata umwanzuro wo kuva mu rugo nkajya mu gacentre gusahaka akanyama ko gutogosa mu mazi ngo twondore umwana wa Mama wari waje kuri iyo...
Abakinnyi, abatoza, abayobozi n’abafana ba Rayon Sports bifatanyije n’abaturage b’i Mugandamure,mu karere ka Nyanza, mu muganda rusange ngarukakwezi.
Mu mafoto yagiye hanze,aba baturage bishimiye...
Oluwatosin Ajibade wamamaye nka Mr Eazi uri mu bahanzi bakomeye muri Nigeria no muri Africa, ari mu biganiro n’ikipe ya Rayon Sports yiyongere mu baterankunga b’iyi kipe.
Ku mugoroba wo kuri uyu...
Judith Niyonizera wahoze ari umugore wa Safi Madiba yongeye kwibutsa abamwita mubi nabavuga ko ashaje ko baba bata inyuma ya huye kuko kuri we abona ko ari mwiza kandi atewe ishema n’uwo ari...
Mu birori byo kwizihiza imyaka 10 Inkomoko imaze benshi abayobozi baakuru b’ibigo bikomeye hano mu Rwanda bigaragaje mu kuvanga imiziki bishimirwa na benshi cyane ko bari bamenyerewe kugaragara...
Iminsi itandatu nyuma yo gutora, ntiharamenyekana uwatsinze amatora ya perezida wa Kenya. Byitezwe ko ashobora gutangazwa uyu munsi.
Kubara kugenda buhoro kw’ibyavuye mu matora, abanya-Kenya...
Polisi ya Kenya mu murwa mukuru Nairobi yasatse ibiro byemezwa ko bifite aho bihuriye na Visi Perezida w’iki gihugu, William Ruto, uyu akaba ari umwe mu bakandida bakomeye bo ku mwanya wa perezida...
Mu bihugu byinshi bitandukanye nk’ubuyapani ubwoko bw’amaraso ni kimwe mu bimenyetso bagenderaho bita ku myitwarire y’umuntu n’ uburyo bashobora kumwitwaraho
Umugore w’imyaka 25 wo muri Kenya yasubiye ku kazi amezi atatu nyuma yo kwibaruka, kubera iyo mpamvu ntashobora konsa umwana we w’umukobwa amezi atandatu yagenwe.
Uyu mugore wize iby’indyo...
Abantu batandukanye bakurikiranira hafi ibyamamare byo mu Rwanda abenshi hari ibibazo bagenda bibaza ku bantu bamwe na bamwe bamamaye ahanini ntibabibonere ibisubizo,ari nayo mpamvu twahisemo...
Ikinyamakuru Forbes gishyira hanze amakuru ku baherwe n’abinjiza agatubutse ku isi cyashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 10 bishyuwe akayabo mu mwaka wose.
Kuri uyu wa gatatu,nibwo Forbes...
Karine Jean-Pierre w’Imyaka 44 yagizwe umuvugizi wa Perezida Joe Biden , ahita uba umwirabuakazi wa mbere uryamana n’uwo bahuje igitsina(Gay) ushyizwe kuri uri uyu...
Umunyamideli Kim Kardashian umaze kubaka izina birakekwa ko haba hari andi mashusho amugaragaza asambana ataragiye hanze nyuma yuko hari ifoto yabonywe n’umwana we agaragara nkurimo...