Uwari umuyobozi w’ ingabo z’ umuryango w’ Abibumbye zari mu butumwa bw’ Amahoro mu Rwanda, Lieutenant General Roméo Dallaire yavuze ko kuba amahanga ataratabaye u Rwanda abona byatewe n’ impamvu...
Umusore w’imyaka 21 y’amavuko witwa John Luke Dale wiga mu ishami rya Criminology muri Nottingham yahanishijwe gufungwa amezi icyenda azira ko yafashe igitsina cye maze agishyira mu maso y’umugore...
Kuri uyu wa Kabiri ushize tariki ya 16 Gicurasi 2017 nibwo Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango (MIGEPROF), yatangaje ko mu mwaka wa 2016 abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 16 na 19...
Mu mujyi wa New York wo muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika umugabo bikekwa ko yari yafashe ku biyobyabwenge yayobeje imodoka ayinyuza mu nzira yagenewe kunyurwamo n’ abanyamaguru yicamo umwe abandi...
Umwana w’umukobwa wo mu gihugu cya Malawi utatangajwe amazina wahoze yiga ku kigo cy’amashuli cya Namulenga mu gace ka Mulanje , yateje urujijo nyuma yo kugaragara atembera mu bice by’iwabo nyuma...
Umugore w’imyaka 53 y’amavuko ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza witwa Caroline Cartwright,Urukiko rwo mu Bwongereza rwamutegetse ko areka kuzanjya asakuriza abaturanyi mu gihe ari gukora imibonano...
Umuhanzikazi w’umunyamerikakazi Ariana Grande yahagaritse urugendo rw’ibitaramo yari kuzakorera mu bihugu bitandukanye ku Isi yise “The Dangerous Woman Tour” , Nyuma y’uko abagera kuri 22 barimo...
Radio Televiziyo y’Abadage, Deutsche Welle, yatangaje kuri uyu wa Mbere irekurwa ry’umunyamakuru wayo ukomoka mu Burundi wari wafatiwe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu minsi ishize...
Imyaka irenga 6 irashize abaturage bo mu mudugudu wa Mpanga akagari ka Kanzenze mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali baterateranyije amafaranga ngo bahabwe umuriro...
lnuma yafatiwe mu gihugu cya Kuwait, giherereye mu birwa bya Perse, bikaba bivugwa ko yari itwaye ibiyobyabwenge bikoze mu binini bigera kuri 178 ibijyanye mu kindi gihugu. The Mirror dukesha...
Umubikira witwa Kosaka Kumiko ukomoka mu gihugu cy’u Buyapani yatawe muri yombi muri Argentine nyuma yo gukekerwaho ubufatanye mu gutuma abana bo mu ishuri ry’abafite ubmuga bwo kutumva no kutavuga...
Nyakwigendera Itangishaka Candide Seraphine n’abana be:Teta Kamugisha Ornella(umukuru) na Olga Gwiza Kamugisha (umuto) bose baguye mu mpanuka ya Shyorongi
Impanuka yabaye ku gicamunsi cyo...
Umurambo w’umuherwe wari mu ba mbere bafite amafaranga menshi muri Uganda, Ivan Ssemwanga wagejejwe i Kampala uvanywe muri Afurika y’Epfo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 28 Gicurasi 2017.
Ivan...
Urukiko rukuru rwo mu gihugu cya Uganda rwategetse ko akayabo k’ amafaranga kashyizwe mu mva y’ umuherwe Ivan Semwaga uherutse gushyirwa gakurwa gakurwamo.
Mu muhango wo gushyira itsinda rya Gang...
Abantu 6 bo mu muryango umwe muri Uganda bishwe n’umuhengeri mu kiyaga cya Victoria, ubwo bari mu bwato bwaturukaga mu gace ka Kasekulo berekeza mu ka Mugoye mu ntangiriro z’iki cyumweru....
Inzego zishinzwe umutekano muri Uganda zatangaje ko abanya Uganda batanu bari mu bantu 15 biciwe mu gico cyatezwe abagenzi mu gihugu cya Sudani y’ Epfo.
Ku wa Kane w’ iki cyumweru nibwo umuntu...
Jerod Davincy Odongo, umuhanuzi wo mu gihugu cya Uganda uvuga ko yahuye n’ Imana amaso ku yandi yavuze ko Imana yari yamuhishuriye ko Nyakwigendera Andrew Kaweesi wari umuvugizi mukuru wa Polisi...
Photo/Makuruki Impanuka y’imodoka yabereye mu murenge wa Kanyinya w’Akarere ka Nyarugenge yahitanye abantu bane, abandi 14 barakomereka bikomeye.
Iyi mpanuka yabaye mu ma saa yine z’ijoro ryo...
Dr Frank Habineza yatanze ibyangombwa bye bimwemerera guhatanira umwanya w’ umukuru w’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017.
Ku isaha ya saa yine zirengaho iminota mike nibwo Dr Frank...