skol
Kigali

Search: rdb (286)

Hashyizweho amasaha Ntarengwa yo guhagarika ibitaramo bibera i Kigali

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 01 Kanama 2023, yahizeho amasaha ntarengwa mu minsi y’imibyizi Ku bikorwa by’imyidagaduro n’iby’ubucuruzi bigomba gufungiraho . Itangazo...
2 August 2023 898 0

Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba Bayern Munich

Abayobozi ba Bayern Munich baheruka mu Rwanda, bahuye na Perezida Kagame, bagirana ibiganiro banamushyikiriza umwenda w’iyi kipe.
28 August 2023 461 0

Hamenyekanye ibyamamare bikomeye bizitabira #KwitaIzina

Abakinnyi ba filimi Kevin Hurt, Edris Elba n’umugore we, Danai Gurira ndetse na Winston Duke wamamaye cyane muri Black Panther, bari ku rutonde rw’abantu bazita amazina abana 23 b’ingagi mu birori...
30 August 2023 1058 0

Madamu Jeannette Kagame yasabye ikintu gikomeye urubyiruko ku bidukikije

Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko rw’u Rwanda gukomeza kubungabunga ibidukikije kuko bizakomeza gutuma abaturutse hirya no hino ku isi bakomeza gusura u...
1 September 2023 492 0

Kigali:Jali yamuritse imodoka nshya igiye gukoresha mu gutwara abagenzi

Kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 13 Ukwakira 2023, nibwo habaye igikorwa cyo kumurika Icyiciro cya mbere cya bisi zitwara abagenzi u Rwanda rwari rwaratumije.
13 October 2023 2465 0

Biravugwa: TP Mazembe yaba yanze kwambara VISIT RWANDA mu mikino ya Super League

Hashize amasaha make hatangajwe ubufatanye bwa VISIT RWANDA na African Football League,biravugwa ko ikipe ya TP Mazembe; imwe mu makipe azakina iyi mikino yatangiye yitwa Super League, yavuze ko...
18 October 2023 2211 0

Umunyamakuru Sam Karenzi yasabye Leta kugabanya ku mafaranga ahabwa abo muri VISIT RWANDA akajya muri shampiyona y’u...

Umunyamakuru w’Imikino kuri Fine FM, Sam Karenzi, yasabye inzego bireba gutekereza uko zashyigikira Shampiyona y’u Rwanda ku buryo igira amakipe ashobora guhatana muri African Super League,...
20 October 2023 2315 0

Perezida Kagame yirukanye ku kazi Umuyobozi ukomeye muri MINECOFIN

Perezida wa Repubulika Paul Kagame,yirukanye ku mirimo Dr Patrick Hitayezu wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibijyanye n’Ubukungu muri Minisiteri y’Igenamigambi (MINECOFIN), kubera imyitwarire...
2 November 2023 2309 0

Kwinjira mu gitaramo cya Kendrick Lamar i Kigali bizakundira abifite gusa

Umuraperi Kendrick Lamar uri mu bakomeye muri muzika ku Isi, ategerejwe i Kigali mu gitaramo kizabera muri BK Arena ku wa 06 Ukuboza 2023.
3 November 2023 704 0

Karasira yavuze ijambo ryababaje urukiko ruhita rumuha gasopo

Urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru mu Rwanda rwakomeje kumva mu mizi urubanza ruregwamo Karasira Aimable wahoze ari umwarimu muri kaminuza.
13 December 2023 4693 0

Minisiteri y’Urubyiruko yongerewe inshingano zo kwita ku bahanzi

Minisiteri y’Urubyiruko yongerewe inshingano z’ubuhanzi zari zisanzwe ziri muri MINUBUMWE. Ikaba yahise yitwa Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi.
14 December 2023 565 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA

KUGIRA NGO HASHYIRWE MU BIKORWA ICYEMEZO CY’UMWANDITSI MUKURU /RDB NUMERO NO 023-191354 CYO KUWA 20/12/2023, USHINZWE KUGURISHA INGWATE Me RUMAMFURA MATABARO Lionceau ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO...
5 January 2024 68 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA

KUGIRA NGO HASHYIRWE MU BIKORWA ICYEMEZO CY’UMWANDITSI MUKURU /RDB NUMERO NO 023-191354 CYO KUWA 20/12/2023, USHINZWE KUGURISHA INGWATE Me RUMAMFURA MATABARO Lionceau ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO...
5 January 2024 104 0

’Jugumila’ Yari iri kubica bigacika yasibwe kuri Youtube

Indirimbo ya Chris Eazy, DJ Phil Peter na Kevin Kade ‘Jugumila’ iri mu ndirimbo zikunzwe muri iyi minsi nkikibarizwa kuri Youtube nyuma y’uko uwitwa Icor Music yayandikishije nk’igihangano...
29 February 2024 903 0

RIB yafunze umuyobozi wa STT yakoraga ubucuruzi bw’amafaranga butemewe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Uwimana Jean Marie Vianney, wari umuyobozi wa Super Free to Trade (STT) ikora mu buryo butemewe ubucuruzi bw’amafaranga hakoreshejwe...
5 April 2024 1749 0

RIB yafunze uwashinze Sosiyete ya TAT ishinjwa kurya amafaranga ya rubanda

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko bafunze Nsengiyumva Emmanuel washinze sosiyete yitwa ‘TAT Power Solar Systems’ yashishikarizaga abantu...
10 April 2024 2620 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270