Umujyi wa Kigali watangaje ko uri guhagarika bimwe mu birori bikorerwa mu mahema hirya no hino ko bitagamije gukuraho amahema akorerwamo ibirori ahubwo bigamije gushyiraho kubahiriza amabwiriza...
Mu ijambo yagejeje ku Nteko rusange ya 78 y’umuryango w’abibumbye i New York, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), Félix Tshisekedi, yasabye akanama k’umuryango w’abibumbye...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’Afurika CAF yamenyesheje Al Hilal Benghazi izakina na Rayon Sports mu mukino w’ijonjora rya CAF Confederation Cup, ko uyu mukino ugomba kuba hari...
Mu kiganiro yagiranye n’Abanyekongo baba muri Amerika mbere yo kujya ku ruhimbi rw’Umuryango w’Abibumbye, yabanje gutanga ibisobanuro ku bijyanye n’intambara ya M23 mu burasirazuba bwa Repubulika ya...
Ikipe ya Al Hilal Benghazi yandikiye CAF isaba ko umukino wayo ubanza izakiramo RAYON SPORTS FC kuri Kigali Pele Stadium ku ya 24 Nzeri 2023 ko nta mufana...
Rukundo Patrick wari Perezida wa Komite Nkemurampaka ya Rayon Sports yeguye kuri uwo mwanya,nyuma yo kwitabira umukino wa APR FC na Pyramids FC yambaye umwambaro w’iyi Kipe y’Ingabo...
Ikipe ya Kiyovu Sports yandikiye FERWAFA iyimenyesha ko irambiwe kurenganywa n’abasifuzi ndetse ko umusifuzi wayisifuriye ku mukino iheruka kunganya na Gasogi United igitego 1-1 yatanze penaliti...
Umuyobozi w’Akanama nkemurampaka mu ikipe ya Rayon Sports, Bwana Rukundo Patrick yagaragaye yambaye umwambaro wa mukeba wabo ya APR FC,ubwo yanganyaga 0-0 na Pyramids FC yo mu Misiri, mu mikino...
Umukinnyi wa APR BBC,Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson wanabaye umukinnyi wahize abandi mu mikino ya Kamarampa (Playoffs), ari mu rukundo na Nkubito...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yemeje amatariki y’umukino uzahuza Rayon Sports ifitanye na Al Hilal Benghazi mu mikino ya CAF Confederation...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Nzeri 2023 nibwo habayeho kuganira hagati y’ikipe ya Al Hilal Benghazi na Rayon Sports na komiseri w’umukino ukomoka muri Maroc,bemeranya ibijyanye n’amatariki...
Umuhanzi Mugani Desire uzwi cyane nka Big Fizzo wo mu Burundi abinyujije ku rubuga rwa WhatsApp, yabwiye The Ben witegura gutaramira i Burundi ko akwiye kwibuka ko agace agiye gutaramiramo gafite...
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu “Amavubi” Niyonzima Haruna ukinira Al Ta’awon SC yo mu cyiciro cya Mbere muri Libya,yavuze ko AL Hilal Benghazi ari ikipe nziza ariko ikinika ndetse ko umukino wayo na...
Haruna Niyonzima wakurikiranye imyitozo Rayon Sports yakoreye i Benghazi yitegura gukina na Al Hilal, yavuze ko kuba izakinira i Kigali imikino yombi tariki ya 30 Nzeri n’iya 7 Ukwakira,...
Imbonerahamwe y’imitsindire y’abana mu mashuri yisumbuye nk’uko yatangajwe na NESA, ivuga ko umwana watsinze ku manota ari hagati ya 20 na 39% yagerageje. Uwagize hagati ya 50 na 59% ngo ibyo yakoze...
Ikipe y’igihugu y’u Burundi yabuze itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika 2023 nyuma yo gutsindwa na Cameroon ibitego 3-0 mu ijoro ryo kuri uyu wa...