Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Bwongereza no ku isi,Harry Styles,niwe Mwongereza w’icyamamare uri munsi y’imyaka 30 ukize cyane kurusha abandi kuko abarirwa akayabo ka miliyoni 116 z’amapawundi....
Ikipe ya Kiyovu Sports yababaje mukeba wayo Rayon Sports iterura igikombe cya Made in Rwanda Cup gikinwe bwa mbere mu rwanda.
Mu mukino w’ishyiraniro wabereye kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo,...
Umutoza wa APR FC,Adil Erradi Mohammed yanenze urwego abakinnyi be bariho nyuma yo gutsindwa na Bugesera FC ibitego 2-1 batagerageje guhatana uko bikwiriye.
Ikipe ya Bugesera FC yatsinze APR FC...
Kuri uyu wa gatanu haratangira irushanwa rya Made in Rwanda Cup 2022 ryateguwe na RSB ifatanyije na FERWAFA ryitabirwa n’amakipe 4 arimo na Rayon Sports.
Ikipe ya Rayon Sports ifite abafana...
Myugariro wa Tottenham,Eric Dier ari mu rukundo n’umukobwa wagacishijeho na Alexis Sanchez ubwo yari hafi kuva mu ikipe ya Arsenal.
Eric w’imyaka 28,wongeye guhamagarwa n’umutoza Gareth Southgate...
Umwamikazi Elizabeth II uheruka gutanga yari umufana w’ikipe ya Arsenal ndetse niyo kipe rukumbi yatumiwe mu ngoro ye ya Buckingham Palace akiriho.
Nyiricyubahiro umwamikazi yatumiye ikipe ya...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu nibwo ikipe ya APR F.C yakoze imyitozo ya nyuma mbere yo gucakirana na US Monastir yo muri Tunisia.
Ni imyitozo yakoreshejwe n’umutoza mukuru Erradi Mohammed...
Umutoza mukuru wa APR FC, Adil Erradi Mohammed, yabonye ibyangombwa bimwemerera gutoza ikipe ye mu mikino ya CAF.
Uyu munya Maroc utaratoje iyi kipe mu myaka 2 ishize kubera imbogamizi...
Umutoza wa APR FC,Adil Mohammed yavuze ko ari wo mwanya wo gushaka uko bagera ku ntego bihaye mu mikino Nyafurika.
Uyu mugabo wishimiye kuba agiye gutoza bwa mbere yegereye ikibuga,yabwiye...
Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Haruna Niyonzima, yihanangirije bagenzi be kutazirara mu mukino wo kwishyura mu majonjora ya nyuma yo gushaka itike ya CHAN 2023 bazakina na na...
Amavubi yatangiye imyitozo yo kwitegura umukino wo kwishyura na Ethiopia uzabera kuri Stade ivuguruye ya Huye,kuwa Gatandatu w’iki cyumweru.
Kuri iki cyumweru nibwo Amavubi yatangiye imyitozo yo...
Umwana w’ingimbi bivugwa ko ari kurwana n’ubuzima bwe nyuma y’amashusho ateye ubwoba yafashwe ku mukino wo mu cyiciro cya kane muri Argentine.
Umukino wo guhangana uhuza abakeba bo mu mujyi wa...
Ahagana saa yine z’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, mu Mujyi wa Kigali haturikirijwe urufaya rw’ibishashi mu rwego rwo kwizihiza #Kwibohora28.
Mu Mujyi wa Kigali harashwe ibishahi by’urumuri muri iri...
Ikipe ya RWAMAGANA City niyo izakina umukino wa 1/2 na Interforce muri 1/2 cy’irangiza mu cyiciro cya 2, nyuma y’uko habuze icyemeza ko Mbanza Joshua yahawe ikarita y’umuhondo bahura na Nyagatare...
Umunyamahanga mukuru wa FERWAFA Muhire Henry yatangaje ko Imikino y’umunsi wa 29 wa shampiyona yari iteganyijwe hagati ya tariki 11 na 12 Kamena 2022 yimuriwe kuri 13 na 14.
Ibi bivuze ko habaye...
Stade ya Mbere mu Rwanda Stade AMAHORO yatangiye kuvugururwa ndetse byitezwe ko mu myaka 2 iri imbere izaba yuzuye iri mu isura nshya.
Umuyobozi w’agateganyo w’ikigo Cg’igihugu cy’imyubakire Noel...
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard,yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku ishusho y’ibiciro ku isoko n’ishusho y’ubukungu bw’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gicurasi 2022....
.
Imikino y’igikombe cy’Amahoro 2022 igeze muri ½ ikipe y’ingabo z’igihugu APR F.C ikaba igomba kwakira ikipe ya Rayon Sports mu mukino wo kwishyira wa ½ nyuma yo kunganya ubusa ku busa mu mukino...
Nyuma y’umukino ubanza wa ½ cy’Igikombe cy’Amahoro ikipe ya Rayon sports yanganyijemo na APR FC 0-0, Kapiteni wa Rayon Sports yavuze ko bafite icyizere cyo gukomeza mu mukino wo...
Ikipe ya APR FC yatangaje ko bamwe mu bakinnyi bakomeye igenderaho batari gukorana imyitozo n’abandi kubera ibibazo by’imvune.
Abo bakinnyi barimo Ruboneka Jean Bosco,Manishimwe Djabel na Mugisha...
Ikipe ya Police FC yatsinze Etoile de l’Est igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro ,ihita inayisezerera kuko mu mukino ubanza yari yayitsinze ibitego...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 02 Gicurasi 2022,Abayislamu bo mu Rwanda no ku Isi bizihije umunsi wa Eid al-Fitr usoza igisibo gitagatifu cy’Ukwezi kwa Ramadhan.
Benshi mu banyacyubahiro barimo...
Abayoboke b’Idini ya Islam mu Rwanda bazindukiye mu isengesho ryo kwizihiza umunsi mukuru wa Eidil-Fit’ri mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 2 Gicurasi 2022.
Abayisilamu bo mu mujyi wa...
Cristiano Ronaldo n’umukunzi we Georgina Rodriguez bashimiye abafana b’ikipe ya Liverpool nyuma yo gukorwa ku mutima nibyo ba bakoreye nyuma y’urupfu rw’umwana wabo...
Igihembe cya gatatu cy’uyu mwaka w’amashuri abanza,ayisumbuye na TVET kiratangira kuri uyu wa 18 mata 2022, biteganijwe ko kizarangira kuya 15 Nyakanga...
Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 cyabereye ku Rwibutso rwa Nyanza, mu Karere ka Kicukiro Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite Mukabalisa...