Umuhanzi n’umudepite mu nteko inshingamategegeko ya Kenya wamamaye nka Jaguar mu muziki ariko ubusanzwe witwa Charles Njagua Kanyi yerekanye ifoto y’umwana we w’umwaka umwe ubwo yuzuzaga umwaka umwe...
Kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Ukwakira 2021, abakobwa 22 batangiye guhatana mu cyiciro cy’amatora yo kuri internet (babiri bavuyemo kubera impamvu batangaje), aho uzagira...
Umukobwa witwa Liliane Ugirwabo akaba na mushiki w’umukunnyi Mutsinzi Ange Jimmy wahoze ukunira ikipe ya APER FC kuri ubu akaba ari kuginira ikipe Clube Desportivo Trafense yo mu gihugu cya...
Umukobwa witwa Nshuti Divine Muheto uri mu batsindiye guhagararira Intara y’Uburengerazuba mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022, yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga ku bw’uburanga...
Umusizi Bahali Ruth n’umumwe mu bakobwa 29 babonye itike yo guhagararira umujyi wa Kigali mu irushanwa rya ryabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Gashyantare...
Ku ya 26 Gashyantare 2022 nibwo habaye ijonjiora ryo gutoranya abakobwa 20 bagomba kujya mu mwiherero wa nyuma wa Miss Rwanda 2022, bavuye muri 70 bari batoranyijwe mu Ntara 4 n’Umujyi wa Kigali,...
Kuri uyu wa Kabiri Saa 16:45, nibwo APR FC ihaguruka I Kigali yerekeza i Cairo mu Misiri, gukina umukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League izahuramo na Pyramids...
Nyuma y’amezi atandatu, umukinnyi Pogba ukinira Manchester United aba muri Hoteli yayivuyemo agura inzu ye bwite yatwaye asaga Miliyoni 3.49 z’ama-Pound.Pogba yageze muri Manchester United afite...
Mu gitaramo Diamond yakoreshereje i Nyamata yageze ku rubyiniro asaba ko abakobwa bumva biyizeye mu kubyina bazamuka hejuru bakabyinana, yitegereje imibyinire yabo ati: "hano mu Rwanda hari...
Umunyana Shanitah, umukobwa uhataniye ikamba rya Miss Rwanda 2018 akaba anasanzwe asengera mu itorero rya Redeemed Gospel Church riyobowe na Bishop Rugagi Innocent, ku iki cyumweru yahanuriwe...
Umunyamidelikazi ukunzwe n’abagabo benshi muri afurika y’iburasirazuba Vera Sidika yatangaje ko mu gihe cya vuba agiye kwibaruka umwana we wa mbere.
Abinyujije kuri Instagram kuri uyu wa Kane...
Ni kenshi wumva abantu bavuga ko abantu runaka bashakanye bataberanye hashingiwe ku buranga bwabo bakabifata nk’aho hari uwahenze undi ubushakashatsi bwagaragaje ko ibi bishobora kubatandukanya...