Umugore witwa Pauline Potter wo muri Leta ya Carifilonia muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika yategetswe n’umuganga gukora imibonano mpuzabitsina byibuze inshuro 7 ku munsi kugira ngo abashe...
Ubwo Perezida Kagame yari yitabiriye Rwanda Day yabereye i Washington DC tariki ya 2-3 Gashyantare 2024, umwe mu bayitabiriye yamugejejeho ikibazo cy’umwana we wavutse agahita agira ubumuga kubera...
Dr Vincent Kanimba, inzobere mu bijyanye no kubyaza wamenyakanye mu mavuriro atandukanye mu mujyi wa Kigali ari gusaba ubufasha nyuma yo gufatwa n’uburwayi bwa "Parkinson" amaranye imyaka...
Ikipe y’Igihugu y’Amagare (Team Rwanda ) imaze kwegukana imidali 3 ya Feza mu byiciro byose uko ari 3 yashoye muri Shampiyona Nyafurika yo gusiganwa ku magare yatangiye kubera mu Misiri kuri uyu wa...
Mu bice bitandukanye by’Isi cyane mu Burayi na Amerika, hari abakobwa n’abagore batanyurwa n’imiterere y’igitsina cyabo bakajya kukibagisha kwa muganga bashaka kukigabanyisha cyangwa gukuraho bimwe...
Rutahizamu wa Rayon Sports, Rudasingwa Prince,yagonganye na Muhire Anicet ( Gasongo ) wa Musanze FC mu mukino wa shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium birangira ajyanwe mu bitaro...
Umukinnyi wa Rayon Sports y’abagore, Judith Atieno yabuze ubutabazi bwihuse ubwo yagiriraga ikibazo ku kibuga cya Rwinkwavu mu mukino w’umunsi wa 16, wahuje iyi kipe n’Indahangarwa Women FC y’i...
Dr Denis Mukwege azwiho kudaceceka imbere y’ibibazo bya politike mu gihugu cye, ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo, no kuvuga ku nkomoko yabyo, ariko icyo azwiho cyane ni ukuvura...
Muri Kamena mu 2023 nibwo umunyamakuru wa Kiss Fm akaba n’umwe mu bakora ikiganiro cya Televiziyo Rwanda, Ishya, Cyuzuzo Jeanne D’Arc yibarutse imfura ye.
Muri Sudani, imirwano irakomeje hagati y’ n’igisirikare cya Sudani n’abarwanyi bo mu mutwe wa ‘Forces de Soutien Rapide (FSR)’ uvuga ko uharanira impinduka.
Kuri uyu wa Gatatu, Ingabo za Ethiopia zahanganye n’abarwanyi bo mu mutwe witwaje intwaro mu karere ka Amhara, mu bushyamirane bushobora gufata intera hagati y’abahoze ari abafatanyabikorwa...
Iyahoze ari Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside, CNLG,mu bushakashatsi bwayo yagaragaje bamwe mu bagore bagize uruhare mu gutegura no gushyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994....
Umunyapolitike mukuru kandi w’umukire wo muri Nigeria, umugore we hamwe n’umuganga wakoze “nk’umufasha” bahamwe n’umugambi wo kubona urugingo rw’umuntu mu buryo butemewe mu Bwongereza.
Ni nyuma y’uko...
Ibitaro byo mu majyaruguru ya Ghana byatangaje ko biheruka gupima umugabo w’imyaka 29 witwa Sulemana Abdul Samed bigasanga afite uburebure bwa metero 2 na santimetero 83 kandi ko agikura.
Ibi...
Hari bamwe mu baturage bafite ubwishingizi mu kwivuza, bavuga ko babangamiwe n’uko hari imwe mu miti bandikirwa na muganga ariko bajya muri farumasi ntibayihabwe kuko ngo itishingiwe, bagahabwa...
Umugore wari mu ndege yavaga muri Ghana yerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yafashwe n’ibise mu buryo butunguranye afashwa n’umuganga wari uyirimo abyara umwana we nubwo atari ashyitse....
Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Zanoco FC yo muri Zambia, Nizeyimana Mirafa agiye kurushinga n’inkumi yo muri Portugal aho yamaze no gufata irembo.
Umugore ukomoka muri Sierra Leone yakuwe umukasi mu nda yari amaranye imyaka 7 nyuma y’aho umuganga wamubaze yibagiwe kuwukuramo awumusiga mu nda.
Zainab Kamara,ukomoka mu karere ka Port Loko...
I Nyamirambo hari umugore wacuruje umwisengeneza we bigera aho asama inda ku myaka 13, nyina w’umwana yitabaza inkiko. Uyu mubyeyi waburanye na muramukazi we avuga ko yabuze umwana we kuko...