Ivan Ssemwanga umugabo wari umuherwe mu gihugu cya Uganda, yashyinguwe kuri uyu wa Kabiri taliki ya 30 Gicurasi 2017 mu gace avukamo ahitwa Kayunga muri Uganda.icyatangaje abantu ni imva y’uyu...
Christopher Maurice uzwi nka Chris Brown, umuhanzi wo muri leta zunze ubumwe za Amerika, uyu musore w’imyaka 28 y’amavuko yateguriye umukobwa we ibirori bidasanzwe ku isabukuru ye y’amavuko....
Nyuma y’uko Yvan Ssemwanga wahoze ari umugabo wa Zari ubu usigaye yibanira na Diamond atabarukiye, ubu Diamond Platinumz ikidodo ni cyose kuko ngo afite ubwoba bwo kuba na we yapfa akisigira...
Umuhanzi ukora umuziki wa Bongo Fleva uzwi nka AT yatangaje imvano y’urwango ruba hagati y’Abasitari babiri b’abanyamuziki aribo Diamond Plutnumz na mugenzi we Alikiba. AT yavuze ko urwango rwabo...
. Nicki Minaj yongeye kwibasirwa na Remy Ma . Amatiku ya Remy Ma ashobora gutuma Nicki Minaj yigaragaza
Nyuma y’igihe kigera ku mezi ane bigaragaye ko umuraperikazi Remy Ma afitanye amakimbirane...
Ni bake bafite icyo bazi ku rukundo rw’umuhanzi The Ben ,ariko nyamara ubwo aheruka muri Afurika y’ Epfo mu kiganiro yagiranye n’imwe mu maradio yaho yagize icyo atangaza ku rukundo rwe no ku...
Umuhanzi umwe yarahagurutse ati “kuri iyi Si nta wahazanye ibigega, abantu bose bazayisiga uko bayisanze”, dore ko n’Umunya Uganda, Semwanga uherutse gusasirwa amafaranga mu gituro bigoye kumenya...
Tupac Amarur Shakur (2Pac) n’umuhanzi w’icyamamare ufatwa na benshi mu bakunzi binjyana ya hip hop nk’intwari doreko nawe ariyo yaririmbaga, iyo azakuba akiri ku Isi kuri uyu munsi yari kuba yujuje...
Muri 2014 ni bwo Tom Close n’umugore we Niyonshuti Ange Tricia bibarutse imfura yabo. Nyuma y’imyaka itatu ishize uyu muryango wungutse imfura yabo,kuri ubu yaba Tom Close ndetse n’umugore we...
Nyampinga w’u Rwanda umwaka wa 2012, Mutesi Aurore yagaragaje ko ashyigikiye umuhanzi Christopher mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star iri kuba ku nshuro ya Karindwi.
Miss Mutesi Aurore,...
Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika, yamaze gutangaza ko Dream Boys na Christopher aribo bahanzi berekanye ko bafite inyota yo kuvamo umwe wegukana irushanwa rya Primus Guma Guma...
Urukundo rwa Chameleone na Daniella rugeze kuyindi ntera.Itandukana ryabo ryavurwaga mu minsi yatambutse ryavuyeho, kuri ubu aba bombi baragaragaza urukundo rudasanzwe harimo no kuba Chameleone...
Abana b’ababyinnyi bagize itsinda ’Triplets Ghetto Kids’ bamenyekanye cyane mu mashusho y’indirimbo ’Sitya Loss’ ya Eddy Kenzo bazabyina mu birori bikomeye bya BET 2017 bizabera mu mujyi wa Los Angeles...