Aline Umutoni yatangaje ko P Fla amunaniza cyane mu mikorere ye kuko adakora akazi nk’uko bikwiye, kandi ko igihe cyose akenewe ataboneka, ndetse anavuga ko urukundo hagati yabo rwajemo...
Abayizera Grace wamamaye nka Young Grace ni umwe mu bahanzikazi bagize izina rikomeye muri muzika y’u Rwanda. Ubu rero ari mu myiteguro yo kwibaruka imfura ye, akaba yakorewe ibirori bya Baby...
Nyuma yo gutangira umwuga we wo kurapa mu buryo busa nk’ubugoranye, Drake kuri ubu ni umwe mubaherwe bacye kw’isi batunze indege y’ubu bwoko bwa boeng 767 kugiti cyabo – Air...
Umuhanzi Fresh Kid UG w’imyaka 7,umaze iminsi avugisha benshi mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga,yamaze kugura imodoka ye nshya yo mu bwoko bwa Mercedes...
Umuraperi Ngenzi Serge[Neg G The General] uri kugororerwa Kigo Ngororamuco cya Iwawa, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru basuye iki kirwa yakomoje kumuraperi mugenzi we wamuhaye ku kiyobya...
Umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu Gihugu cya Uganda Gereson Wabuyi wamenyekanye nka Gravity Omutujju uririmba mu njyana ya Rapp yarashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu aho ubu ari kwitabwaho...
Umunyakenyakazi Vera Sidika uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera imiterere y’umubiri we ituma akurura abagabo cyane,yagaragaye ari kumwe na Drake nyuma y’ibirori bya Grammy Awards biherutse...
Umuraperi Drake wari umaze iminsi acecetse mu rukundo,yafotowe yihugitse muri restaurant yo mu mujyi wa Miami ari kumwe n’umuraperikazi witwa Stefflon Don, ukomoka mu...
Umugabo ushinzwe umutekano witwa Michael Nice yatangaje ko nubwo abatuye isi bazi ko Tupac Shakur yapfuye,we azi ko ari muzima kuko yamufashije guhunga Las Vegas akerekeza muri Cuba,ubwo...
Umuhanzi nyarwanda wamenyekaniye mu njyana ya Hip Hop yo mu rurimi rw’ikiswahili uzwi ku izina rya Bac-t,abinyujije mu ndirimbo yakoranye n’umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Tanzania "Pas Lee" yahaye...
Umuhanzikazi Nyarwanda wamenyekaniye mu njyana ya Hip Hop ufite amazina ya Abayizera Grace ariko uzwi ku izina rya Young Grace inyogosho yashyize ku mutwe we yabaye inshobera mahanga....
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2016, Kanye West yahuye na Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Amerika ahigitse Hillary Clinton. Uyu muraperi n’ubwo atitabiriye amatora ya...
Umuhanzi Nyarwanda wamenyekaniye mu njyana ya Hip Hop ndetse no mugukina Filme Nyarwanda uzwi ku izina rya Ama G The Black,uburyo yiyogosheshejemo bukomeje gutangaza abantu batari bake.
Ama G...
Umuraperi P Fla yatangaje ko yamaze kwibaruka umwana we wa kabiri w’umukobwa yirinze kuvuga amazina ye n’uwo yamubyaranye nawe, ni nyuma yundi w’umuhungu yabyaranye na El Poeta nyuma bakaza...
Nyuma y’uko umuraperi P Fla atangaje ko bagenzi be Riderman na Amag The Black atari abaraperi ahubwo ko ari abacuruzi, Riderman yumvikanye abwira P Fla ko ibyo yavuze nta gaciro bifite ngo kuko...
Umuraperi Siti True Karigombe yisunze mugenzi we The Major wo mu itsinda rya Symphony,bakorana indirimbo yitwa "Anick",ibyinitse cyane ariko irimo ubutumwa bufasha abasore uko...
Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko yifuza kugira uruhare no gutanga umusanzu we mu kubaka ikibumbano cy’umuraperi Tupac Amaru Shakur wamenyekanye nka 2Pac umaze igihe yitabye...
Umuraperi Ye Benshi bazi nka Kanye West nk’izina yahoranye agiye kujyanwa mu nkiko n’umuryango wa George Floyd nyuma yo kugaragara mu kiganiro ashinyagurira uyu mugabo wishwe muri Gicurasi...