Amagambo atavugwaho rumwe y’umuraperi Kanye West akomeje kuba menshi, aho kuri iyi nshuro yavuze ko akunda Umudage, Adolf Hitler wayoboye Jenoside yakorewe Abayahudi, kimwe n’aba-Nazi bayigizemo...
Umuraperi Kanye West akomeje kwibasirwa ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwambara umupira wanditseho “White Lives Matter” ibyafashwe nk’agasuzuguro ku birabura.
Umuraperi uri mu bagezweho hano mu Rwanda uzwi nka Papa Cyangwe yahishuye impamvu yamuteye kwibasira abahanzi bagenzi be barimo Bruce Melodie, Juno Kizigenza ndetse na Davis D mu ndirimbo...
Umuraperi Bushali yaserukanye n’umuhungu we Bushali Moon mu gitaramo cya "Rap City" cyitabiriwe n’ibyamamare mu njyana ya Hip Hop ndetse n’abakunzi b’iyi...
Umuraperi w’umunyabigwi ku rwego rw’Isi wamamaye nka 50 Cent biravugwa ko yajyanye mu nkiko Dr Angela ufite kompanyi ya Medspa iri kumugaragaza nk’urugero rwiza mubo bafashije mu kongera...
Umuraperikazi uri mu bakomeye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika wamamaye nka Card B yahamwe n’ibyaha yari akuriranweho akatirwa iminsi cumi n’itanu yo gukora imirimo...
Umuraperi Kanye West usigaywe wiyiya Ye yongeye kwibasira uwahoze ari umugore we Kim Kardashian we n’umuryango we abashinja kumwima uburenganzira mu guhitamo ishuri abana bagomba kwiagaho nka Se...
Umuraperi ukomeye muri Leta zunze ubumwe z’America wamamaye nka Lil Wayne yajyanywe mu nkiko n’uwahoze ari umukozi we amushinja kumukubita ndetse akanamukomeretsa.
Umuraperikazi wamamaye ku izina rya Oda Paccy ari mu byishimo byinshi nyuma y’uko agiye gusoza Kaminuza mu ishami rya Business Information Technology mu myaka icumi yari amaze yarahagaritse...
Umuraperi ukomeye muri Leta zunze ubumwe za America wamenyekanye nka Kanye West kuri ubu uri gukoresha izina rya Ye yagejejwe mu nkiko ashinjwa kwambura Kompanyi yitwa Phantom Labs yamufashaga...
Umuraperi uri mu batangije itsinda rya Tuff Gang wamenyekanye nka Bull Dogg yahishuye ko The Ben arimo kumunaniza kuburyo yamubuze ngo bakore amashusho y’indirimo’Rotate’ imaze amezi icyenda...
Umuraperi w’umufaransa Laouni Mouhid wamamaye nka La Fouine yavuze ko yatunguwe cyane n’imyitwarire myiza urubyiruko rwo mu Rwanda rufite avuga ko biri ku rwego rwo...
Dwayne Michael Carter Jr. umuraperi wamamaye nka Lil Wayne yabujijwe kwinjira ku butaka bw’Ubwongereza azira gukurikiranwa n’amategeko inshuro nyinshi iwabo muri Leta Zunze Ubumwe...