skol
Kigali

Search: umuraperi (955)

Bahati Grace yavuze imyato umusore bari mu munyenga w’urukundo

Bahati Grace wabaye nyampinga w’u Rwanda mu 2009,yagaragaje ko aryohewe mu rukundo n’umusore witwa Parfait yasimbuje K8 Kavuyo babyaranye akamwirengagiza.
12 January 2019 2050 0

Tupac bivugwa ko yishwe yafotowe ari mu gihugu cyo muri Africa bituma benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga...

Hongeye kugaragara amafoto y’umuraperi Omar Shakur wari uzwi nka Tupac ari mu gihugu kimwe cyo muri Africa ndetse uwashyize hanze avuga ko agenda yihishahisha kugira ngo azigaragarize isi ku wa 13...
4 January 2019 6009 0

Jay Polly ati "Hariya Habolo si heza kabisa" Menya byinshi ku buzima bwa Jay Polly muri Gereza ya...

Tuyishime Joshua wamenyekanye mu muziki Nyarwanda nka Jay Polly yasohotse muri gereza kuwa Kabiri taliki ya 1 Mutarama 2019, nyuma y’igihe kingana n’amezi atanu yari amaze afungiye muri gereza ya...
2 January 2019 2794 0

Hashyizweho abazayobora igitaramo cyo kwakira Jay Polly witegura gusohoka muri Gereza barimo ShaddyBoo[AMAFOTO]

Jay Polly umwe mu baraperi bakomeye hano mu Rwanda amaze igihe cy’amezi atanu afungiye i Mageragere aho ari mu gihano nyuma yo gukubita umugore we akamukura amenyo. Uyu muhanzi usigaje iminsi mike...
24 December 2018 2083 0

Young Grace yagaragaje amarangamutima adasanzwe afitiye Mwiseneza wagenze urugendo rurerure agiye kwiyamamaza muri Miss...

Mwiseneza Josiane, umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu Ntara y’Uburengerazuba akaza no kugira amahirwe yo kuzaba umwe mu bazahagararira iyi ntara, akomeje kuvugisha abantu...
22 December 2018 3235 0

Ntabwo nzi gutereta mbona abakobwa bisukiranya babisikana bandwanira –Green P

Green P yatangaje ko atazi gutereta ahubwo atungurwa nuko abakobwa babisikana bamurwanira.
13 December 2018 1801 0

Nicki Minaj ari mu rukundo n’umusore wigeze gushinjwa gufata ku ngufu no kwica umuntu

Nicki Minaj yatangaje ko ari mu rukundo n’umusore witwa Kenneth ’Zoo’ Petty wigeze gushinjwa gufata ku ngufu no kwica umuntu. Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 11 Ukuboza 2018 ,umuraperikazi Nick Minaj...
11 December 2018 1305 0

Bull Dogg yatangaje igihe azasezeranira n’umugore we bamaranye imyaka 7 bakundana

Bull Dogg yavuze ko azasezerana n’umugore we mu mwaka wa 2019 mu kwezi kwa Nyakanga.
11 December 2018 2387 0

Cardi B yatangarije kuri instagram ko yatandukanye n’umugabo we

Yambaye ubusa hejuru,umuhanzikazi Cardi B uzwi mu njyana ya Rap yakoze agashya atungura abafana be kuri Instagram,ababwira ko atagikundana n’umugabo we Offset baheruka kubyarana umwana w’umukobwa...
5 December 2018 1486 0

Beyonce ,Jay Z ,Usher na Ed Sheeran baririmbye mu gitaramo cyarimo Nyakubahwa Paul Kagame [AMAFOTO]

Ed Sheeran ,Beyonce ,Jay Z,Ppharrell Williams,Usher ,Tiwa Savage ni bamwe mu bahanzi batumiwe mu birori by’ iserukiramuco rya ‘Global Citizen’ ryabereye muri Afurika y’Epfo rihuzwa no kwizihiza...
3 December 2018 1829 0

P-Professor watangije kuramya no guhimbaza Imana muri Hip Hop mu itorero rya ADEPR yashenguye imitima ya benshi ubwo...

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 03 Ukuboza, abahanzi, abashumba inshuti ndetse n’abanyamuryango b’umuhanzi nyakwigendera Gakunzi Jonathan babyukiye mu muhango wo gusezera kuri uyu muhanzi...
3 December 2018 2465 0

Kim Kardashian yavuze igihe yigeze gukoresha ibiyobyabwenge n’icyabimuteye

Umunyamideli w’icyamamare ukomoka muri USA,Kim Kardashian yatangaje ko akoresha ibiyobyabwenge ndetse ko amaze kubinywa inshuro 2 zirimo iyo yabinyoye agiye gukina filimi...
27 November 2018 1219 0

Danny Nanone yatangaje bimwe mu bintu amaze kwigira mu ishuri rya muzika rya Nyundo

Danny Nanone yatangaje ko ishuri ry’umuziki rizwi nka Nyundo ryamuhaye ubumenyi bwinshi burimo gukora indirimbo zifite ireme.
26 November 2018 509 0

Kim Kardashian yatangaje ikintu gitangaje akunze gushwanira na Kanye West

Umunyamideli w’icyamamare ukomoka muri USA,Kim Kardashian yatangaje ko nubwo akunze gushyira hanze amafoto akurura abagabo ndetse n’amwe yambaye ubusa,bidashimisha umugabo we ndetse hari ubwo...
22 November 2018 1910 0

Am G The Black wasuye Jay Polly yatangaje bimwe mu byo baganiriye

Am G The Black yavuze ko bimwe mu byo baganiriye yagiye kumusura harimo nko kuba bagomba gucecekesha abantu bavuga ko injyana ya Hip Hop yasubiye inyuma.
21 November 2018 2327 0

Am G The Black yibukije bagenzi be ko gushaka umugore bitavuze kubafungirana mu rugo

Am G The Black yibukije abahanzi bagenzi ko gushaka umugore bitavuze kubafungirana mu rugo ,ahubwo ko biba bikwiye ko nabo babatembereza bakabereka akazi bakora uko kaba kameze bityo ngo bituma...
18 November 2018 3532 0

Kim Kardashian na Demi Rose bafite imiterere idasanzwe baciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto akurura abagabo...

Ibyamamare ku isi mu mideli Demi Rose na Kim Kardashian byongeye guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera imyambarire yabyo ikurura abagabo.
17 November 2018 2288 0

Green P yatangaje akayabo k’amafaranga yatangaga buri munsi agura mugo,kokayine n’urumogi

Green P yavuze ko ku munsi yarageze aho agura ibiyobyabwenge bihagaze amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 20,000frw kugira ngo agure ibiyobyabwenge birimo mugo,kokayine n’urumogi kugira ngo yumve ko...
16 November 2018 2089 0

Green P umaze igihe kirenga umwaka afungiwe mu inzu ngo yaciye ukubiri n’ibiyobyabwenge

Green P yatangaje amaze igihe kirenga umwaka mu rugo iwabo arimo kwitabwaho kubera ingaruka mbi yawe no kunywa ibiyobyabwenge bitandukanye.
16 November 2018 2148 0

Namaze igihe kirekire nziko Sauna/Massage ari Resitora -Theo Bosebabireba

Theo Bosebabireba yatangaje ko yamaze igihe kirekire atambuka ahantu hamanitse icyapa cya Sauna/Massage akagira ngo ni muri Resitora.
15 November 2018 1931 0

Kim Kardashian yahishuye impamvu itangaje ituma aherekeza Kanye West aho agiye hose

Kim Kardashian yavuze ko ntayindi mpamvu yindi aruko aba ashaka kumvikanisha neza ibyo avuga kuko yasanze benshi badasobanukirwa ibyo ababwira.
3 November 2018 1884 0

Oda Paccy yavuze ku ifoto y’umukobwa wambaye ubusa n’ubutuma yashakaga gutanga mu ndirimbo

Oda Paccy yavuze ko iriya foto yakoresheje mu ndiimbo y’umukobwa wiyambitse ubusa ko yashakaga kwerekana ko hari n’abakobwa bakoresha ibiyobyabwenge bakiyandarika ntatinye no kwerekana ubwambure...
28 October 2018 2385 0

Pro- Femmes Twese Hamwe isanga Oda Paccy yaratesheje agaciro umugore

Oda Paccy Impuzamiryango Pro-Femme Twese Hamwe, iharanira guteza imbere ihame ry’uburinganire no kwimakaza umuco w’amahoro, yanditse yamagana abahanzi batesha umuco nyarwanda agaciro inasaba...
26 October 2018 1566 0

Oliver Mtukudzi yagiriye inama abahanzi nyarwanda bifuza gukora umuziki wo ku rwego rwo hejuru

Yavuze ko niba abahanzi nyarwanda bashaka gukora umuziki uzahora ku mu matwi y’abafana babo ubuziraherezo ko bakwirinda gukoresha ihangana hagati yabo kandi ntibakore umuziki barebera ku...
25 October 2018 370 0

Depite Frank Habineza yatanze ubutumwa buvugira Oda Paccy ku bindi bihano ari gusabirwa n’abandi

Depite Frank Habineza yamaganye abantu bakomeje gukomeza gusabira Oda Paccy ibindi bihano birenze icyo kuba yakuwe mu ntore avuga ko nta cyaha yakoze gikabije ko adakwiye gukomeza...
25 October 2018 2306 0

Mwarabu warindaga umutekano wa Diamond yamusimbuje undi musore w’ibigango bidasanzwe[AMAFOTO]

Nyuma y’amakuru yatangajwe avuga ko umuhanzi Diamond Platnumz ashobora kuba yirukanye uwari ushinzwe kumurindira umutekano uzwi nka Mwarabu Fighter, ubu yamaze kubona undi musore w’ibigango uzajya...
23 October 2018 4119 0

Ifoto ya Marina yambaye Ipantalo igaragaza umubyimba n’imiterere by’igitsina cye yaciye ibintu ku mbuga...

Ifoto ya Marina ari kumwe na Badrama ndetse na Queencha bose babarizwa muri Label imwe yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda kubera ipantalon yari...
19 October 2018 18198 0

Bobi Wine,Bebe Cool,Ykee Benda n’abandi bahanzi baherutse gutakambira Kanye West ngo bakorane indirimbo...

Mu gihe abahanzi batandukanye bo muri Uganda bakomeje gutakambira Kanye West wasuye iki gihugu ngo bakorane indirimbo, Kanye West yatangaje ko ateganya gukorana n’abahanzi bo muri Uganda mu rwego...
17 October 2018 2929 0

Ariana Grande yatandukanye n’ umukunzi we

Ariana Grande uri mu bahanzi bakomeye ku Isi, yatandukanye na Pete Davidson bari bamaze amezi atanu bambikanye impeta ihamya urukundo rwabo rwaganishaga ku kubana nk’umugore...
16 October 2018 736 0

Kim Kardashian n’umugabo we Kanye West basekaye mu gihugu cya Uganda

Kanye West n’umufasha we Kim Kardashian bari kubarizwa mu gihugu cy’ubugande aho bari kuhakorera zimwe mu ndirimbo ziri kuri album ye yise ‘Yandhi’.
13 October 2018 2991 0
0 | ... | 630 | 660 | 690 | 720 | 750 | 780 | 810 | 840 | 870 | ... | 930