Hongeye kugaragara amafoto y’umuraperi Omar Shakur wari uzwi nka Tupac ari mu gihugu kimwe cyo muri Africa ndetse uwashyize hanze avuga ko agenda yihishahisha kugira ngo azigaragarize isi ku wa 13...
Tuyishime Joshua wamenyekanye mu muziki Nyarwanda nka Jay Polly yasohotse muri gereza kuwa Kabiri taliki ya 1 Mutarama 2019, nyuma y’igihe kingana n’amezi atanu yari amaze afungiye muri gereza ya...
Jay Polly umwe mu baraperi bakomeye hano mu Rwanda amaze igihe cy’amezi atanu afungiye i Mageragere aho ari mu gihano nyuma yo gukubita umugore we akamukura amenyo. Uyu muhanzi usigaje iminsi mike...
Mwiseneza Josiane, umwe mu bakobwa bahataniye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu Ntara y’Uburengerazuba akaza no kugira amahirwe yo kuzaba umwe mu bazahagararira iyi ntara, akomeje kuvugisha abantu...
Nicki Minaj yatangaje ko ari mu rukundo n’umusore witwa Kenneth ’Zoo’ Petty wigeze gushinjwa gufata ku ngufu no kwica umuntu.
Kuri uyu wa Kabiri Taliki ya 11 Ukuboza 2018 ,umuraperikazi Nick Minaj...
Yambaye ubusa hejuru,umuhanzikazi Cardi B uzwi mu njyana ya Rap yakoze agashya atungura abafana be kuri Instagram,ababwira ko atagikundana n’umugabo we Offset baheruka kubyarana umwana w’umukobwa...
Ed Sheeran ,Beyonce ,Jay Z,Ppharrell Williams,Usher ,Tiwa Savage ni bamwe mu bahanzi batumiwe mu birori by’ iserukiramuco rya ‘Global Citizen’ ryabereye muri Afurika y’Epfo rihuzwa no kwizihiza...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 03 Ukuboza, abahanzi, abashumba inshuti ndetse n’abanyamuryango b’umuhanzi nyakwigendera Gakunzi Jonathan babyukiye mu muhango wo gusezera kuri uyu muhanzi...
Am G The Black yavuze ko bimwe mu byo baganiriye yagiye kumusura harimo nko kuba bagomba gucecekesha abantu bavuga ko injyana ya Hip Hop yasubiye inyuma.
Am G The Black yibukije abahanzi bagenzi ko gushaka umugore bitavuze kubafungirana mu rugo ,ahubwo ko biba bikwiye ko nabo babatembereza bakabereka akazi bakora uko kaba kameze bityo ngo bituma...
Oda Paccy yavuze ko iriya foto yakoresheje mu ndiimbo y’umukobwa wiyambitse ubusa ko yashakaga kwerekana ko hari n’abakobwa bakoresha ibiyobyabwenge bakiyandarika ntatinye no kwerekana ubwambure...
Depite Frank Habineza yamaganye abantu bakomeje gukomeza gusabira Oda Paccy ibindi bihano birenze icyo kuba yakuwe mu ntore avuga ko nta cyaha yakoze gikabije ko adakwiye gukomeza...
Ifoto ya Marina ari kumwe na Badrama ndetse na Queencha bose babarizwa muri Label imwe yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda kubera ipantalon yari...
Mu gihe abahanzi batandukanye bo muri Uganda bakomeje gutakambira Kanye West wasuye iki gihugu ngo bakorane indirimbo, Kanye West yatangaje ko ateganya gukorana n’abahanzi bo muri Uganda mu rwego...
Ariana Grande uri mu bahanzi bakomeye ku Isi, yatandukanye na Pete Davidson bari bamaze amezi atanu bambikanye impeta ihamya urukundo rwabo rwaganishaga ku kubana nk’umugore...