Umuhanzi w’Umunyarwanda Ngabo Medard wamamaye mu muziki nka Meddy, yamaze gutangaza ku mugaragaro ko mu minsi mike abakunzi b’Umuziki baraba bamaze kubona indirimbo ye n’icyamamare muri Tanzania...
Umusore wakoraga akazi ko gutwara indege muri Oman, Danzak yavuye ko yavuye kuri aka kazi atangira gukora umuziki mu rwego rwo kuzahura na Wema Sepetu avuga ko akunda bizira...
Uwihoreye Moustapha wamenyakanye nka Ndimbati muri film isetsa y’uruhererekane ya Papa Sava agiye gusohora indirimbo yise ‘Nabuze umuntu’ izaba ikoze muri Trap Music akaba yashyigikiwe na mugenzi we...
Umuhanzikazi witwa Sulli w’imyaka 25 yasanzwe mu rugo rwe rw’ahitwa Seongnam hafi y’umujyi wa Seoul muri Koreya y’Amajyepfo yapfuye, nyuma y’iminsi mike ahagaritse umuziki kubera abafana bamuserereje...
Iradukunda Grace Divine wamenyekanye nka DJ Ira mu kazi akora ko kuvangavanga umuziki, avuga ko ataryamana nabo bahuje igitsina nk’uko byagiye bivugwa, ahubwo ngo imyambarire ye ni yo ituma...
Umusore uvangavanga umuziki uzwi ku izina rya Dj Hero yakubiswe n’abaturage bari bagiye kubyina mu kabyiniro, nyuma yo gucuranga indirimbo zo muri Afurika...
Mu minsi ishize ubwo hasozwaga ibitaramo bya Iwacu Muzika Festival, Meddy ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , nyuma yo kumva no kureba amashusho y’ikiganiro umuhanzi ukunzwe...
Umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi ku mazina ya Diamond Platnumz wamamaye mu muziki wa Bongo Fleva muri Tanzania, yavuze ko akunda cyane umuhanzi w’Umugande Jose Chameleone ndetse ko anifuza...
Umugabo n’umugore bagaragaye bari gusambanira ku ibaraza rya Hoteli yo ku mucanga uzwi cyane wa Ibiza hafi y’aho umuhanzi akaba n’umu DJ witwa David Guetta yavangiraga umuziki awuha abakunzi...
Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uzwi cyane mu muziki nka Harmonize, yasabye abafana be kureka gukomeza kumugereranya na Diamond Platnumz usanzwe ari umuhanzi mugenzi we ndetse akanaba boss we mu nzu...
Umuhanzikazi Umuratwa Priscillah uzwi nka Princess Priscilah uba muri Leta Zunze Ubumwe za America yagaragaje ifoto ye agitangira umuziki ku myaka 17 igaragaza ko yari afite uruhu rumyoye. Atebya...
Umuhanzi Mico The Best uri mu bayoboye mu Rwanda mu njyana ya ya Afrobeat,yakoranye indirimbo n’umuhanzi wo muri Zambia witwa B Flow,mu rwego rwo kuzamura umuziki we ku rwego...
Umusore wamenyekanye mu Rwanda nka Dj Bob na mugenzi we nawe umaze kumenyerwa mu kuvanga umuziki uzwi nka Deejay Deelex bateguriwe ikirori cyo kwizihiza isabukuru yabo y’amavuko n’inshuti...
Am G The Black yiyamye bamwe mu banyamakuru bo mu Rwanda bigize abacukumbuzi mu gihe zimwe mu ndirimbo z’abanyarwanda zasohotse bashakisha izisa nizo basohoye ababwira ko ariko basubiza inyuma...
Mc Tino yavuze ko yahagaritse gukora kuri Radio mu rwego rwo guha umwanya uhagije ibikorwa bye bya muzika kubera ko kwikorana umuziki bisaba imbaraga...
Mu dushya twaranze iki gitaramo harimo nko kuba uyu muhanzikazi yageze ku rubyiniro yambaye imyenda ikorerwa muri afurika ,ndetse harimo no kuba yaririmbanye n’umwe mubagab bafte ubugufi...
Umuhanzi Alpha Bkondy yageze mu Rwanda aho yitabiriye iserukiramuco ry’umuziki rya Kigali Up Music Festival aho aje mu gitaramo agomba gukora kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Nyakanga...