Abantu hafi 200,000 bamaze gutambuka imbere y’isanduku irimo umurambo wa Papa Benedict XVI mu minsi itatu ishize bamusezeraho, nk’uko Vatican ibivuga.
Umurambo we urashyingurwa none kuwa kane....
Umutoza w’Ubuholandi,Louis Van Gaal yavuze ko agiye kongera gusezera ku butoza nyuma yo gusezererwa na Argentina mu gikombe cy’isi kuri penaliti 4-3.
Louis van Gaal wari warasezeye ku kazi ko...
Dr Mbonimana Gamariel uheruka kwegura ku mirimo y’ubudepite kubera ubusinzi bukabije yasabye imbabazi Perezida Kagame ndetse yemeza ko yafashe umwanzuro wo kuzireka.
Dr. Gamariel Mbonimana...
Mugitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 14 Ugushyingo 2022 nibwo hasakaye amakuru y’uko Hon Mbonimana Gamariel uvugwaho kubatwa n’ubusinzi yeguye ku mirimo ye nkuko byemejwe na Visi Perezida...
Boris Johnson wahoze ari Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yikuye mu guhatanira ubuyobozi bw’ishyaka rya Conservative riri ku butegetsi, avuga ko yari afite abamushyigikiye bo gutuma yiyamamaza...
Umwamikazi Elizabeth II, wari urambye ku ngoma kurusha abandi mu mateka y’Ubwongereza, yatangiye I Balmoral ku myaka 96, nyuma yo kumara ku ngoma imyaka 70.
Elizabeth II watanze kuri uyu wa Kane...
Umuyobozi mukuru wa kompanyi y’ibitoro mu Burusiya Lukoil witwa Ravil Maganov, yapfuye nyuma yo guhanuka mu idirishya ry’igorofa y’ibitaro biri mu murwa mukuru Moscow, nk’uko amakuru abivuga....
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Dr Didas Kayihura Muganga, Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda w’agateganyo.
Na ho Dr Raymond Ndikumana agirwa Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe...
Uyu munsi, Boris Johnson aregura ku mwanya wo kuba umukuru w’ishyaka,Conservative,ariko akomeze kuba minisitiri w’intebe w’Ubwongereza kugeza mu muhindo.Ibi byatewe n’igitutu cy’abagize guverinoma...
None ku wa gatatu, Angela Merkel arava ku butegetsi yari amazeho imyaka 16 nka Chancellor w’Ubudage, mu rugendo rwa politiki rwamugejeje ku mwanya wo hejuru mu Budage yatangiye mu myaka irenga 30...
Umutoza wabaye icyamamare muri Real Madrid, Zinedine Zidane, ngo ’ari kwshyushya’ kugira ngo aze gufata akazi ka Manchester United kandi birashoboka kongera kumubona ari gutoza na Cristiano Ronaldo...
Senateri Uwizeyimana Evode yasezeranye imbere y’amategeko na Zena Abayisenga bagiye kubana.
Ku wa Gatanu saa cyenda n’igice nibwo Uwizeyimana yasezeranyijwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge na...
Umurundi Massoud Irambona Djuma yagizwe umutoza mushya wa Rayon Sports FC mu myaka 2 iri mbere aho ayigarutsemo nyuma yo kuyivamo mu mwaka wa 2017 ayihesheje igikombe cya shampiyona.
Nyuma...
MUGABO Nizeyimana Olivier yatorewe kuyobora Komite Nyobozi ya FERWAFA ku bwiganze busesuye bw’amajwi 52 kuri 59 y’abitabiriye aya matora yabereye kuri Lemigo...
Mu ijoro ryakeye nibwo hasohotse ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yari yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,yanzuye ko abahoze ari Abaminisitiri Dr. Diane Gashumba na Prof Shyaka...
Umuherwe washinze Microsft,Bill Gates uherutse gutandukana n’umugore we Melinda,yashyizwe hanze n’ibinyamakuru byemeje ko yasambanye n’umukozi wo muri iki kigo...