Kuri uyu wa Mbere abakuru b’ ibihugu bitabiriye inama idasanzwe y’ Umuryango w’ Afurika yunze Ubumwe batangiye kugera mu Rwanda Perezida wa Uganda Yoweri Museveni ntabwo ari muri 23 bemeye ko bazayitabira.
Iyi nama idasanzwe y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe izasinyirwamo amasezerano ashyiraho isoko rimwe rya Africa “African Continental Free Trade Area”. Ku ikubitiro, Perezida Mahamadou Issoufou wa Niger usa nk’aho ari nawe uyoboye ishyirwa mu bikorwa ry’uyu mushinga niwe wabanje kugera mu (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Abakuru b’ ibihugu batangiye kugera mu Rwanda mu nama Museveni adategerejwemo
19 March 2018, by Nsanzimana Ernest -
Karongi: Umurambo wa Halindintwali Zabuloni bawusanze mu Mugezi wa Musogoro
24 March 2023, by Sylvain NGOBOKAUmurambo w’umusaza witwa Halindintwali Zaburoni wo mu kagali Ka Ruragwe bawusanze mu Mugezi wa Musogoro ku nkombe z’uyu Mugezi ku ruhande rw’akagali ka Kibirizi .
Umugezi wa Musogoro ukunda kuzura cyane mu gihe cy’imvura nyinshi kandi igihe wuzuye kuwa mbuka bigasaba ko utambukira aho ubonye hose. Musogoro ikaba ari umwe mu migezi ni yiroha muri Nyabarongo.
Bamwe mu baturage bashobora kuba aribo bamuheruka bwa nyuma baganiriye n’Umuryango bavuga ko kuwa gatatu Zabuloni yiriwe ku isoko rya (...) -
Nyarugenge: Abantu 3 bakurikiranyweho ubwambuzi bw’asaga Miliyoni eshanu
13 November 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi y’u Rwanda mu karere ka Nyarugenge ifunze abagabo batatu bakekwaho icyaha cy’ubwambuzi bwa Miliyoni sizaga 5 z’amafaranga y’u Rwanda bibye umucuruzi ufite iduka mu kagali ka Kiyovu, mu murenge wa Nyarugenge. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel HITAYEZU yavuze ko abafungiwe iki cyaha ari IRADUKUNDA Sadi, NZEYIMANA Innocent na NYANDWI Alexis.
Yavuze ko kandi iperereza ry’ibanze rigaragaza ko ku wa gatanu tariki 10 z’uku kwezi Ugushyingo (...) -
Aba bantu barimo n’umugore bafashwe basinze mu buryo bukabije kuri Noheli[AMAFOTO]
27 December 2018, by Martin MunezeroPolisi y’Igihugu yerekanye abantu bakurikiranyweho ubusinzi ndetse no kugonga byaturutse ku businzi muri Kigali ku munsi wa Noheli n’abandi bafashwe bibye abaturage.
-
Rayon Sports yeretse ibigwi byayo Heroes FC ikomeza gusatira APR FC
8 December 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yanyagiye Heroes yazamutse uyu mwaka ibitego 4-1 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona, bituma ifata umwanya wa kabiri bidasubirwaho yari imaze iminsi isangiye na Police FC.
-
Minnaert yatangaje uburyo bw’imikinire Rayon Sports irakoresha kuri Costa do Sol
6 April 2018, by Dusingizimana RemyUmutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko ikipe ye irakina umukino wo kwatakira rimwe ndetse bakaza kugarira rimwe kugira ngo bashyire igitutu Costa Do sol yo muri Mozambike barakina uyu munsi mu mukino wo gushaka itike yo kwinjira mu matsinda ya CAF Confederations Cup. Rayon Sports irasabwa ibitego byinshi mu mukino ubanza
Mu myitozo ya nyuma yok u munsi w’ejo,Minnaert yabwiye abanyamakuru ko bamaze iminsi bareba amashusho agaragaza imikinire ya Costa do Sol muri aya marushanwa ya CAF (...) -
Rayon Sports yasinyishije Umunya Ghana wakinnye mu Butaliyani [AMAFOTO]
13 June 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports ibifashijwemo na MK Card imaze gusinyisha umukinnyi wo hagati ukomoka mu gihugu cya Ghana witwa Olokwei Commodore nyuma yo gushima urwego rwe mu myitozo yari amaze iminsi akorera mu Nzove.
-
Watch LaLiga on StarTimes - The stage is set for El Clásico
20 October 2020, by UbwanditsiThere are few matches – if any – that grab the world footballing headlines as much as the El Clásico.
Barcelona against Real Madrid – it hardly gets any bigger than when these two LaLiga giants meet, as they will play on Saturday in the Camp Nou in Barcelona. For both teams, the league has not been going according to plan. On the weekend, Real Madrid was beaten 1-0 at home by newly promoted Andalusian club Cádiz, while Barcelona was beaten by the same score by Getafe, leaving Blaugrana in (...) -
‘Mu burezi ntabwo harimo akajagari’ Dr Biruta
27 August 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Ibidukikije mu Rwanda akaba na Perezida w’ ishyaka riharanira Imibereho Myiza n’ Iterambere (PSD), Dr Vincent Biruta ntabwo yemeranya n’ abavuga ko mu burezi bw’ u Rwanda harimo akajagari.
-
Imodoka nini zabujijwe gukoresha umuhanda Kigali- Gicumbi-Gatuna
15 May 2018, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatangaje ko abatwara imodoka bakwirinda guca mu muhanda Kigali – Gicumbi – Gatuna kuko inkangu yawangije ahubwo bagakoresha umuhanga Kigali – Kayonza – Kagitumba kuko wo umeze neza.
0 | ... | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | ... | 2470