Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye Cpl Turikumwe igifungo cy’imyaka 15 no kwamburwa impeta za gisirikare nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gukomeretsa umuntu ku bushake bikamuviramo urupfu no gutoroka igisirikare.
Ni isomwa ry’urubanza ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 6 Mutarama 2023, mu cyumba cy’inama cy’akagari ka Gaseke, Umurenge Mutete mu Karere ka Gicumbi.
Cpl Turikumwe yaregwaga ibyaha bibiri harimo gutoroka igisirikare no kwica umugore witwa Uwiragiye Clementine ku bushake (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Umusirikare wa RDF yakatiwe igifungo cy’imyaka 15
7 January 2023, by Dusingizimana Remy -
Kigali: RBC yatangaje ibisubizo bya Covid-19 byafashwe mu bari mu tubari
3 October 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki 02 Ukwakira 2021,Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangiye gupima Covid-19 mu buryo butunguranye ahahurira abantu benshi nko mu tubari, insengero n’ahandi mu rwego rwo kureba uko iki cyorezo gihagaze.
Iyi gahunda ije nyuma y’uko mu ijoro rya tariki 01 Ukwakira 2021, Umujyi wa Kigali wafunze akabari kitwa “People”gaherereye mu Murenge wa Kacyiru, nyuma yo gusanga abantu ari uruvunganzoka, babyina kandi barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19.
Mu butumwa (...) -
RDC yashyikirije u Rwanda abarwanyi 5 bo mu mutwe wa CNRD n’imiryango yabo
28 December 2019, by Dusingizimana RemyAbarwanyi batanu bo mu mutwe CNRD wiyomoye kuri FDLR, n’abandi 28 babakomokaho, bagejejwe mu Rwanda ku wa Gatanu bavanwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Rayon Sports yimuye italiki yagombaga gutangarizaho umutoza wayo mushya
20 September 2019, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bwa Rayon Sports bwamaze kwimura igihe bwagombaga gutangariza ku mugaragaro umutoza mushya usimbura Robertinho watandukanye nayo mu minsi ishize.
-
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi
11 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri taliki ya 11 Gashyantare 2020 nibwo haraba umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Daniel Arap Moi wayoboye igihugu cya Kenya imyaka 24 yose nyuma yo gusimbura Jomo Kenyatta.
-
"....Tuzatuma hari umuntu urara amajoro adasinziriye"-Perezida Kagame avuga ku kujya RDC
30 November 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa gatatu, ari mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yakira indahiro z’abminisitiri bashya, mu buryo butari buherutse Perezida Kagame yafashe isaha imwe avuga ku kibazo cy’umutekano mucye mu burasirazuba bwa DR Congo,anasubiza ibyo bamwe bashinja u Rwanda.
Mu ijambo rye yahakanye ko u Rwanda rwateye Congo ariko avuga ko “hari impamvu zatujyanayo” akomoza ku bisasu byarashwe mu majyaruguru y’u Rwanda mu mezi ashize, n’ibitero bya FDLR mu 2019.
Yavuze ko yasabye mugenzi we wa Congo ko u (...) -
Iperereza ry’ ibanze ku rupfu rwa Pasiteri Maggie ryagaragaje ko yishwe anizwe
16 September 2017, by Nsanzimana ErnestPolisi y’ u Rwanda yatangaje ko iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko Pasiteri Maggie Mutesi witabye Imana ku Cyumweru tariki 10 Nzeri 2017 yishwe anizwe. Mu bakekwa harimo n’ umugabo wa Nyakwigendera.
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Theos Badege, yabwiye Igihe dukesha iyi nkuru ko iperereza ryerekanye ko Pasiteri Maggie yishwe anizwe.
Yagize ati “iperereza ry’ibanze riragaragaza ko [Pasiteri Maggie Mutesi] yishwe, azira kubura umwuka, anizwe cyangwa hakoreshejwe ikindi kintu’’. ACP Badege (...) -
Karangwa yakoze ikoranabuhanga ryo kwishyura umutekano
24 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmusore wiga mu mwaka wa mbere muri kaminuza yakoze application yise Sugira avuga ko izifashishwa mu kwishyuza no kwishyura umusanzu w’ umutekano ku buryo bitazongera kuba ngombwa ko abishyuza umutekano bajya mu ngo z’ abaturage.
Iradukunda Karangwa Prosper w’ imyaka 21 y’ amavuko, yiga ibijyanye n’ ikoranabuhanga mu muri Kaminuza ya UNILAK. Avuga ko iyi application yatangiye kuyikora mu ntangiriro za 2016.
Karangwa yatangarije Umuryango ko mu bantu bamuhaye ibitekerezo muri uyu mushinga agiye (...) -
Kicukiro : Umusaza n’ abana be bane babana mu kazu kahoze ari umusarane [AMAFOTO]
26 June 2017, by Nsanzimana ErnestNdaboneye Muzungu, Umusaza uri mu kigero cy’ imyaka 65 aratabaza ubuyobozi kubera ubuzima butaboneye abayemo bwo kuba mu kazu kahoze ari ubwiherero, kurya rimwe na rimwe nabwo agombye gusaba cyangwa agobotswe n’ abaturanyi
Uyu musaza utuye mu mudugudu wa Masaka, Akagari ka Cyimo mu murenge wa Masaka avuga ko umugore we yamutaye kubera ubuzima bubi abayemo.
Akazu atuyemo we n’ abana be bane bagahawe n’ umugiraneza wababonye akabagirira impuhwe.
Ndaboneye yivugira ko iyi nzu abamo yahoze ari (...) -
I Karembure muri Kicukiro akarere karimo kubakayo ishuri ribanza ry’ igorofa
30 January 2018, by Nsanzimana ErnestKarembure ni akagari ko mu murenge wa Gahanga,umwe mu mirenge igize akarere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali. Aka kagari kimwe n’ utundi twose two muri aka karere karimo kuzamukamo ibikorwa bitandukanye by’ iterambere birimo imihanda n’ inyubako zitanukanye kandi zigezweho.
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera no kunoza imiturire mu karere ka Kicukiro, umushoramari witwa Gahakwa arimo kubaka amazu agezweho mu murenge wa Gahanga arinaho akarere karimo kubaka ishuri ribanza rya (...)
0 | ... | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | ... | 2470