Urukundo rw’ibyamamare nikimwe mubintu usanga cyivugwa cyane mu myidagaduro nyarwanda , kuva aho aho iyo couple yamenyekaniye kugeza aho bakoreye ubukwe , ariko usanga akenshi ibyamamare nyarwanda bitandukanye bidakundwa guhirwa cyane n’urukundo kuko usanga batandukana hadaciye kabiri .
N’ubwo abakundanye bahana isezerano bashimangira ko ntawe uzahemukira undi, ko bazihanganirana, umugani w’ikinyarwanda ubisobanura neza ko ‘Nta zibana zidakomanya amahembe.’ Hari agirana ibibazo bakabicoca (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Dore rutonde rw’ingo z’ibyamamare nyarwanda zasenyutse hadaciye kabiri[AMAFOTO]
8 May 2023, by Rebecca UFITAMAHORO -
Imiterere y’igitsina cy’umugore yaba ifite uruhe ruhare mu munezero w’Abashakanye? Ibyo wamenya
28 October 2021, by UbwanditsiUburyohe,ibyishimo n’umunezero biboneka mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hagati y’umugabo n’umugore ni Imana yabiremye.
Umugore afite uko yaremwe kugira ngo mugihe cy’imibonano mpuza bitsina aryohere umugabo we n’umugabo Imana ifite uko yamuremye kugira ngo aryohere umugore we.
Uyu munsi turavuga ku byangombwa by’ingenzi umugore agomba kuba yujuje kugira ngo aryohere umugabo we mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Kuba umugore afite igitsina gusa ntabwo bihagije ngo mu gihe cy’imibonano (...) -
Umugwaneza avuga ko yakubiswe n’abapolisi bakamumena amatwi, akaba yarabuze aho abaza
5 December 2019, by UbwanditsiUmudamu witwa Umugwaneza Sam Gisele avuga ko agendana ubumuga bwo kutumva nyuma yo gukubitwa n’abapolisi babiri bakamumena amatwi nk’uko abivuga ndetse na raporo za muganga zabyerekanye ariko akaba yarabuze ubutabera kubera ko inzego zose yiyambaje zimuhahana
-
Diane Rwigara yagize icyo avuga ku mafoto bivugwa ko ari aye yambaye ubusa
1 June 2017, by Nsanzimana ErnestDiane Rwigara, umukobwa wa Nyakwigendera Asinapol Rwigara ufite muri gahunda kuziyamamariza kuyobora u Rwanda yavuze ko amafoto yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaya y’ umuntu wambaye ubusa atari ay’ ukuri
Kuva icyo gihe abantu batandukanye n’ibitangazamakuru bitandukanye byatangiye kujya bibitangaza mu buryo butandukanye benshi bibaza uburyo umwali w’umunyarwandakazi byiyongereyeho ushaka kuyobora u Rwanda yakora ibintu nk’ibi.
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki ya 1 Kamena (...) -
Theoneste Bagosora yahitanwe n’uburwayi bwamufatiye muri gereza
25 September 2021, by Dusingizimana RemyCol. Theoneste Bagosora wahamwe n’ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yaguye muri gereza yo muri Mali yari afungiwemo.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 29 Nyakanga 2019
30 July 2019, by Dusingizimana RemyKu wa Mbere, tariki ya 29 Nyakanga 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Ibitaro bya Muhima:Umugore wakuwemo ‘Nyababyeyi’ ndetse n’imfura ye igapfa aratabaza
25 July 2017, by Iyamuremye JanvierUmubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko utatangajwe amazina utuye mu murenge wa Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge avuga ko atazongera kubyara ukundi bitewe n’uburyo ngo atitaweho aho yari yagiye kubyarira mu bitaro bya Muhima bikamuviramo kumukuramo nyababyeyi, ngo n’umwana w’imfura yaragiye kubyara bikamuviramo gupfa.
Mu kiganiro na Royal Tv ducyesha iyi nkuru, uyu mugore yasobanuye akarengane yagiriwe kuva akiri ku bitaro kugeza atitawe n’inzego zose yagejejeho ikibazo cye harimo na Minisante. (...) -
Ibyo utamenye ku mukobwa uvuga ko yasambanyijwe n’ umuyobozi wa AMIR
18 October 2017, by Nsanzimana ErnestRwema uyobora AMIR mu Rwanda yatawe muri yombi azira gusambanya ku gahato
Mu minsi ibiri ishize, ni ukuvuga tariki 17 Ukwakira umukobwa uri mu kigero cy’ imyaka 28 yamenyesheje polisi y’ u Rwanda ko yasambanyijwe ku gahato n’ umuyobozi wa Association of Microfinance Institutions in Rwanda (AMIR).
Uyu mukobwa yari yaturutse I Kigali yoherejwe n’ ikigo akorera mu mahugurwa y’ impuzamiryango y’ ibigo by’ imari iciriritse(AMIR) mu karere ka Karongi ari naho ibi byabereye.
John Peter Rwema (...) -
Perezida Kagame yageze muri Angola aho araganirira na Museveni n’abandi baperezida bo mu karere[AMAFOTO]
12 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yamaze kugera mu mujyi wa Luanda muri Angola aho yitabiriye inama yatumiwemo na mugenzi we João Lourenço uyobora iki gihugu kugira ngo we n’abandi baperezida bo mu karere barebere hamwe uburyo bwo kugarura amahoro muri Kongo no kurwanya imitwe yitwaje intwaro ibarizwa muri kariya gace.
-
Taliki 18 Kamena: Isomere ibyaranze uyu munsi mu mateka
18 June 2017, by Renzaho FerdinandThabo Mbeki wabaye Perezida wa Afurika y’Epfo ari mu bihangange byavutse kuri iyi taliki
Turi tariki ya 18 Kamena, ni umunsi w’169 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 196 uyu mwaka ukagera ku musozo.
Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka.
• 1429: Ingabo z’igihugu cy’u Bufaransa ziyobowe na Joan of Arc zakubise inshuro ingabo z’ Ubwongereza zari ziyobowe na John Fastolf, mu gitero cyabereye ahitwa Patay.
• Ibi byabaye mu ntambara yahuje ibihugu byombi yiswe iy’imyaka ijana “La guerre de (...)
0 | ... | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | ... | 2470